Browsing Category
Izindi nkuru
HOSNI MUBARAK wahoze ayobora Misiri yitabye Imana ku myaka 91
Uwahoze ari Prezida wa MISIRI Bwana HOSNI MUBARAK yitabye Imana ku myaka 91
Tereviziyo yo mu gihugu cya Misiri yatangaje ko Bwana MUBARAK HOSNI wahoze uyobora igihugu cya Misiri mu gihe cy'imyaka 30 yose yitabye Imana mu gitondo cyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Reba ubukwe butangaje bw’abageni 220 bwabereye rimwe bikingiye icyorezo cya Coronavirus
Muri Philipine habaye ubukwe butangaje abageni baza bambaye uturinda munwa byumurimbo bashaka kwerekana ko birinze icyorezo cya Coronavirus.
Aba bageni bakoze ubukwe bagera kuri 220 amakuru akavugako banatewe inkunga na leta!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Akora akazi k’isuku yambaye ubusa buriburi none yinjiza akayabo
Umugore w'imyaka 35 akora akazi kisuku yambaye ubusa none yinjiza amyero 95 ku isaha.
Claire O' Connor, ku myaka ye 35 yinjiza amayero 95 ku isaha nyuma yaho yihimbiye umurimo wo kuzajya akora amasuku mu ngo no mu ma Hoteli!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye Amanota Miss Rwanda 2020 yagize mu kizami cya Leta, ateye isoni n’agahinda
Amanota make kandi ateye isoni Miss Rwanda 2020 NISHIMWE NAOMIE yagize mu kizami cya Leta yavugishije benshi.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere ubwo MINEDUC yatangazaga ko ishyize hanze amanota y'abanyeshuri barangije ikiciro cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburezi: Amanota y’abasoza ay’isumbuye yasohotse, Abakobwa banikiye Basaza babo
Ikigo k'igihugu gishinzwe Uburezi mu Rwanda cyashyize hanze amanota y'abarangije ay'isumbuye, abakobwa nibo batsinze ku rugero ruri hejuru ugereranije na basaza babo.
Ahagana saa munani z'amanywa nibwo Ministeri y'Uburezi n'ibigo!-->!-->!-->!-->!-->…
GITWAZA yaguze Urusengero rwa Miliyari 7 na Miliyoni zisaga magana ane muri Amerika
Umushumba w'itorero ZION TEMPLE GITWAZA PAUL yaguze urusengero rw'akataraboneka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Dr PAUL GITWAZA umushumba w'itorero ZION TEMPLE mu Rwanda no ku isi hose yemeye gutanga akayabo ka miliyoni 8!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu kanya gato Amanota y’abasoza ay’isumbuye arashyirwa hanze
REB imaze gutangaza ko ku gicamunsi cyo kuri uyu munsi ishyira ahagaragara amanota y'abanyeshuri barangije ayisumbuye
Binyujijwe ku rukuta rwayo, ikigo k'igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi mu Rwanda REB cyatangaje bitarenze saa!-->!-->!-->!-->!-->…
UBUREZI: Ibyo Kwimura umunyeshuri uko biboneye byasubiwemo; uko mwalimu abibona
Ministeri y'uburezi mu Rwanda MINEDUC yashyizeho andi mabwiriza agenga kwimuka k'umunyeshuri ava mu mwaka ajya mu wundi.
Uyu ni umwe mu myanzuro yafatiwe mu mwiherero wo ku nshuro ya 17 uherutse kubera mu kigo cya gisirikare i!-->!-->!-->!-->!-->…
MUNEZERO yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo kubyara umwana akamuniga agapfa
Urukiko rw'ibanze rwo muu Ntara ya Bururi mu gihugu cy'u Burundi rwaraye rukatiye igifungo cya Burundu umwana w'umukobwa uherutse kubyara umwana akamuniga.
Ku wa gatanu wo muri iki cyumweru gishize taliki ya 22/2/20 urukiko!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ibitaro by’Akarere ka Nyanza byizihije ibirori byo kwakira abakozi bashya.
Ibyishimo byari byinshi mu birori byo kwakira abakozi bashya mu bitaro by'Akarere ka Nyanza.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 21 Gashyantare 2020 nibwo abakozi bose b'ibitaro by'Akarere ka Nyanza n'abandi batumirwa batandukanye bahuriye!-->!-->!-->!-->!-->…
Inzovu yakoresheje umutonzi izamuka ahantu byasaga naho bigoranye bitangaza benshi
Amashusho yashyizwe hanze n'ikigo kitwa IFS kiyobowe na Praveen Kaswan yerekanye inzovu yazamutse ingazi ikoresheje umutonzi bituma benshi bacika ururondogoro.
Abinyujije kuri Twitter byose byari biherekejwe n'amagambo agira!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Mukerarugendo yavugishije abantu kubera ifoto yafashwe ari ahantu hateye ubwoba
Uyu mukerarugendo yavugishije abantu nyuma yaho ifoto ye igiriye hanze ari ku musozi ureshya hafi na metero 3000 hafi y'umujyi wa Rio de Jeneiro muri Brazil
Ni ifoto n'amashusho amara amasekonda 15 iteye ubwoba kuko aha hantu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Intare zabujije abakerarugendo gutambuka zijya nohejuru y’imodoka yabo Imana ikinga akaboko
Intare zagose imodoka yabamukerarugendo muri Parike yitwa Lion and Safari Park mu gace ka Hartbeespoort Imana ikinga akaboko.
Iyi Parike iherereye muri Afurika yepfo ikunze gusurwa cyane hagaragaye Intare zitendetse kuri!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukobwa yahondaguye nyina nyuma yaho umu pasiteri amubwiyeko ari umurozi
Umukobwa ukiri muto aherutse gukubita nyina kukarubanda nyuma yaho umu pasiteri yamubwiriyeko umubyeyi we ari umurozi ruharwa.
Mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranya mbaga nuwitwa Sam Ituama yagaragaje umukobwa ukiri muto!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Abana batatu bapfiriye munzu yafashwe ninkongi mu gihe mama wabo yari yagiye mu kabari
Abana batatu nibo bivugwako bahiriye mu nzu mu gace ka Ihiala ubwo nyina wabo yari yijyaniye n'umugabo mu kabari kuryoshya.
Ibi byabereye mu gihugu cya Nigeriya ubwo inzu iherereye muri leta ya Anambra yafatwaga ninkongi bikaza!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…