Browsing Category
Izindi nkuru
Umusore w’imyaka 16 yyakoresheje imibonano mpuzabitsina mugenzi we aramwangiza bikomeye
Umwana w'umusore w'imyaka 16 yangije mugenzi we w'umukobwa binyuze mu mibonano mpuzabitsina.
Ibi byabereye mu Karere ka RUTSIRO, mu Murenge wa KIVUMU mu Kagali ka BUNYONI. Umubyeyi utatangarijwe amazina yavuze ko mu masaha yo mu…
MPAYIMANA PHILIPPE Wiyamamarije kuba Prezida Yahaye Impano ya Tereviziyo Nyirabukwe
Mu muhango wo gusaba wabereye I Nyanza, Bwana MPAYIMANA Phillipe yahaye impano ya TV ya Flat.
Kuri kino cyumweru taliki ya 15/9/2019 Bwana MPAYIMANA Phillipe wigeze kugaragaza inyota yo kuyobora igihugu cy'U Rwanda bituma…
Umunyamakuru wa ISANGO STAR mu maboko y’Ubugenzacyaha kubera icyaha cyo gutangaza Amagambo…
Umunyamakuru umaze kumenyekana cyane mu ruhando rw'imyidagaduro kuri Radiyo Isango Star Bwana IRENE ubu ari mu maboko y'ubugenzacyaha kubera gushyira hanze amashusho y'urukozasoni.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, urwego rw'igihugu…
Umukobwa yatunguye abantu ubwo yavugaga ko atwite inda ya musaza we y’ibyumweru 6
Umukobwa wo muri Ghana yatunguye abantu benshi ubwo yavugagako atwite inda y'ibyumweru bitandatu yatewe na musaza we bavuka mu nda imwe.
A Ghanaian woman has boldly come out to narrate an incest incident which has left her in a state…
Umugabo yatawe muri yombi azira kwica umuntu akanamukuraho igitsina cye
Uyu watawe muri yombi yitwa Tunde Tayo, akaba aherutse gutabwa muri yombi n'inzego za polisi mu gihugu cya Nigeriya ashinjwa kwica umuntu akanamukuraho imyanya ye y'ibanga.
Uyu mugabo ufite imyaka 30 arashinjwa kwica undi mugabo…
Bafunzwe bazira gukorera imibonano muri gari yamoshi rubanda bareba
Aba bombi bafunzwe bazira gukorera ibikorwa by'imibonano mpuzabitsina muri gari ya moshi nyuma yuko abagenzi babiyamye bakanga.
Umutanga buhamya wabonye aba bombi yavuzeko Deborah Tobyn, w'imyaka 57 bamubonye yacengejwemo intoki mu…
Kigali: Abarimu ba Kaminuza banze kwigisha kubera Ibirarane byabo batarahembwa
Abarimu ba Kaminuza ya Gikirisitu ya Kigali (Christian University of Rwanda) banze kwigisha kubera ibirarane by'imishahara.
Icyumweru kirashize abanyeshuri bo muri Kaminuza ya Gikirisitu ya Kigali izwi ku izina rya Christian…
Umukinnyi wa Stoke City yiyahuye abitewe n’ubutumwa yasanze muri telefoni y’umukunzi…
Umukinnyi ukiri muto yiyahuye ku yaka 21 nyuma yamasaha 12 atandukanye n'umukobwa bakundanaga kubera ubutumwa yasanze muri telefoni ye.
Jacob Standbridge, yandikiye ubutumwa mama we Karen bugira buti"Ndagukunda cyane ,warakoze kubyo…
Bwana MPUMUJE yaraye akubiswe n’inkuba arapfa
Umugabo witwa MPUMUJE JONATHAN wari utuye mu Karere ka HUYE yaraye akubiswe n'inkuba arapfa.
Bwana MPUMUJE JONATHAN w'imyaka 32 y'amavuko wari utuye mu Karere ka Huye, Umurenge wa Huye mu Mudugudu wa Rukira yaraye akubiswe n'inkuba…
Undi mugabo Yiyahuye Avuye ku Igorofa rya Munani ahita ashiramo umwuka
Umugabo wari urwaye utatangarijwe amazina wo mu gihugu cya Uganda yitabye Imana nyuma yubwo yijugunye hasi avuye ku igorofa rya munani.
Amakuru dukesha ikinyamakuri the monitor cyandikirwa mu gihugu cya Uganda aravuga ko uno mugabo…
Babiri bakekwaho Kwica wa Mukobwa wo Muri KIST batawe muri Yombi
Urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha rwatangaje ko rumaze gufata abantu babiri bakurikiranyweho icyaha cyo kwica wa mukobwa wigaga muri KIST
Ku cyumweru taliki ya 8/9/2019 nibwo amakuru y'iyicwa rya SANDRINE IMANISHIMWE w'imyaka…
Guverineri Mufulukye aherutse kunenga abahinzi banga gukoresha ifumbire nkana
Mu kwitegura igihembwe cy’ihinga cya 2019 A, ubuyobozi bw’Intara y’i Burasirazuba burasaba abahinzi gukoresha ifumbure ndetse ngo haranashyizweho uburyo bworoshye bwo kuyigeza ku baturage. Anenga bamwe mu bahinzi bo mu Ntara ayobora…
Umupasiteri yiganye Yesu arapfa
Umupasiteri witwa Alfred Ndlovu ukomoka muri Afurika y’Epfo yapfuye ahitanywe n’inzara nyuma y’iminsi 30 yari amaze atarya ashaka gukuraho agahigo ka Yesu ko kumara iminsi 40 n’amajoro 40 atarya atananywa.
Ikinyamakuru cyitwa Buzz South…
Prezida KAGAME Agiye kwikurikiranira ubwe ikibazo cya DIANE wahohotewe n’umukoresha we anenga…
Prezida KAGAME ku rukuta rwe rwa Twitter, yavuze ko agiye gukurikirana ubwe Dr FRANCIS uyobora GOODRICH TV wakubitiye mu nama umukobwa w'umukozi.
Nyuma y'Aho umukobwa witwa KAMALI DIANE ashyiriye ahagaragara amashusho (video)…
Bwana BIGIRIMANA yaciwe amande Kubera ko Yasibije Umwana ku Ishuri
Bwana BIGIRIMANA utuye mu Karere ka BURERA yaciwe amande y'2000 nyuma y'aho asibije umwana we kujya ku ishuri.
Nkuko bigaragara kuri ino gitansi (Quittance) yasinywe ku italiki ya 10/09/2019 Bwana BIGIRIMANA wo mu Karere ka Burera mu…