Browsing Category
Izindi nkuru
Ba bakobwa bangije imyanya y’ibanga ya mugenzi wabo, bakatiwe imyaka 25 y’igifungo
Ba bakobwa baherutse gusagarira mugenzi wabo bakamwangiriza imyanya y'ibanga, urukiko rumaze kubakatira imyaka 25 yose(photo archive)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 17 Werurwe 2020 urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge!-->!-->!-->!-->!-->…
Hatangiye intambara y’Amagambo hagati ya Amerika n’Ubushinwa ku nkomoko ya CORONAVIRUS
Ibihugu by'Ubushinwa na Leta Zunze ubumwe za Amerika byatangiye intambara y'amagambo ku nkomoko y'icyorezo cya Coronavirus.
Biragoye ko wamara umunsi wose utabonye umutwe w'inkuru ku binyamakuru mpuzamahanga uvuga ku cyorezo cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Abaturage babonye intare mu gace batuyemo bose baragahunga
Ku cyumweru abaturage batuye mu gace ka Molina de Segura mu gihugu cya Espagne bahiye ubwoba bakwira imishwaro ubwo babonaga intare yari yatorotse aho iba mu gace batuyemo.
Polisi yo muri kariya gace yakiriye telefoni zitagira!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore yasanze ikiyoka cya rutura mu mufuka w’ibijumba yari yikoreye agwa igihumure
Umugore witwa Merissa Davidson kuwa gatanu w'icyumweru gishize yagiye kugura ibijumba mu isoko ageze munzira havamo ikiyoka kinini ubwoba buramutaha amaguru ayabangira ingata.
Uyu mugore utuye mu gihugu cya Australiya yari aguze!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakristu 50 bapfuye nyuma yaho Pasiteri abahaye Isabuni y’amazi ngo bayinywe bakire indwara
Umu pasiteri ari mu mazi abira nyuma yaho ahaye abakristu isabuni yica za mikorobe ngo bayinywe babone umugisha.
Aya mahano yakozwe n'uyu muvugabutumwa ukomoka muri afurika y'epfo yayakoze abwira abayoboke be ko nibayinnywa bakira!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Bwana BAGAMBIKI uyobora DASSO mu Karere arashinjwa na bagenzi be kubahohotera no kubahoza ku…
Bwana DONAT BAGAMBIKI uyobora DASSO Mu Karere ka NYANZA, arashinjwa na bagenzi be kubahohotera no kubahoza ku nkeke abasaba ruswa.
Bamwe mu bakozi bakorera urwego rwunganira umutekano w'Akarere ka Nyanza bazwi nkaba DASSO baratabaza!-->!-->!-->!-->!-->…
Geraldine yafashwe yibye Tereviziyo ya shebuja abitumwe na Gitifu.
Polisi yataye muri yombi umukobwa witwa GERALDINE nyuma y'aho afashwe yibye TV mu rugo kwa shebuja, ngo yabitumwe na Gitifu.
BYUKUSENGE Geraldine w'imyaka 19 y'amavuko wari usanzwe akora akazi ko mu rugo mu Karere ka Rusizi, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umupasiterikazi yasabye abagabo babuze urubyaro kuryamana nawe kugirango barubone
Umupasiterikazi witwa Mrs Veronica yakanguriye abagabo batabyara kujya ku mushaka bakaryamana nawe kugirango barubone bitangaza benshi.
Uyu akomoka mu gihugu cya Nigeriya akaba afite itorero ryitwa LIFE OF FAITH AND PROSPERITY!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyeshuri 4 babakobwa bafatanywe udukingirizo twuzuyemo intanga z’abagabo bahita batabwa…
Bamwe mubanyeshuri bagera kuri bane babakobwa biga muri Uyo City Polytechnic, batawe muri yombi na polisi bazira kuba basanganywe udukingirizo turimo intanga z'abagabo bakoreshaga bashaka urubyaro.
Amakuru avugako abatawe muri!-->!-->!-->!-->!-->…
RCS yavuguruje amakuru yavugaga ko Dr. Christophe KAYUMBA yapfiriye muri Gereza
Urwego rw'Amagereza mu Rwanda rwanyomoje amakuru y'urupfu rwa mwalimu Dr Kayumba Christophe
Mu mpera z'icyumweru gishize nibwo amakuru yakomeje gucicikana hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga ko Bwana Dr KAYUMBA Christophe yapfiriye!-->!-->!-->!-->!-->…
Burera: MURORUNKWERE yafatanywe amafranga y’amahimbano arenga ibihumbi 300
Madame PROVIDENCE yafatanywe amafranga y'amahimbano agera ku bihumbi
Polisi yo mu Karere ka Burera yatangaje ko yafashe kuri uyu wa mbere umubyeyi uri mu kigero cy'imyaka 44 y'amavuko, imufatana amafranga y'amiganano agera ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: DAF w’Akarere ka GISAGARA Bwana GERARD yakubitiwe mu kabare n’umugore we induru…
Bwana GERARD MUDAHUNGA usanzwe ari DAF w'Akarere ka GISAGARA yaraye akubitiwe urushyi mu Kabare n'umugore we bamaranye imyaka irenga icumi.
Ibi byabaye kuri iki cyumweru taliki ya 8 Werurwe 2020 ubwo u Rwanda n'isi muri rusange!-->!-->!-->!-->!-->…
Abamotari mu gukumira coronavirus mu Rwanda bashobora gusabwa kwitwaza alcool bahanaguza casque…
Mu rwego rwo kwirinda coronavirus, zimwe mu ngamba zashyizweho nuko abakora umwuga w'ubumotari bashobora kujya bitwaza alcool ihanagura za casques z'abagenzi.
Biragoye kumara umunsi wose nta kinyamakuru cyanditse ku bijyanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo kwirukanwa muri Radio& TV10, David BAYINGANA yabonye akandi kazi keza.
Bwana BAYINGANA David yabonye akazi gashya nk'uhagarariye Prime insurance nyuma y'aho yirukaniwe muri Radio na TV10
Mu minsi mike ishize nibwo byinshi mu bintamakuru byo mu Rwanda btashyize ku mitwe y'inkuru zabyo amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Imiryango 119 yahawe inkoko mu rwego rwo kwirinda ugwingira.
Imirysngo 119 yahawe inkoko zo korora mu rwego rwo guhangana n'ikibazo cy'imirire mibi n'igwingira.
Kuri uyu wa gatanu imiryango igera ku 119 igizwe n'abarenga 300 bo mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Busoro bahawe inkoko 238 mu!-->!-->!-->!-->!-->…