Browsing Category
Mu Mahanga
JIANG ZEMIN WAYOBOYE UBUSHINWA MU GIHE CYAHINDUYE AMATEKA YABWO YITABYE IMANA
JIANG ZEMIN WAYOBOYE UBUSHINWA GUHERA MU 1993 KUGEZA MURI 2003 YITABYE IMANA KU MYAKA 96.
Nk'uko byatangajwe na televiziyo y'igihugu cye, JIANG ZEMIN wabaye perezida w'ubushinwa akarwana no gukiza abanyagihugu imitegekere!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Miliyoni zirenga 600$ nizo zizakoreshwa mu gutegura amatora ya perezida
Akanama k'amatora ka Repubulika ya Demokarasi ya Congo katangaje ko amatora ya perezida azaba ku itariki ya 20 y'ukwezi kwa cumi na kabiri mu 2023.
Kuri ubu, umutekano mucye wibasiye uburasirazuba bw'iki gihugu, ukaba uterwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Sao Tome: Igisirikare cyaburijemo igeragezwa ryo guhirika ubutegetsi, bane babigwamo
Igisirikare cya Sao Tome cyashoboye kuburizamo ihirikwa ry’ubutegetsi ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, aho cyatangaje ko abantu bane bapfuye nyuma y’imirwano yabereye ku cyicaro cy’ingabo z’igihugu.
Minisitiri w’Intebe, Patrice!-->!-->!-->!-->!-->…
Gen Mugabo yategetse ko abatutsi b’i Masisi bakusanyirizwa mu mashuri na za Kiliziya utahabonetse…
Gen de Bde Hassan Mugabo wa FARDC ukuriye ingabo muri Teritwari ya Masisi, yategetese ko Abaturage bo mu bwoko bw’abatutsi bakusanyirizwa mu bigo by’amashuri,amavuriro na Kiliziya utabikoze afatwe nk’umurwanyi wa M23 ashakishwe!-->!-->!-->…
Leta ya Congo yahakanye amakuru yavugaga ko hari indege y’abafaransa yaje gufasha M23
Umuvugizi wa leta ya DR Congo yatangaje ko indege ya gisirikare y’Ubufaransa yaguye i Kisangani kuwa gatanu ushize yahaguye iri mu kibazo kandi yasatswe n’inzego zibishinzwe.
Mu kiganiro yahaye abanyamakuru cyaciye kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Umugore wa perezida Ndayishimiye aravugwamo kwivanga mu kazi k’igihugu ndetse…
Umugore wa perezida w'igihugu cy'Uburundi madame Angeline Ndayishimiye arashinjwa na bamwe mu bakozi bakora muri perezidansi y'Uburundi kubabangamira akabaha amategeko rimwe na rimwe atajyanye n'inshingano zabo, batabikora akabatera!-->!-->!-->…
USA: Pelosi yeguye ku mwanya we mu nteko yari amazeho hafi imyaka 20
Nancy Pelosi wayoboye abademokrate mu nteko ishingamategeko ya Amerika hafi imyaka 20 yatangaje ko agiye kuva kuri uwo mwanya.
Pelosi w’imyaka 82 niwe mudemokrate ukomeye kurusha abandi mu mutwe w’abadepite akaba kandi umugore wa!-->!-->!-->!-->!-->…
FDLR yashyizeho undi muvugizi mu bya Gisirikare nyuma yuko Cure Ngoma agoswe na M23
Umutwe wa FDLR washyizeho umuvugizi mushya w’Igisirikare ugiye kungiriza, Cure Ngoma wari usanzwe avugira uyu mutwe mu birebana na rwa Politiki.
Uyu ni Majoro Rugaravu La fontaine . Majoro Rugaravu ni ofisiye ubarizwa mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Trump yeruye avuga ko agifite inyota yo kongera kuyobora USA mu mwaka wa 2024
Bwana Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze ubumwe za Amerika yeruye avuga ko aziyamamariza kongera kuyobora icyo gihugu cy'igihangange ku isi kandi ko afite icyizere cyo gutsimbura Joe Biden kuri uwo mwanya kuko asanga Biden!-->!-->!-->…
Perezida Zelensky wa Ukraine arashinja Uburusiya kudashaka guhagarika intambara
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko ibitero bya misile by'Uburusiya kuri Ukraine byo ku wa kabiri byari ubutumwa ko Uburusiya budashishikajwe no gusoza intambara.
Mu ijambo rye avuga buri joro, Zelensky yavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwalimu wa kaminuza yirukanywe kubera kwirirwa asabiriza igitsina abanyeshuri b’abakobwa
Umwarimu akaba n’Umuyobozi w’Ishami ry’Ubukungu n’Ibarurishamibare mu ishuri ry’ubukungu n’ubugenzuzi bw’Imari muri Kaminuza ya Kabale muri Uganda, Dr Nafiu Lukman Abiodun, yirukanywe nyuma y’uko agaragaweho umuco mubi wo kwaka ruswa!-->!-->!-->…
DRC: Leta iranyomoza amakuru yavugaga ko hari amasezerano y’ibanga Tshisekedi yagiranye na…
Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yokejwe igitutu n’abaturage bashinja Perezida w’Iki gihugu gukorana na Guverinoma y’u Rwanda binyuze mubyo bise amasezerano y’ibanga bavuga ko Perezida Tshisekedi yasinyanye na!-->!-->!-->…
DRC: M23 wafashe umujyi wa Kamuhanga uri mu birometero 30 bike ugana i Goma
Inyeshyamba za M23 zirwanya Leta ya Kongo zafashe umujyi wa Kamuhanga uri mu birometero 30 uvuye i Goma umurwa mukuru w’intara ya Kivu ya Ruguru.
Uyu mujyi uri ku mupaka w’u Rwanda na Kongo mu karere ka Nyiragongo, wafashwe nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa M23 Bisiimwa yagize icyo asaba Leta Congo
Nyuma y'aho Leta ya Congo itangiye kwifashisha indege z'intamara mu kurwanya no gutsimbura umutwe wa M23, umuyobozi w'uwo mutwe yagize icyo asaba guverinoma.
Mu Butumwa umuyobozi wa M23 Bertrand Bisimwa yanyujije ku rukuta rwe rwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Ishyaka rya Ruto rirahakana gushaka guhindura itegekonshinga
Ihuriro ry’amashyaka riri ku butegetsi muri Kenya rirahakana ko rifite akaboko mu busabe bw’umwe mu badepite baryo wasabye guhindura ingingo ya manda z’umukuru w’igihugu.
Itegekonshinga rya Kenya ryemerera perezida gutegeka manda!-->!-->!-->!-->!-->…