Browsing Category
Izindi nkuru
Itangazo rya Sikubwabo wifuza guhinduza amazina
Uwitwa SIKUBWABO Elie mwene Sikubwabo na Mukamusoni utuye mu Karere ka Rubavu, umurenge wa Rubavu, Akagali ka Byahi ho mu Ntara y'Uburengerazuba, yanditse asaba aruhushya rwo guhindura amazina yari asanzwe akoresha ariyo SIKUBWABO ELIE!-->…
France: Umunyeshuri w’imyaka 16 yishe mwalimu we amuteye icyuma
Mu gihugu cy'Ubufaransa haravugwa inkuru y'umwana w'umunyeshuri waraye wishemwalimu we amuteye icyuma, bikavugwa ko uwo mwana ashobora kuba yari afite uburwayi bwo mu mutwe.
Umunyeshuri wo mu ishuri ryisumbuye mu Mujyi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Pasteur yakoze agashya ajya kubwiriza mu rusengero yitwaje imbunda ya Kalachinkov
Polisi yo mu gihugu cya Nigeria yatangaje ko yataye muri yombi umupasitori uherutse kujya mu rusengero kubwiriza ijambo ry'Imana yitwaje imbunda ya Kalachinkov atabifitiye uburenganzira.
Kuri iki cyumweru taliki ya 12 Gashyantare!-->!-->!-->!-->!-->…
Menya kimwe mu bintu bikomeye Israel Mbonyi wahiriwe n’urugendo yifuza muri uno mwaka
Bwana Israel MBONYI uzwi cyane mu ndirimbo zo guhimbaza Imana yatangaje intego ikomeye afitiye uno mwaka itangaza benshi
Israel MBONYI umwe mu bahanzi bamaze imyaka myinshi barigaruriye ikibuga cya muzika ihambaza Imana mu Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Ururimi rw’Icyongereza rwahigitse igishinwa ku rutonde rw’indimi zikoreshwa na benshi ku…
Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko ururimi rw'icyongereza rwahigitse urw'Igishinwa mu gukoreshwa n'umubare minini w'abatuye isi.
Icyongereza gikomeje kuyobora urutonde rw’indimi 25 zivugwa n’abantu benshi kurusha izindi mu isi.!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Gisubizo usaba uburenganzira bwo guhindurirwa amazina.
Uwitwa Gisubizo Erneste mwene Safari na Nyiransabimana utuye mu ntara y'Uburengerazuba, mu Karere ka Rubavu, umurenge wa Rugerero, mu kagali ka Rwaza, ho mu mudugudu wa Byima, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Itangazo rya Ndahimana wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa Ndahima Xxx mwene Banzubaze na Mukamana utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, umurege wa Mushonyi, Akagari ka Rurara ho mu mudugudu wa Ruhengeri yanditse asaba uburenganzira bwoguhinduza amazina yari asanzwe akoresha!-->…
Nkuranga Aimable yafunguwe by’agateganyo
Nkuranga Aimable wahoze ari Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Ihuriro ry’Ibigo by’Imari Iciriritse mu Rwanda (AMIR) ukurikiranyweho ibyaha by’ubwambuzi mu bucuruzi bw’amafaranga binyuze mu ikoranabuhanga , urukiko rwategetse ko arekurwa!-->!-->!-->…
Afande Ian Kagame umuhungu wa Perezida Kagame yagaragaye mu mutwe w’aba GP
Igihagararo, ubumenyi n’ubushobozi Ian Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame, arabifite ngo agirirwe icyizere cyo kuba mu barinda Perezida.
Uyu musirikare ukiri muto kuko aheruka kwinjira igisirikare tariki 04 Ugushyingo, 2022!-->!-->!-->!-->!-->…
USA:Trump Organisation yahamwe n’ibyaha 17 kubera kunyereza imisoro mu myaka 15
Kompanyi ya Donald Trump wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahamijwe ibyaha 17 kubera kunyereza imisoro, itegekwa kwishyura akayabo.
Urukiko rwa Manhattan rwo mu mujyi wa New York nirwo rwahamije ibyaha 17, ikigo cy'ubucuruzi!-->!-->!-->!-->!-->…
IATA yashyize hanze urutonde rwa Pasiporo zikomeye kurusha izindi ku isi mu mwaka wa 2023
Kompanyi yo mu Bwongereza y’ibijyanye n’ubwenegihugu n’aho gutura Henley & Partners yasohoye raporo yayo ya buri gihembwe ya pasiporo zifuzwa cyane ku isi bitewe n’aho zishobora kugeza abazifite.
Hari ibihugu bitatu bya Aziya!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Umwana yavumbuye iryinyo ry’ifi yo mu bwoko bumaze imyaka irenga miliyoni 3 buzimiye.
Umwana w'umukobwa wo muri Amerika yavumbuye mu mazi iryinyo ry'ifi rutura iri mu bwoko bw'amafi amaze imyaka irenga miriyoni 3 yarazimiye akaba akibaho.
Umwana witwa Molly Sampson ufite imyaka 9 y'amavuko ni we watoraguye iryinyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Magner Group umutwe w’abacancuro umaze iminsi uvugwa muri DRC ni mutwe ki?
Magner group ni kompanyi yigenga ya servisi za gisirikare yo mu Burusiya ikuriwe na Yevgeny Prigozhin, umuherwe w’umwizerwa wa hafi wa Perezida Vladimir Putin w'Uburusiya.
Tracey German, umwalimu n'impuguke mu ikemura makimbirane!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasaga 60,000 baje kunamira Papa Benedigito wa XVI
Ku munsi wa Mbere w’ikiriyo, abasaga 60,000 ni bo bitabiriye umuhango wo kunamira Nyiricyubahiro Papa Benedigito wa XVI witabye Imana ku wa Gatandatu taliki ya 31 Ukuboza 2022 afite imyaka 95.
Urupfu rwe rwaje rukurikira!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Azarias wifuza guhindurirwa amazina
Uwitwa NTAKANYURUMWANZI Azarias mwene Nkinamubanzi Isaie na Nyiramakawa Deborah utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Mushonyi, akagali ka Magaba ho mu mudugudu wa Ruyogoro, yanditse asaba uburenganzira bwo!-->…