Browsing Category
Izindi nkuru
Abanyeshuri 4 babakobwa bafatanywe udukingirizo twuzuyemo intanga z’abagabo bahita batabwa…
Bamwe mubanyeshuri bagera kuri bane babakobwa biga muri Uyo City Polytechnic, batawe muri yombi na polisi bazira kuba basanganywe udukingirizo turimo intanga z'abagabo bakoreshaga bashaka urubyaro.
Amakuru avugako abatawe muri!-->!-->!-->!-->!-->…
RCS yavuguruje amakuru yavugaga ko Dr. Christophe KAYUMBA yapfiriye muri Gereza
Urwego rw'Amagereza mu Rwanda rwanyomoje amakuru y'urupfu rwa mwalimu Dr Kayumba Christophe
Mu mpera z'icyumweru gishize nibwo amakuru yakomeje gucicikana hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga ko Bwana Dr KAYUMBA Christophe yapfiriye!-->!-->!-->!-->!-->…
Burera: MURORUNKWERE yafatanywe amafranga y’amahimbano arenga ibihumbi 300
Madame PROVIDENCE yafatanywe amafranga y'amahimbano agera ku bihumbi
Polisi yo mu Karere ka Burera yatangaje ko yafashe kuri uyu wa mbere umubyeyi uri mu kigero cy'imyaka 44 y'amavuko, imufatana amafranga y'amiganano agera ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: DAF w’Akarere ka GISAGARA Bwana GERARD yakubitiwe mu kabare n’umugore we induru…
Bwana GERARD MUDAHUNGA usanzwe ari DAF w'Akarere ka GISAGARA yaraye akubitiwe urushyi mu Kabare n'umugore we bamaranye imyaka irenga icumi.
Ibi byabaye kuri iki cyumweru taliki ya 8 Werurwe 2020 ubwo u Rwanda n'isi muri rusange!-->!-->!-->!-->!-->…
Abamotari mu gukumira coronavirus mu Rwanda bashobora gusabwa kwitwaza alcool bahanaguza casque…
Mu rwego rwo kwirinda coronavirus, zimwe mu ngamba zashyizweho nuko abakora umwuga w'ubumotari bashobora kujya bitwaza alcool ihanagura za casques z'abagenzi.
Biragoye kumara umunsi wose nta kinyamakuru cyanditse ku bijyanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo kwirukanwa muri Radio& TV10, David BAYINGANA yabonye akandi kazi keza.
Bwana BAYINGANA David yabonye akazi gashya nk'uhagarariye Prime insurance nyuma y'aho yirukaniwe muri Radio na TV10
Mu minsi mike ishize nibwo byinshi mu bintamakuru byo mu Rwanda btashyize ku mitwe y'inkuru zabyo amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Imiryango 119 yahawe inkoko mu rwego rwo kwirinda ugwingira.
Imirysngo 119 yahawe inkoko zo korora mu rwego rwo guhangana n'ikibazo cy'imirire mibi n'igwingira.
Kuri uyu wa gatanu imiryango igera ku 119 igizwe n'abarenga 300 bo mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Busoro bahawe inkoko 238 mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzikazi Katy Perry aritegura kubya imfura ye
Umuhanzikazi Katy Perry n'umugabo we Orlando Bloom aritegura kwibaruka imfura yabo vuba.
Uyu muhanzikazi yabitangaje abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram aho yaganiraga n'abafana be maze ababwirako mu mpeshyi yiteguye kubyara.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yuriye inyubako ya metero 145 mu minota 25 mu buryo buteye ubwoba
Umugabo witwa Alain Robert usanzwe uzwi ku kazina ka French Spiderman yakoze amateka i Barcelona yurira umuturirwa muremuremure uhari akoresheje igihe cy'ingana n'iminota 25.
Uyu mugabo ufite amateka mu kuzamuka no kumanuka!-->!-->!-->!-->!-->…
Reba umu polisi witendetse hejuru y’imodoka mu gihe umushoferi yari yanze guhagarara(Amafoto)
Umu polisi wo mu gihugu cya Nigeriya yitendetse ku cyizuru cy'imodoka mu gihe umushoferi wayo yari yanze guhagarara bitangaza benshi.
Uyu mu polisi ntiyigeze amenyekana gusa ubwo yahagarikaga umushoferi w'umugabo wari utwaye umugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore yatunguye umukobwa ajya kumwambikira impeta ku ndiba y’inyanja (Amafoto)
Umusore utuye muri Virginia witwa Ethan Studenic aherutse gukora ibintu bitangaje ajya kwambikira impeta y'urukundo umukobwa witwa Morgan mu mazi hasi cyane bitangaza benshi.
Aba bombi bahuye muri 2008 barakundana ,uyu musore!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyeshuri yambuwe ipantaro n’umuyobozi wa kaminuza abishyira kukarubanda(Amafoto)
Umunyeshuri wiga muri kaminuza ya Osun mu gihugu cya Nigeriya yambuwe ipantaro n'umuyobozi w'ungirije asigara yambaye ubusa buri buri.
Uyu munyeshuri akoresheje Twitter yagaragaje amafoto yibyo uriya muyobozi yamukoreye nyuma yaho!-->!-->!-->!-->!-->…
Gerard MBABAZI umunyamakuru wa RBA aranyomoza amakuru yavugaga ko Yapfuye
Gerard MBABAZI umunyamakuru ukunzwe cyane aranyomoza amakuru yavugaga ko yapfuye azize impanuka.
Ku munsi w'ejo hagiye hacicikana anafoto avuga ko uyu musore ukorera Radio Rwanda yapfuye azize impanuka y'imodoka, benshi batangiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Mwalimukazi AGNES amaze iminsi 8 afunze kubera ingengabitekerezo
Mwalimukazi wa NTURA Protestant amaze iminsi 8 ari mu maboko ya RIB akurikiranyweho amagambo y'ingengabitekerezo ya genoside
Madame AGNES NYIRAMBONIGABA w'imyaka 41 y'amavuko usanzwe ukora mu kigo cy'amashuri cya Ecole primaire!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu Barimu barinubira itegeko ribakata ku mushahara agashyirwa kuri Mutuelle de Santé.
Bamwe mu barimu ntibishimiye iteka rya ministeri ya Leta n'umurimo ribakata amafranga ku mishahara batagishijwe inama
Mu mpera z'icyumweru gishize nibwo Ministeri y'abakozi ba Leta n'umurimo yasohoye iteka rivuga ko buri mukozi wa!-->!-->!-->!-->!-->…