Browsing Category
Mu Mahanga
RDC: Perezida Tshisekedi yakuyeho impapuro zita muri yombi abarwanyi ba M23
Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yatanze itegeko ryo gukuraho impapuro zita muri yombi abahoze ari abayobozi n’abarwanyi b’umutwe wa M23 zari zarashizweho n’ubutegetsi bwa perrezida Joseph Kabila.
Iri!-->!-->!-->!-->!-->…
Africa Y’Epfo: Imibare y’abishwe n’imyuzure yageze ku bantu 306
Leta ya Africa Y’Epfo yatangaje ko abahitanwe n’imyuzure y’imvura yaguye mu mujyi wa Durban muri iki gihugu bageze ku 306.
Ibi leta yabitangaje ejo kuwa gatatu, nyuma y’uko imihanda n’udusozi bisenyutse, n’amazu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibura rya peterol ryirukanishije umuyobozi wa Rubis Enery muri Kenya
Ubuyobozi muri Kenya bwahagaritse uruhushya rw’akazi(work permit) rw’umuyobozi mukuru wa Rubis Energy Kenya, nyuma y’ikibazo cy'ibura rya peterol.
Bivugwa ko guverinoma yategetse ko Christian Bergeron, uyobora Rubis Energy Kenya,!-->!-->!-->!-->!-->…
Mali yafunze Abanyaburayi batatu bakekwaho kuba mu mitwe y’iterabwoba y’Abajihadisite
Ubuyobozi bw’ingabo muri Mali buvuga ko Abanyaburayi batatu bari mu itsinda ry’Abajihadisite batawe muri yombi, mu gikorwa cya gisirikare cyo guhiga abahungabanya um utekano w’igihugu.
Itangazo ry’igisirikare nta yandi makuru arenze!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ibitero kuri Ukraine bizakomeza, nta gahunda yo kubihagarika” Putin
Perezida wa Ukraine Vladmir Putin yaraye atangaje ko ibitero by'igihugu cye kuri Ukraine bizakomeza kugeza Uburusiya bugeze ku ntego zayo nziza.
Perezida w'Uburusiya Vladmir Putin yaraye atangaje ko igihugu kizakomeza umugambi wayo!-->!-->!-->!-->!-->…
Imibare y’abaguye mu gitero muri leta ya Pateau muri Nigeria yageze ku bantu 135
Mu gitondo nibwo byari byatangajwe ko Abitwaje intwaro bateye ibyaro byo muri leta ya Plateau muri Nigeria bica abagera kuri 26 mu gihe hari ubwoba ko uyu mubare ushobora kuba urenga.
Imibare mishya igaragaza ko abaguye muri iki gitero!-->!-->!-->…
Nigeria: Abana ni bamwe mu bantu 26 baguye mu gitero cy’abitwaje intwaro
Abitwaje intwaro bateye ibyaro byo muri leta ya Plateau muri Nigeria bica abagera kuri 26, mu gihe hari ubwoba ko uyu mubare ushobora kuba urenga.
Abateye baje kuri za moto bagabye igitero ku byaro bine bica abantu babarashe kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Batandatu bo mu muryango umwe bishwe batwikiwe mu nzu
Abantu batandatu batwikiwe mu nzu barapfa i Kandara mu gace ka Murang’a muri Kenya mu gitondo cyo kuri iki cyumweru.
Umubyeyi w’umugore, abana be batatu n’abuzukuru babiri nibo baguye muri iki gitero cyahahamuye abatuye muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Tunisia: Abashaka ubuhungiro barenga 10 basanzwe bapfuye nyuma yo kurohama mu nyanja
Ubuyobozi muri Tunisia bwatangaje ko bwabonye imirambo 13 y’abashaka ubuhungiro igizwe n’abagore batandatu n’abana batandatu, nyuma y’uko ubwato barimo burohamye bugerageza kwambuka inyanja bugana mu Butariyani.
Aba bose baturuka mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya bwarakariye YOUTUBE kuko yahagaritse chanel y’inteko ishingamategeko
Abayobozi b’Uburusiya barakajwe nuko Urubuga rwa YouTube rwanze gutambutsa ibiganiro by'inteko ishinga amategeko y'Uburusiya, bavuga ko na rwo bagiye kurukomanyiriza.
Ejo kuwa Gatandatu, YouTube yatangaje ko ihagaritse guhitisha!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umugabo yarwanye n’intare arayica; Bivugwa ko abaturage bayiriye
Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye inkuru ivuga umugabo wo muri Uganda uri kwivuza ibikomere nyuma yo kurwana n’intare yari yateye urugo rwe .
Uyu mugabo bivugwa ko yabonye iyi ntare iri kugendagenda hafi y’urugo rwe, afata!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia-Ukraine: Abagera kuri 39 bapfiriye kuri station ya gariyamoshi
Abantu 39 nibo bimaze kumenyekana ko bahitanywe n'igisasu cyatewe aho bategera gari ya moshi mu gihugu cya Ukraine.
Guverineri wa Pavlov Kyrylenko yavuze ko Abantu bagera kuri 39 bapfuye mu gihe abarenga 100 barakomereka mu gitero!-->!-->!-->!-->!-->…
Siriya: Abasirikare Bane ba Amerika Bakomerekejwe n’Igisasu
Abasirikare bane ba Reta zunze ubumwe za Amerika bakomerekejwe kuri uyu wa kane n’igisasu cyo mu bwoko bwa roketi cyatewe aho bari bakambitse mu burasirazuba bwa Siriya.
Igisirikare cya Amerika cyavuze ko izo roketi zaguye ku!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC-Goma: Batandatu barimo abasirikare bakuru baguye mu iturika ryo mu kabari
Ubuyobozi muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bwatangaje ko abantu batandatu bapfuye abandi barenga 10 bakomerekera mu iturika ry’ikintu kitaramenyekana mu kabari ko mu kigo cya gisirikare cya Katindo mu majyaruguru ya Goma mu ijoro!-->!-->!-->…
Burkina Faso: Roch Kaboré wari perezida uherutse guhirikwa ku butegetsi yarekuwe
Uwahoze ari perezida wa Burkina Faso ,Roch Kaboré, uherutse guhirikwa ku butegetsi yaremerewe gusubira iwe mu rugo mu murwa mukuru Ouagadougou nk’uko byatangajwe na leta y’iki gihugu.
Bwana Roch Kaboré yari arafungiwe mu nyubako ya!-->!-->!-->!-->!-->…