Browsing Category
Izindi nkuru
KIREHE: Imvura Nyinshi iguye kuri uyu Mugoroba Ishenye Insengero 3 n’Amazu y’Abaturage…
Imvura iguye muri uno mugoroba isize yangije ibintu byinshi harimo n'insengero mu Karere ka KIREHE.
Mu duce tumwe na tumwe tw'u Rwanda twabonetsemo imvura ku mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki ya 19/09/2019 ibintu bitanyuranye cyane…
Abamotari Ntibavuga rumwe ku itegeko ryo Gutera irangi moto zose
Aba motari ntibishimiye umwanzuro wawafashwe n'impuzamashyirahamwe yabo w'uko moto zigomba gusigwa amarangi mashya.
Ni gake hano mu mujyi wa Kigali ubasha gutega waganira na motari ntakubwire agahinda ke, agahinda n'ibibazo bya…
MUSANZE: Ushinzwe Imishahara mu Karere arashinjwa Ruswa mu itangwa ry’Akazi k’Abarimu
Mu gitondo cyo kuri uyu munsi nibwo abagabo babiri bakora mu biro by'Akarere ka MUSANZE bwana TWIHANGANE PATRICK na Bwana VINCENT NSENGIYUMVA batawe muri yombi n'urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda…
Ubushinjacyaha Bwategetse ko wa Munyamakuru Akurikiranwa adafunze.
Nyuma y'aho urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rufashe bwana Irené MULINDAHABI, ubushinjacyaha bw'u Rwanda bwategetse ko akurikiranwa adafunze.
Ku munsi w'ijo kuwa kabiri ku mitwe y'ibinyamakuru byinshi byo mu Rwanda hariho…
Abarimu 2 n’Abanyeshuri 26 bahitanywe n’inkongi y’umuriro mu ijoro ryakeye
Abanyeshuri bigaga mu ishuri rya Ki Islam rya Monronvia muri LIBERIA bahitanywe n'inkongi y'umuriro.
Abarimu babiri n'abanyeshuri bagera kuri 26 bari mu kigero cy'imyaka iri hagati ya 10 na 20 bigaga mu ishuri rya Ki Islam rya…
Bwana HALINDINTWALI basanze yimanitse mu kiziriko arapfa
HALINDINTWARI Horeste basanze yiyahuye nyuma y'aho atonganiye n'umugore we.
Umugabo witwa HALINDINTWARI Horeste wari utuye mu Murenge wa Byumba yaraye yiyahuye akoresheje umugozi amakuru amenyekana muri kino gitondo. Amakuru atangwa…
Imihindagurikire y’ikirere Yatumye Umusaruro w’Icyayi Wagabanutseho 3%
Ikigo cy'igihugu gishinzwe umusaruro woherezwa hanze NAEB cyatangaje ko umusaruro w'igihingwa cy'icyayi wagabanutseho 3 ku ijana.
Icyayi mu Rwanda ni kimwe mu bihingwa byinjiza amafranga menshi, ariko kuri ubu siko biri kubera ko…
Umusore w’imyaka 16 yyakoresheje imibonano mpuzabitsina mugenzi we aramwangiza bikomeye
Umwana w'umusore w'imyaka 16 yangije mugenzi we w'umukobwa binyuze mu mibonano mpuzabitsina.
Ibi byabereye mu Karere ka RUTSIRO, mu Murenge wa KIVUMU mu Kagali ka BUNYONI. Umubyeyi utatangarijwe amazina yavuze ko mu masaha yo mu…
MPAYIMANA PHILIPPE Wiyamamarije kuba Prezida Yahaye Impano ya Tereviziyo Nyirabukwe
Mu muhango wo gusaba wabereye I Nyanza, Bwana MPAYIMANA Phillipe yahaye impano ya TV ya Flat.
Kuri kino cyumweru taliki ya 15/9/2019 Bwana MPAYIMANA Phillipe wigeze kugaragaza inyota yo kuyobora igihugu cy'U Rwanda bituma…
Umunyamakuru wa ISANGO STAR mu maboko y’Ubugenzacyaha kubera icyaha cyo gutangaza Amagambo…
Umunyamakuru umaze kumenyekana cyane mu ruhando rw'imyidagaduro kuri Radiyo Isango Star Bwana IRENE ubu ari mu maboko y'ubugenzacyaha kubera gushyira hanze amashusho y'urukozasoni.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, urwego rw'igihugu…
Umukobwa yatunguye abantu ubwo yavugaga ko atwite inda ya musaza we y’ibyumweru 6
Umukobwa wo muri Ghana yatunguye abantu benshi ubwo yavugagako atwite inda y'ibyumweru bitandatu yatewe na musaza we bavuka mu nda imwe.
A Ghanaian woman has boldly come out to narrate an incest incident which has left her in a state…
Umugabo yatawe muri yombi azira kwica umuntu akanamukuraho igitsina cye
Uyu watawe muri yombi yitwa Tunde Tayo, akaba aherutse gutabwa muri yombi n'inzego za polisi mu gihugu cya Nigeriya ashinjwa kwica umuntu akanamukuraho imyanya ye y'ibanga.
Uyu mugabo ufite imyaka 30 arashinjwa kwica undi mugabo…
Bafunzwe bazira gukorera imibonano muri gari yamoshi rubanda bareba
Aba bombi bafunzwe bazira gukorera ibikorwa by'imibonano mpuzabitsina muri gari ya moshi nyuma yuko abagenzi babiyamye bakanga.
Umutanga buhamya wabonye aba bombi yavuzeko Deborah Tobyn, w'imyaka 57 bamubonye yacengejwemo intoki mu…
Kigali: Abarimu ba Kaminuza banze kwigisha kubera Ibirarane byabo batarahembwa
Abarimu ba Kaminuza ya Gikirisitu ya Kigali (Christian University of Rwanda) banze kwigisha kubera ibirarane by'imishahara.
Icyumweru kirashize abanyeshuri bo muri Kaminuza ya Gikirisitu ya Kigali izwi ku izina rya Christian…
Umukinnyi wa Stoke City yiyahuye abitewe n’ubutumwa yasanze muri telefoni y’umukunzi…
Umukinnyi ukiri muto yiyahuye ku yaka 21 nyuma yamasaha 12 atandukanye n'umukobwa bakundanaga kubera ubutumwa yasanze muri telefoni ye.
Jacob Standbridge, yandikiye ubutumwa mama we Karen bugira buti"Ndagukunda cyane ,warakoze kubyo…