Browsing Category
Izindi nkuru
Abarimu 3, ushinzwe amasomo (DOS) n’ushinzwe imyitwarire bakurikiranyweho icyaha cyo…
Abarimu batatu, umuyobozi ushinzwe amasomo ndetse n'ushinzwe imyitwarire bo kuri ESSI NYAMIRAMBO bari mu maboko y'ubugenzacyaha RIB
Abarimu batatu, perefe ushinzwe amasomo (DOS) ndetse perefe ushinzwe imyitwarire (prefet de!-->!-->!-->!-->!-->…
Kimia Alizadeh: Umukinnyi wa Taekwondo wa Iran ufite umudari olempike yatorotse
Alizadeh, w'imyaka 21, yatangaje ku mbuga nkoranyambaga ko adashaka gukomeza kuba "mu buryarya, kubeshya n'akarengane".
Yavuze ko ari "umwe muri miliyoni z'abagore bakandamijwe muri Iran".
Alizadeh ntabwo yatangaje aho!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Batanu batawe muri yombi bazira kwiba amakariso
Abagera kuri batanu batawe muri yombi barimo n'umwana w'imyaka 15 bazira kwiba amakariso y'umugore.
Umwana w'imyaka 15 w'umuhungu n'abakobwa bose bagera kuri batanu batawe muri yombi bazira kwiba amakariso y'umugore ,aba barimo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umu Pasiteri yafatiwe mu cyumba cya Hoteli ari gukora amahano
Umugabo w'umu Pasiteri yaguwe gitumo mu cyumba cya Hoteli aryamanye n'umugore w'abandi.
Amashusho yakwirakwijwe hirya no hino yerekanye uyu mu pasiteri ukomoka mu gihugu cya Ghana ari gufunga ipantaro mu gihe abamuguye gitumo bo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuherwe w’umuyapani ari gushaka inshuti y’umukobwa bazasohokana bakajya mu kwezi
Yusaku MAEZAWA umuherwe wo mu gihugu cy'Ubuyapani ari gushaka inshuti y'umukobwa bazasohokana mu kwezi
Yusaku MAEZAWA ni umwe mubaherwe bo mu gihugu cy'Ubuyapani bamaze kumenyekana kubera umutungo utubutse yibitseho. Kuri ubu uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwahoze ari Papa akegura yihanangirije papa uriho.
Papa Benedict 16 weguye mu myaka ishize yasabye papa Francois kwitondera amwe mu mategeko ya kiliziya.
Uwahoze ari papa wa kiliziya gatolika nyuma akaza kwegura mu mwaka wa 2013 yasabye papa wa kiliziya uriho ariwe papa Faranswa!-->!-->!-->!-->!-->…
Shehe yarongoye umugore ageze mu rugo asanga ni umugabo
Shehe MUTUMBA yarongoye umugore nyuma y'igihe gito asanga ni umugabo.
Mu gihugu cy'abaturanyi cya Uganda haravugwa inkuru itangaje y'umuvugabutumwa wo mu idini rya Islam witwa SHEIKH MOHAMMED MUTUMBA wo mu gace ka KAYUNGA uherutse!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikibazo cy’ubukungu kigiye gutuma LONI ifatira ibihano bikomeye bimwe mu bihugu bya AFRIKA
Umuryango w'abibunbye LONI wugarijwe n'ikibazo cy'ubukungu igiye gufatira ibyemezo bikakaye ibihugu bigera ku icumi byo muri Afrika.
Ku wawe gatanu w'icyumweru gishize umuvugizi w'umuryango w'abibumbye Bwana STEPHEN DUJARRIC!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: David na mugenzi we barashwe barapfa ubwo bageragezaga kwinjiza urumogi mu gihugu.
Abagabo babiri, bo mu Karere ka Rubavu baraye barashwe ubwo barimo bagerageza kwinjiza urumogi mu Rwanda.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu abagabo babiri bo mu Karere ka Rubavu mu murenge wa Cyanzarwe aribo David NSANZIMANA na!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: J.Bosco yaraye arashwe na polisi nyuma yo kugerageza gucika inzego z’umutekano
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane nibwo J.Bosco yarashwe agerageza gucika polisi
Abaturage bo mu Karere ka Nyanza mu gace kitwa Rwesero baraye bumvise urusaku rw'amasasu, benshi bagira ubwoba, ariko mu kanya gato baje guhita bamenya!-->!-->!-->!-->!-->…
Bafatanywe inyama z’itungo ryibwe babazengurutsa karitiye bazambaye mu gatuza
Abagabo babiri baraye baguwe gitumo bari kubaga itungo ryibwe bazengurutswa bikoreye inyama zayo
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki ya 9 Mutarama 2020 abagabo babiri batatangarijwe amazina baraye bafatiwe mu cyuho n'inzego!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana BIZIMUNGU yatewe icyuma mu gatuza arapfa ubwo yajyaga gukiza umugore n’umugabo barwanaga
He was found at the crime scene
BIZIMUNGU yaraye atewe icyuma mu gatuza ahita arapfa ubwo yageragezaga gukiza umugore warwanaga n'umugabo we.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kane ahagana saa mbiri z'ijoro zo kuri uyu wa kane taliki ya 9!-->!-->!-->!-->!-->…
Gen. James KABAREBE yasobanuye iby’intama igaragara mu karasisi k’abahoze ari…
Gen.James KABAREBE umwe mu bayobozi bayoboye urugamba rwo kubohora igihugu yasobanuye iby'intama yakunze kugaragara ku karasisi k'abasirikare bahoze ari aba RPA
Ubwo yagezaga ijambo ku barezi bigisha isomo ry'amateka bari mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Pasitori yiciye umugore we mu rusengero
Pasitoro wo muri Kenya yishe umugore amuteye icyuma mu materaniro.
Umuvugabutumwa bwiza w'imyaka 55 y'amavuko wo mu gihugu cya KENYA witwa ELISHA MISIKO mu gitondo cyo kuri iki cyumweru taliki ya 5 Mutarama 2020 yishe umugore we!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuyobozi ukomeye muri Congo yagabiye inka 30 Umuhungu wa james Kabarebe mu bukwe bwe
Vital KAMERHE yitabiriye ubukwe bw'umuhungu wa James KABAREBE maze asiga amugabiye inka
Mu bukwe bw'umuhungu wa Gen James KABAREBE Bwana SUNDAY KABAREBE bwabaye kuri uyu wa gatandatu taliki ya 4 Mutarama 2020 ubukwe bwari!-->!-->!-->!-->!-->…