Browsing Category
Izindi nkuru
Yegoko!Umugabo yarashe umusore wamufatiye umukobwa ku ngufu ku karubanda(Amafoto)
Muri leta ya Delta umusore witwa Daniel Benwari yarashwe ahita apfa ku karubanda azira kuba yarafashe umwana w'umukobwa kungufu.
Uyu musore warashwe n'umugabo yafatiye umwana ku ngufu yarakiri muto nkuko byatangajwe nababonye!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB igiye gukurikirana abasore babiri b’abajura bibye Umukobwa ucuruza M2U
U Rwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda rugiye gukurikirana abajura babiri bibye bagasiga bakubise umukobwa ucururiza MTN
Mu gitondo cyo kuri uyu munsi ku mbuga nkoranyambaga hiriwe hanyura anashusho yafashwe na CCTV!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo gukora iperereza, Ubushinjacyaha Bwashimangiye ko KIZITO MIHIGO yapfuye yiyahuye
Nyuma yo gukora iperereza ryimbitse ku rupfu rwa Nyakwigendera Kizito MIHIGO, ubushinjacyaha bw'u Rwanda bwasanze koko KIZITO MIHIGO yariyahuye.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 26 Gashyantare uno mwaka wa 2020!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministre w’ubuzima Wungirije muri IRAN n’umudepite basanzwemo ya virus…
Ministre w'ubuzima wungirije n'umudepite bo mu gihugu cya Iran basanzwemo ya VIRUS ya Coronavirus, ubu bakaba bashyizwe mu kato.
Ministre w'ubuzima mu gihugu cya IRAN yaraye atangaje ko umwungirije mu mirimo Bwana IRAJ HARIRCHI!-->!-->!-->!-->!-->…
Bakoreye ubukwe mu murima w’urumogi kuko ngo arirwo rwabahuje bitungura benshi(Amafoto)
Clara Higgins w'imyaka 30 na Dusty Higgins w'imyaka 40 bakoze ubukwe bwagatanga babukorera mu murima w'urumogi batumira n'inshuti zabo kuko ngo arirwo rwabahuje.
Aba bombi batuye mu gace kitwa Grand Junction muri!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Imbwa yijyanye kuri polisi nyuma yo kuburana na nyirayo(Amafoto)
Imwa yibwirije kujya kuri Polisi mu minsi ishize ubwo yarimaze kubura aho yaturutse bitangaza benshi bitewe nubwenge bayibonanye.
Iyi mbwa yagaragaye kuri sitasiyo ya polisi mu masaha ya saa cynda n'igice zurukerera ubwo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukobwa wo muri kaminuza yakubiswe na mugenzi we kugeza amuvanyeho ugutwi(Amafoto)
Umunyeshuri wiga muri kaminuza ya Osun witwa Folakemi yakubise mu genzi bararanaga mu cyumba kugeza amuciye ugutwi mu gihugu cya Nigeriya.
Uku kurwana kwabaye kuwa gatatu tariki ya 19 uku kwezi 2020 nyuma yaho aba bombi!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Umucungamutungo wa “KOKAR” arashinjwa kwigana imikono y’abapfuye
Umucungamutungo wa koperative y'Abahinzi yo mu Karere ka Muhanga arashinjwa kwigana imikono y'abanyamuryango bariho n'abapfuye ashaka kwigwizaho imitungo ya koperative.
umucungamutungo arashinjwa kwigana imikono yabapfuye ndetse!-->!-->!-->!-->!-->…
HOSNI MUBARAK wahoze ayobora Misiri yitabye Imana ku myaka 91
Uwahoze ari Prezida wa MISIRI Bwana HOSNI MUBARAK yitabye Imana ku myaka 91
Tereviziyo yo mu gihugu cya Misiri yatangaje ko Bwana MUBARAK HOSNI wahoze uyobora igihugu cya Misiri mu gihe cy'imyaka 30 yose yitabye Imana mu gitondo cyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Reba ubukwe butangaje bw’abageni 220 bwabereye rimwe bikingiye icyorezo cya Coronavirus
Muri Philipine habaye ubukwe butangaje abageni baza bambaye uturinda munwa byumurimbo bashaka kwerekana ko birinze icyorezo cya Coronavirus.
Aba bageni bakoze ubukwe bagera kuri 220 amakuru akavugako banatewe inkunga na leta!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Akora akazi k’isuku yambaye ubusa buriburi none yinjiza akayabo
Umugore w'imyaka 35 akora akazi kisuku yambaye ubusa none yinjiza amyero 95 ku isaha.
Claire O' Connor, ku myaka ye 35 yinjiza amayero 95 ku isaha nyuma yaho yihimbiye umurimo wo kuzajya akora amasuku mu ngo no mu ma Hoteli!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye Amanota Miss Rwanda 2020 yagize mu kizami cya Leta, ateye isoni n’agahinda
Amanota make kandi ateye isoni Miss Rwanda 2020 NISHIMWE NAOMIE yagize mu kizami cya Leta yavugishije benshi.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere ubwo MINEDUC yatangazaga ko ishyize hanze amanota y'abanyeshuri barangije ikiciro cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburezi: Amanota y’abasoza ay’isumbuye yasohotse, Abakobwa banikiye Basaza babo
Ikigo k'igihugu gishinzwe Uburezi mu Rwanda cyashyize hanze amanota y'abarangije ay'isumbuye, abakobwa nibo batsinze ku rugero ruri hejuru ugereranije na basaza babo.
Ahagana saa munani z'amanywa nibwo Ministeri y'Uburezi n'ibigo!-->!-->!-->!-->!-->…
GITWAZA yaguze Urusengero rwa Miliyari 7 na Miliyoni zisaga magana ane muri Amerika
Umushumba w'itorero ZION TEMPLE GITWAZA PAUL yaguze urusengero rw'akataraboneka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Dr PAUL GITWAZA umushumba w'itorero ZION TEMPLE mu Rwanda no ku isi hose yemeye gutanga akayabo ka miliyoni 8!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu kanya gato Amanota y’abasoza ay’isumbuye arashyirwa hanze
REB imaze gutangaza ko ku gicamunsi cyo kuri uyu munsi ishyira ahagaragara amanota y'abanyeshuri barangije ayisumbuye
Binyujijwe ku rukuta rwayo, ikigo k'igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi mu Rwanda REB cyatangaje bitarenze saa!-->!-->!-->!-->!-->…