Browsing Category
Izindi nkuru
SKOL na Rayon Sport bagiranye andi masezerano ya Miliyoni 150 ku mwaka
Biravugwa ko Uruganda rwenga inzoga zisembuye n'izidasembuye mu Rwanda Skol Brewery Ltd rwaba rugiye gushora agera kuri miliyoni 150 muri Rayon sport.
Mu minsi yashize ni bwo ibiganiro byari biri hafi kugana ku musozo hagati!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo kwegura k’umuvugizi wa Rayon Sport, umumunyamabanga mukuru wayo nawe yeguye
Nyuma yo kwegura k'uwari umuvugizi w'ikipe ya Rayon Sport, ubu n'uwari umunyamabanga Mukuru wayo nawe yeguye.
Abari bagize komite ya Sadate muri Rayon Sport bakomeje kwegura nubwo bwose we kugeza ubu yakomeje kwanga kurekura!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Umusore yafatiwe mu cyuho avuye kwiba yiyambitse imyenda y’abagore
Umusore yafatiwe mu cyuho ari gupfumura inzu yiyambitse imyenda y'abagore ngo yiyoberanye.
Umusore uri mu igero k'imyaka 24 y’amavuko ukomoka mu Murenge wa Nyange mu Karere ka Musanze yafashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 Gicurasi!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Urupfu rw’umwirabura George Floyd wari watsikamiwe n’umupolisi rwarakaje benshi
George Floyd yasubiyemo kenshi abwira umupolisi wamushinze ivi ku ijosi ko atabasha guhumeka
Abapolisi bane bo muri leta ya Minnesota muri Amerika birukanywe nyuma y'urupfu rw'umugabo w'umwirabura wari wafunzwe hashize amasaha!-->!-->!-->…
Costa Rica:Ubukwe bw’abahuje igitsina bwa mbere bwaciye kuri Televiziyo bituma umudepite avugako…
Bwa mbere muri Costa Rica habaye ubukwe bw’abahuje ibitsina
Abagore bakoze ubukwe ni Alexandra Quiros na Dunia Araya
Ejo hashize muri Costa Rica habaye ubukwe bwa mbere bw'abahuje igitsina, nicyo gihugu cya mbere muri Amerika yo!-->!-->!-->!-->!-->…
Izina Abamotari bahaye tariki ya 01 Kamena 2020 riratangaje.
Abamotari bo mu Mujyi wa Kigali bagaragaje inyota ikomeye bafitiye kongera kugaruka mu kazi kabatunze kagatunga n’imiryango yabo aho umunsi wa tariki ya 01 Kamena 2020 bawise "save the Date."
Moto nyinshi ziri mukiruhuko kuko ntabwo!-->!-->!-->…
RIB imaze gutangaza ko igiye gukurikirana ikibazo cy’abanyereje umutungo wa Rayon Sport
Nyuma y'aho umuyobozi wa Rayon Sport ashinjije ubujura abahoze bayobora iyo kipe, urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha rugiye gutangira iperereza
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere umuyobozi wa Rayon Sport yandikiye u rwandiko!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministre yasabye abapolisi babyibushye bakazana inda nini ko bashakirwa indi mirimo
Ministre w'ubutegetsi bw'igihugu mu gihugu cya Tanzaniya yasabye umuyobozi wa polisi gushakura indi mirimo abapolisi babyibushye bakazana inda nini.
Ministre w'mutekano mu gihugu cya Tanzaniya Bwana Georges SIMBACHEWENE yababajwe!-->!-->!-->!-->!-->…
UmuPasiteri yafashwe asambana n’umugore w’umugabo w’inshuti ye!
Mu minsi ishize mu gihugu cya Kenya, hasakajwe inkuru y’umupasiteri waguwe gitumo aryamanye n’umugore w’umugabo w’inshuti ye bari kwishimana nyuma y’itorero.
Amakuru avuga ko uyu mugabo w’inshuti ya pasiteri yakekaga umugore we!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
BOSENIBAMWE Aimé wayoboye intara y’Amajya ruguru yitabye Imana!
Uyu yari umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe igororamuco (National Rehabilitation Service: NRS),Bosenibamwe Aimé, yitabye Imana kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Gicurasi 2020,azize uburwayi.
Bosenibamwe Aime w’imyaka 50!-->!-->!-->…
Rwamagana: Abana 4 barohamye mu Kiyaga barya umunyenga mu barapfa.
Abana bane bo mu Mudugudu wa Kanserege, mu Kagari ka Kibare, Umurenge wa Gahengeri, Akarere ka Rwamagana barohamye mu mazi barapfa mu Kiyaga cya Gatoki gihuza Gahengeri n’Umurenge wa Nzige.
Ibi byabaye kuri uyu wa Gatanu ahagana saa!-->!-->!-->…
Huye:Mu kibanza Radio Salus ikoreramo habonetse imibiri bikekwa ko ari abazize Jenoside yakorewe…
Amakuru aturuka mu Karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo aravuga ko mu mbuga irimo inyubako Radio Salus ikoreramo habonetse ibimenyetso bigaragaza ko hashobora kuba hari imibiri bikekwa ko ari iy’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
!-->!-->!-->!-->…
Rwa rubanza rw’abasirikare bashinjwa guhohotera no gusambanya abagore ku gahoto rwasubitswe
Urukiko rukuru rwa gisirikare rwongeye rusubika urubanza ubushinjacyaha buregamo abasirikare ibikorwa byo guhohotera abaturage no gusambanya abagore ku nguvu
Ni urubanza abaregwa bagombaga kuburana ku ifunga n'ifungurwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye Agaciro ka za robots zizifashishwa mu gukurikirana abarwayi ba Covid-19
Hamaze kumenyekana agaciro ka za robots zizifashishwa mu gukurikirana abarwayi ba coronavirus
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 19 Gicurasi Ministeri y'ubuzima ku bufatanye na ministeri y'ikorabuhanga hamuritswe robots 5!-->!-->!-->!-->!-->…
“NTIZA” Indirimbo ya Bruce Melodie na Mr Kagame ntivugwaho rumwe kubera amagambo…
Abantu benshi bakomeje kutavuga rumwe ku ndirimbo NTIZA ya Bruce Melody na Mr Kagame baherutse gushyira hanze kubera amagambo y'urukozasoni n'ibishegu yuzuyemo.
Hashize iminsi mike abahanzi Bruce Melody na Mr Kagame bashyize hanze!-->!-->!-->!-->!-->…