Browsing Category
Izindi nkuru
Bwana MPUMUJE yaraye akubiswe n’inkuba arapfa
Umugabo witwa MPUMUJE JONATHAN wari utuye mu Karere ka HUYE yaraye akubiswe n'inkuba arapfa.
Bwana MPUMUJE JONATHAN w'imyaka 32 y'amavuko wari utuye mu Karere ka Huye, Umurenge wa Huye mu Mudugudu wa Rukira yaraye akubiswe n'inkuba…
Undi mugabo Yiyahuye Avuye ku Igorofa rya Munani ahita ashiramo umwuka
Umugabo wari urwaye utatangarijwe amazina wo mu gihugu cya Uganda yitabye Imana nyuma yubwo yijugunye hasi avuye ku igorofa rya munani.
Amakuru dukesha ikinyamakuri the monitor cyandikirwa mu gihugu cya Uganda aravuga ko uno mugabo…
Babiri bakekwaho Kwica wa Mukobwa wo Muri KIST batawe muri Yombi
Urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha rwatangaje ko rumaze gufata abantu babiri bakurikiranyweho icyaha cyo kwica wa mukobwa wigaga muri KIST
Ku cyumweru taliki ya 8/9/2019 nibwo amakuru y'iyicwa rya SANDRINE IMANISHIMWE w'imyaka…
Guverineri Mufulukye aherutse kunenga abahinzi banga gukoresha ifumbire nkana
Mu kwitegura igihembwe cy’ihinga cya 2019 A, ubuyobozi bw’Intara y’i Burasirazuba burasaba abahinzi gukoresha ifumbure ndetse ngo haranashyizweho uburyo bworoshye bwo kuyigeza ku baturage. Anenga bamwe mu bahinzi bo mu Ntara ayobora…
Umupasiteri yiganye Yesu arapfa
Umupasiteri witwa Alfred Ndlovu ukomoka muri Afurika y’Epfo yapfuye ahitanywe n’inzara nyuma y’iminsi 30 yari amaze atarya ashaka gukuraho agahigo ka Yesu ko kumara iminsi 40 n’amajoro 40 atarya atananywa.
Ikinyamakuru cyitwa Buzz South…
Prezida KAGAME Agiye kwikurikiranira ubwe ikibazo cya DIANE wahohotewe n’umukoresha we anenga…
Prezida KAGAME ku rukuta rwe rwa Twitter, yavuze ko agiye gukurikirana ubwe Dr FRANCIS uyobora GOODRICH TV wakubitiye mu nama umukobwa w'umukozi.
Nyuma y'Aho umukobwa witwa KAMALI DIANE ashyiriye ahagaragara amashusho (video)…
Bwana BIGIRIMANA yaciwe amande Kubera ko Yasibije Umwana ku Ishuri
Bwana BIGIRIMANA utuye mu Karere ka BURERA yaciwe amande y'2000 nyuma y'aho asibije umwana we kujya ku ishuri.
Nkuko bigaragara kuri ino gitansi (Quittance) yasinywe ku italiki ya 10/09/2019 Bwana BIGIRIMANA wo mu Karere ka Burera mu…
Imyaka 18 irashize USA Igabweho Ibitero by’ubwiyahuzi bikomeye mu mateka yayo
Ku italiki nk'iyi ngiyi z'umwaka wa 2001 umutwe w'iterabwoba wa Al Qaeda wagabye ibitero bikomeye muri Leta Zunze ubumwe za Amerika, abarenga ibihumbi bibiri bahasiga ubuzima.
Ku italiki nk'iyi ngiyi, nibwo umutwe w'iterabwoba wa…
Ubutunguru nicyo gihingwa gishobora guhingwa mu mijyi cyigatanga umusaruro,mu gihe 2050 abaturage…
Uko imyaka igenda ishira indi ikaza niko abaturage bagenda bimuka bava mu byaro baza mu mijyi,ubushakashatsi bugaragazako muri 2050 abaturage bazaba bageze ku kigero cya 60% bazaba baramaze gutura mu migi muri afuri,haribazwa igishobora…
Abadepite babiri barwaniye mu rusengero
Ku mbugankoranyambaga amagambo akomeje kuba menshi nyuma yaho Abadepite babiri bo muri Kenya barwaniye mu rusengero ku cyumweru amashusho yabo akaba kugeza ubu akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga akurikiwe n’ijambo (Hashtag)…
TANZANIA: Kubera Ibyaha Byinshi Bikorerwa mu Tubyiniro two mu mujyi wa Dar Salaam, Bategetse…
John MAKONDE umuyobozi w'umujyi w'umujyi wa Dar Salaam yategetse ko mu tubyiniro dutandukanye two muri uwo mujyi abavugabutumwa bagomba kujya bahabwiriza ijambo ry'Imana.
Umwe mu myanzuro yavuye mu nama y'Abayobozi b'umujyi wa Dar…
Huye: Umugabo Yakubise Umugore we Kugeza Ashizemo Umwuka
Nsabimana w'imyaka 50 yakubise umugore we aramwica ahita aburirwa irengero.
Umugabo witwa NSABIMANA utuye muma Karere ka HUYE mu mudugudu wa Rukeri mu Kagari ka Kibuye ari gushakishwa n'inzego z'umutekano nyuma y'aho akubitiye…
RWAMAGANA: Umukecuru w’Imyaka 64 Bamusanze mu Rugo rwe Yapfuye
Madame MUREKEYISONI Penina wari utuye mu Karere ka Rwamagana w'imyaka 64 bamusanze ku muharuro w'urugo rwe yitabye Imana.
Ku munsi wa gatandatu taliki ya 7 Kanama uno mwaka, umukecuru w'imyaka 64 y'amavuko witwa MUREKEYISONI Penina…
Umukobwa Ahubutse ku muturirwa wo kwa Makuza, gahunda ngo kwari Ukwiyahura
Umukobwa utaramenyekana umwirondoro we, ahanutse kuri Etage yo kwa Makuza rwagati mu mujyi wa Kigali, ngo yari afite gahunda yo kwiyahura.
Amakuru ari gucicikana mu mujyi wa Kigali rwa ni ay'umwana w'umukobwa uhanutse ava ku igorofa…
Mangayamma w’Imyaka 73 yabyaye impanga bimusigira imvune
Umukecuru w'imyaka 73 yabyaye impanga bimusigira ibibazo byo mu mutwe
Mangayamma Yaramati, umukecuru w'imyaka 73 y'amavuko utuye mu majyepfo y'igihugu cy'Ubuhinde kuri uyu wa kane taliki ya 5 Kanama yabyaye abana b'abakobwa b'impanga…