Browsing Category
Mu Mahanga
Hamenyekanye inkomoko y’abasirikare ba MONUSCO baherutse kwica abaturage muri Congo
Ubuyobozi bw'ingabo z'umuryango w'abibumbye muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo MONUSCO bwatangaje inkomoko ya bamwe mu basirikare bayo baherutse kurasa ku baturage.
Mu mpera z'icyumweru gishize nibwo amashuhso yakwirakwije ku!-->!-->!-->…
DRC: M23 yashyizeho undi muvugizi wayo uzajya wunganira Willy Ngoma
Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwashyizeho undi muvugizi uzakorana na Maj Willy Ngoma usanzwe avugira uyu mutwe aho umwe azajya awuvugira ku byerekeye Politiki, undi ku bya Gisirikare.
Uyu muvugizi washyizweho n’ubuyobozi bwa M23, ni!-->!-->!-->…
DRC: Benshi barimo kwamagana MONUSCO ku bwicanyi abasirikare bayo bakoreye i Kasindi
Abantu b’ingeri zitandukanye bakomeje kwamagana ubwicanyi bwakozwe n’ingabo za MONUSCO ku cyumweru ku mupaka wa Kasindi muri Kivu ya ruguru uhuza DRC na Uganda.
Abantu babiri barishwe abandi bagera kuri 15 barakomereka ubwo izo!-->!-->!-->…
Ubushinwa bwibukije Joe Biden wa USA ko ari gukina n’umuriro kandi ko nakomeza azashya
Ibihugu bya Leta Zunze ubumwe za Amerika n'Ubushinwa bikomeje guterana amagambo akomeye ku kibazo cya Taiwan Ubushinwa bukomeje gufata nk'intara ye.
Abategetsi ba Amerika n’Ubushinwa bakomeje kuterana amagambo akomeye yiganjemo imburi!-->!-->!-->…
Perezida Tshisekedi yavuze ko MONUSCO idateze kuva muri DRC
Perezida Wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko igihugu cye kigikeneye ubufasha bw'ingabo za Loni MONUSCO kugira zifashe igihugu kugarura umutekano mu burasirazuba bwa Congo.
Nyuma y'aho urubyiruko n'abandi bantu bakuru!-->!-->!-->…
Havumbuwe umugambi wa FARDC n’ingabo z’u Burundi ugamije kwica abanyamulenge muri Congo
Ingabo z'u Burundi n'iza Repubulika iharanira demokarasi ya Congo FARDC zirashinjwa gutegura umugambi wo gutera no kurimbura Abanyamulenge bo muri Congo.
Ishyirahamwe riharanira kurengera ubusugire bw'Abakongomani bo mu bwoko!-->!-->!-->…
DRC: MONUSCO yahakanye amakuru yavugaga ko yarashe abigaragambya
Uhagarariye ingabo z'umuryango w'abibumbye MONUSCO yateye utwatsi amakuru yavugaga ko abasirikare ba MONUSCO barashe ku baturage bigaragambya.
Kuva kuri uyu wa mbere taliki ya 25 Nyakanga 2022 abaturage bo mu mujyi wa Goma muri!-->!-->!-->…
Blaise Compaoure yasabye imbabazi umuryango wa nyakwigendera Thomas Sankara
Blaise Compaoré wabaye perezida wa Burkina Faso yasabye imbabazi umuryango wa Thomas Sankara, nyuma yo guhamwa no kugira uruhare mu rupfu rwe mu 1987.
Muri Mata nibwo Urukiko rwo muri Burkina Faso rwakatiye Compaoré gufungwa burundu,!-->!-->!-->…
DRC: Hari abasirikare bagaragaye mu bikorwa byo gusahura ibikoresho bya MONUSCO
Ku munsi wa kabiri w'imyigaragambyo igamije kwamagana MONUSCO muri Repubulika uharanira demokarasi ya Congo, abasirikare nabo bagaragaye bari mu bikorwa byo gusahura.
Guhera ku munsi w'ejo hashize taliki ya 25 Nyakanga 2022 mu mujyi wa!-->!-->!-->…
RDC-GOMA: Amahoro ntazabonekera mu mvururu-MONUSCO
MONUSCO yamaganye ibitero ku nyubako zayo i Goma ivuga ko amahoro atazabonekera “mu mvururu”.
Khassim Diagne, umukuru wa MONUSCO w’inzibacyuho, mu itangazo ryamagana ibyabaye ejo kuwa mbere yagize ati:
“Mu mvururu no mu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
“Niduterwa tuzitabara” Willy Ngoma umuvugizi wa M23
Umuvugizi w'umutwe wa M23 yatangaje ko nibaramuka batewe nabo bazirwanaho kuko n'ubundi batiteze kuva mu birindiro byabo no mu duce bafashe.
Umuvugizi w'umutwe w'inyeshyamba wa M23 avuga ko witeguye kwirwanaho mu gihe waba ugabweho!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Georges wahoze acukura imva uri guhatanira kuyobora Kenya, yijeje abaturage guteza imbere…
George Wajackoya, umunyaporitike wahoze ari umwana wo mu muhanda muri Kenya, nyuma akaja gukora akazi ko gucukura imva mu Bwongereza, yabaye igitangaza muri poritike ya Kenya mu kwiyamamariza ku mwanya w'umukuru w’iki gihugu, aho yemerera!-->…
Espagne: Urukiko rwategetse gusuzuma icyishe Eduardo dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola
Urukiko rw'i Barcelona muri Espagne rwatanze uruhushya rwo gukora isuzuma ku murambo wa José Eduardo dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola, kugira ngo hamenyekane icyamwishe.
Ku wa gatanu ni bwo yapfiriye muri uwo mujyi, aho yari!-->!-->!-->…
Perezida wa Angola yakuyeho urujijo ku kutumvikana ku myanzuro yafatiwe i Luanda
Nyuma y'aho habayeho kutavuga rumwe ku myanzuro yafatiwe i Luanda hagati ya Perezida Kagame w'u Rwanda na mugenzi we Felix Tshisekedi, none Perezida wa Angola yakuyeho urujijo avuga ko bumvikanye ko M23 ishyira hasi ibirwanisho.
Tariki!-->!-->!-->…
José Eduardo dos Santos wayoboye Angola yitabye Imana ku myaka 79
José Eduardo dos Santos wabaye Perezida wa Angola mu gihe cy’imyaka 37, akaba yaravuye ku butegetsi mu 2018, yitabye Imana ku myaka 79 aguye mu ivuriro ryo mu Mujyi wa Bercelone muri Espagne, aho yari ari mu bitaro nyuma yo kugira ikibazo!-->…