Browsing Category
Izindi nkuru
Nyanza: Ba ntahonikora baratabaza Leta ko yabagoboka ikabaha ibyo kubatunga muri iki gihe basabwa…
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyanza batunzwe no guca inshuro batewe impungenge n'ingamba nshya zafashwe mu rwego rwo gukumira icyorezo cya Coronavirus
Nk'uko tubikesha Itangazo rya Dr Édouard Ngirente ministre w'intebe yatangaje!-->!-->!-->…
KAMONYI: Batatu bakurikiranyweho kwicira umugabo mu kabari bamuteye icyuma mu gituza
Abantu batatu harimo na nyir'Akabare bo mu Karere ka Kamonyi bari mu maboko ya RIB nyuma yo kwica umuntu bakoresheje icyuma
Abantu batatu barimo umugabo ui, mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi,umukobwa wakoragamo nyiri akabari!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Abakozi batatu ba SACCO batawe muri yombi bakurikiranyweho kunyereza umutungo
Abakozi batatu bakoreraga SACCO RWANIRO yo mu Karere ka Huye bari mu maboko y'ubugenzacyaha, bakuriranyweho kunyereza umutungo
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 18 Werurwe urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana REVERIEN wabeshyaga abantu ngo afite umuti wa Coronavirus yatawe muri yombi
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rumaze guta muri yombi Bwana Reverien wabeshyaga rubanda ngo afite umuti uvura icyorezo cya Coronavirus
Mu minsi ishize nibwo ku rubuga rwa youtube hagaragaye aka videwo k'umuvuzi Gakondo witwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore yatwitse insengero 3 zose nyuma yo kwizezwa ubukire ntabubone
Polisi yataye muri yombi umusore uherutse gutwika insengero zigera kuri 3 nyuma y'uko yijejwe ubukire ariko ntabubone.
Umusore witwa RAEGAN JOHN NGOBI uri mu kigero cy'imyaka 21 y'amavuko wo mu gace ka Kasokoso mu karere ka Wakiso!-->!-->!-->!-->!-->…
Miliyari zisaga 40$ ya Amerika nizo abaherwe 5 ba mbere ku isi bamaze guhomba kubera Coronavirus
Icyorezo cya Coronavirus kimaze gukoma mu nkokora ubukungu bw'abaherwe ku isi
Kuva kino cyorezo cya coronavirus cyakwaduka mu gihugu cy'Ubushinwa mu mwaka ushize, cyashegeshe ubukungu bw'isi mu buryo bugaragara, cyane ko icyo gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana MATESO yaraye atemye umugore we arapfa
Bwana MATESO wo mu Karere ka Rusizi akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore we amutemesheje umuhoro
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rukirikiranye Bwana MATESO NEPOMUSCENE wo mu Karere ka Rusizi mu Murenge wa Bugarama icyaha cyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ba bakobwa bangije imyanya y’ibanga ya mugenzi wabo, bakatiwe imyaka 25 y’igifungo
Ba bakobwa baherutse gusagarira mugenzi wabo bakamwangiriza imyanya y'ibanga, urukiko rumaze kubakatira imyaka 25 yose(photo archive)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 17 Werurwe 2020 urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge!-->!-->!-->!-->!-->…
Hatangiye intambara y’Amagambo hagati ya Amerika n’Ubushinwa ku nkomoko ya CORONAVIRUS
Ibihugu by'Ubushinwa na Leta Zunze ubumwe za Amerika byatangiye intambara y'amagambo ku nkomoko y'icyorezo cya Coronavirus.
Biragoye ko wamara umunsi wose utabonye umutwe w'inkuru ku binyamakuru mpuzamahanga uvuga ku cyorezo cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Abaturage babonye intare mu gace batuyemo bose baragahunga
Ku cyumweru abaturage batuye mu gace ka Molina de Segura mu gihugu cya Espagne bahiye ubwoba bakwira imishwaro ubwo babonaga intare yari yatorotse aho iba mu gace batuyemo.
Polisi yo muri kariya gace yakiriye telefoni zitagira!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore yasanze ikiyoka cya rutura mu mufuka w’ibijumba yari yikoreye agwa igihumure
Umugore witwa Merissa Davidson kuwa gatanu w'icyumweru gishize yagiye kugura ibijumba mu isoko ageze munzira havamo ikiyoka kinini ubwoba buramutaha amaguru ayabangira ingata.
Uyu mugore utuye mu gihugu cya Australiya yari aguze!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakristu 50 bapfuye nyuma yaho Pasiteri abahaye Isabuni y’amazi ngo bayinywe bakire indwara
Umu pasiteri ari mu mazi abira nyuma yaho ahaye abakristu isabuni yica za mikorobe ngo bayinywe babone umugisha.
Aya mahano yakozwe n'uyu muvugabutumwa ukomoka muri afurika y'epfo yayakoze abwira abayoboke be ko nibayinnywa bakira!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Bwana BAGAMBIKI uyobora DASSO mu Karere arashinjwa na bagenzi be kubahohotera no kubahoza ku…
Bwana DONAT BAGAMBIKI uyobora DASSO Mu Karere ka NYANZA, arashinjwa na bagenzi be kubahohotera no kubahoza ku nkeke abasaba ruswa.
Bamwe mu bakozi bakorera urwego rwunganira umutekano w'Akarere ka Nyanza bazwi nkaba DASSO baratabaza!-->!-->!-->!-->!-->…
Geraldine yafashwe yibye Tereviziyo ya shebuja abitumwe na Gitifu.
Polisi yataye muri yombi umukobwa witwa GERALDINE nyuma y'aho afashwe yibye TV mu rugo kwa shebuja, ngo yabitumwe na Gitifu.
BYUKUSENGE Geraldine w'imyaka 19 y'amavuko wari usanzwe akora akazi ko mu rugo mu Karere ka Rusizi, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umupasiterikazi yasabye abagabo babuze urubyaro kuryamana nawe kugirango barubone
Umupasiterikazi witwa Mrs Veronica yakanguriye abagabo batabyara kujya ku mushaka bakaryamana nawe kugirango barubone bitangaza benshi.
Uyu akomoka mu gihugu cya Nigeriya akaba afite itorero ryitwa LIFE OF FAITH AND PROSPERITY!-->!-->!-->!-->!-->…