Browsing Category
Izindi nkuru
Rwanda:Abakoresha barasabwa kudahirahira basesa amasezerano y’umurimo
Umunyamabanga Mukuru wa Sendika y’abakora mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro na za kariyeri mu Rwanda (Rwanda Extractives Workers Union (REWU), Mutsindashyaka André, arasaba abakoresha kubahiriza itegeko ry’umurimo ntibasese amasezerano!-->…
Pasiteri yambitswe ubusa ku karubanda kubera kwica gahunda ya guma mu rugo
Sudani y’Epfo mu mujyi wa Juba Pasiteri Abraham Chol uyoboye itorero rya Cush International Church yatawe muri yombi abanje kwambikwa ubusa ku karubanda, azira guteranyiriza abayoboke be ku rusengero no kwica amabwiriza ya guma mu rugo!-->…
Perezida Kagame yavuze ku hazaza ha Guma mu rugo, gutera inkunga ibigo byahombye n’abayobozi…
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mata 2020,Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,Paul Kagame yavuze ko u Rwanda muri iki cyumweru hazaba inama yiga ku ngamba za Guma mu rugo aho yemeje ko hashobora kuzagira bimwe mu bikorwa bifungurwa ndetse!-->…
RIB iraburira abishoye mu bucuruzi bw’amafaranga y’uruhererekane bwitwa 100K for 800K kubuhagarika…
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha bwasabye abanyarwanda bishoye mu bucuruzi bw’amafaranga y’uruhererekane bwitwa 100K for 800K kubuvamo vuba na bwangu kuko bufatwa nk’ubwambuzi bushukana.
Dore uko ubwo bucuruzi buba bupanze
Ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga:Kubera imvura Nyabarongo yafunze umuhanda Muhanga, Ngororero,Mukamira.
Nyuma y’amatangazo ya Rwanda Meteo yaburiraga abanyarwanda ko muri iyi minsi ya nyuma y’ukwezi kwa Mata hazakomeza kugwa imvura nyinshi, bigaragara ko batibeshye kuko hamaze iminsi igwa ubutaruhuka, kugeza n’aho imwe mu mihanda ifungwa.
!-->!-->!-->…
Ministre Ignacienne yateje impaka nyinshi nyuma yo kuvuga ko nta Munyarwanda wabura amafranga 300 yo…
Umunyamabanga wa Leta muri MINALOC Madame Ignacienne yateje imaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yaho avugiye ko nta munyarwanda wabura amafranga 300 yo kugura agapfukamunwa.
Nyuma y’uko ministeri y'ubuzima mu Rwanda itangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Isi ikomeje gushinja umuherwe BILL GATE kuba nyirabayazana w’icyorezo cya covid-19
Inyandiko zisaga ibihumbi magana cyenda zanditswe n'abantu batandukanye zirashyira mu majwi umuherwe BILL GATE kuba nyuma y'icyorezo cya coronavirus kimaze gushegesha isi yose
nyandiko zigera kuri 900,000 zimaze gutambuka ku mbuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Benshi mu bakunzi ba Ruhago ntibumva impamvu FERWAFA itari gufasha abanyamuryango bayo mu bihe…
Mu gihe FERWAFA yakomeye ku gitekerezo cy'uko nta mafranga ifite yo kugoboka amakipe, benshi bakunzi ba ruhago barasanga ari ugutererano abanyamuryango bayo mu bihe nk'ibi bikomeye.
Birakomeye ko wamara umunsi wose utumva amakuru ku!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Abantu 23 bahitanwe n’imvura irimo kugwa muri iyi iminsi muri Kivu y’Amajyepf.
Imvura ikomeye imaze iminsi igwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Mujyi wa Uvira, imaze guhitana abantu 23 abandi barenga 50 barakomereka.
Ubuyobozi bwatangaje ko hari ibintu byinshi!-->!-->!-->…
Abanyarwanda benshi barasanga gahunda ya #gumamurugo# yakongezwaho indi minsi
Mu gihe haburaga iminsi ibiri gusa ngo Leta itangaze umwanzuro kuri gahunda ya #gumamurugo#, benshi mu Banyarwanda barasanga ino gahunda ikwiye kongerwa
Mu gihe benshi mu Banyarwanda bategerezanije amatsiko menshi umwanzuro Leta!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore w’imyaka 16 bamusanze yimanitse ku giti yiyahuye.
Kuri uyu wa gatatu tariki 15 Mata, mu Murenge wa Gitensi mu Karere ka Karongi habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 16 uziritse umugozi mu ishami ry’igiti, amaguru akora hasi habamo gushidikanya ko yaba yiyahuye.
Umurambo w’uriya!-->!-->!-->!-->!-->…
MUSANZE:Abarokotse Jenoside batuye mu mudugudu wa Susa barizezwa kubakirwa.
Umuyobozi w’Akarere ka Musanze Nuwumuremyi Jeannine, arizeza abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 batuye mu Mudugudu wa Susa, mu Murenge wa Muhoza ubufasha bwa Leta bwo kubakirwa kuko inzu batuyemo zatangiye kwangirika.
Uwo!-->!-->!-->…
KAMONYI: Bwana HAKIZIMANA bamusanze mu bushorishori bw’igiti yiyahuye
Umusore w'imyaka 18 y'amavuko bamusanze mu bushorishori bw'igiti yiyahuye kubera umujinya w'umuranduranzuzi.
Umusore w'imyaka 18 y'amavuko wo mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Nyarubaka bamusanze yimanitse ku mugozi mu bushorishori!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyaruguru:Baguwe gitumo bari gusengera mu rugo rw’Umukecuru bamwe amaguru bayabangira ingata.
Abantu 21 bo mu Kagari ka Bitare, mu Murenge wa Ngera, mu karere ka Nyaruguru baguwe gitumo bari gusengera mu nzu yahoze ituwemo n’umukecuru akaza kuyimukamo kubera ko yari mu manegeka.
Aba baturage 21 bari bihishe bari gusengera muri!-->!-->!-->…
Kigali:Ambasade ya Israel mu Rwanda yatanze inkunga y’ibiribwa kubakeneye ibiribwa i Kigali.
Ambasade ya Israel mu Rwanda mu gitondo cyo ku wa Gatanu tariki 10 Mata 2020 yatanze inkunga ya toni enye zigizwe n’ibishyimbo, umuceri, n’ifu y’ibigori, bihwanye na Miliyoni eshatu z’amafaranga y’u Rwanda(3,000,000frw), ku miryango!-->…