Browsing Category
Mu Mahanga
UK: Minisitiri w’intebe agomba guhanwa kubera gutwara imodoka atambaye umukandara
Minisitiri w'Intebe w'u Bwongereza yiteje ibihano bya Polisi kubera amashusho yashyize ku rubuga rwa Instagram agaragaza ko yakoze ibibujiwe abagenda mu modoka.
Polisi y'Igihugu yo mu Bwongereza, yafashe uyu mwanzuro wo guhana Rishi!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika yemeje ko intwaro zari muri Koreya y’Amajyepfo zimurirwa muri Ukraine zikayifasha…
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko kigomba kwimurira intwaro zacyo zari mu birindiro byazo muri Koreya y'Amajyepfo zikajya gufasha Ukraine guhangara Uburusiya.
Reuters dukesha iyi nkuru yavuze ko kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore wa Jose Chameleone arasaba polisi guta muri yombi umugabo we
Daniella Atim umugore wa Jose Chameleone yakamejeje ku mbuga nkoranyambaga asabira ibihano umugabo we wagaragaye akubita umumotari.
Daniella Atim utihanganira ihohoterwa iryo ariryo ryose abinyujije ku rubuga rwa Instagram yatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Gabon: Minisitiri yapfuye agiye mu nama isanzwe y’abaminisitiri
Michaël Moussa Adamo wari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yapfuye kuri uyu wa Gatanu, nyuma yo guhagarara k’umutima ubwo yari mu nama y’abaminisitiri.
Uyu mugabo w’imyaka 62, Jeune Afrique yatangaje ko ari umwe mu bayobozi bari!-->!-->!-->!-->!-->…
Umudepite yasabye Guverinoma ya RDC kujya mu mishyikirano na M23
Umudepite wo ku rwego rw’igihugu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gracien Iracan, yatanze ibitekerezo ku cyakorwa na Guverinoma y’icyo gihugu mu kugarura amahoro mu burasirazuba, harimo no kuganira n’umutwe wa M23.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Umunya Kenya ushinjwa kwica abantu mu rusengero yatawe muri yombi
Umugabo ufite ubwenegihugu bwa Kenya yatawe muri yombi nyuma yo gushinjwa uruhare mu gitero cy’ubwiyahuzi ku cyumweru mu rusengero i Kasindi mu ntara ya Kivu ya Ruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Umuvugizi!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yavuye mu bindi bice yari yarafashe muri Rutshuru
Umutwe wa M23 kuri iki cyumweru tariki ya 15 Mutarama 2023, yavuye muri tumwe mu duce yagenzuraga muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu ya Ruguru.
Okapi yatangaje ko uko kuva muri Rutshuru byatangiriye mu Burasirazuba bw’agace!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Abantu 10 biciwe mu rusengero ubwo bari bageze mu gihe cyo kubatiza.
Abantu 10 biciwe mu rusengero ku Cyumweru, ubwo bari bageze mu gihe cyo kubatiza.
Leta ya Kongo Kinshasa yatangaje ko igitero cyagabwe mu rusengero rw'Itorero ry'Umuryango w'amatorero ya Pantekote muri Repubulika iharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
USA:Trump Organisation yahamwe n’ibyaha 17 kubera kunyereza imisoro mu myaka 15
Kompanyi ya Donald Trump wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahamijwe ibyaha 17 kubera kunyereza imisoro, itegekwa kwishyura akayabo.
Urukiko rwa Manhattan rwo mu mujyi wa New York nirwo rwahamije ibyaha 17, ikigo cy'ubucuruzi!-->!-->!-->!-->!-->…
FARDC yahakanye guha ikiraka abacancuro bo mu Burusiya
Igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo cyahakanye amakuru amaze iminsi avuga ko icyo gisirikare cyahaye akazi abacancuro b'abasoviyete kubafasha guhangana n'ingabo z'umutwe wa M23.
Nyuma y'aho amakuru akomeje avuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Prof Kennedy G. wari uhagarariye Tanzaniya muri LONI yirukanywe kubera ruswa
Perezida wa Repubulika yunze Ubumwe ya Tanzania Samia Suluhu Hassan yirukanye ku mirimo Prof Kennedy G. Gastorn wari Ambasaderi wa Tanzania mu Muryango w’Abibumbye (Loni), nyuma yo kuvugwaho icyaha cya ruswa.
Umwanzuro wo kwirukana!-->!-->!-->!-->!-->…
“Nta wundi mucunguzi Congo itegereje usibye umugabo wanjye” Umugore wa Kabila
Mu butumwa yageneye imbaga nyamwinshi y’Abanyekongo, muri iyi minsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, umugore w’uwahoze ayobora Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo, Marie Olive Lembe yatangaje ko iki Gihugu kiri mu makuba akomeye kandi!-->!-->!-->…
Burkinafaso irasaba Ubufaransa gucyura Amabasaderi wabwo ushinjwa kutaba umunyakuri
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Burkina Faso yandikiye iy’u Bufaransa (Quai d’Orsay) iyisaba guhindura ambasaderi wayo muri iki gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afurika kuko ab’i Ouagadougou batagishaka Luc Hallade, ushinjwa kutaba!-->!-->!-->…
“Ndifuza kuba perezida utarangwa n’amarira” Moise Katumbi ushaka kwiyamamariza…
Umuherwe n'umunyapolitiki Moise Katumbi yatangaje ko umwaka utaha aziyamamariza kuyobora igihugu cya Congo avuga ko atazarangwa n'amarira.
Mu kiganiro yahaye RFI ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki ya 16 Ukuboza 2022, Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Maj.Nshimiyimana Cassien uzwi nka Gavana wari Komanda CRAP wa RUD urunana yishwe
Umutwe wa M23 watangaje ko umaze kwivugana umwe basirikare bakuru bo mu mutwe wa RUD Urunana.
Umutwe w’abakomando wo munyeshyamba za M23 umaze kwigamba igitero cyahitanye Maj.Nshimiyimana Gavana Komanda mukuru wa RUD urunana i!-->!-->!-->!-->!-->…