Browsing Category
Mu Mahanga
Nigeria: Batandatu baguye mu iturika ry’ikamyo itwaye peterol
Ikamyo yari itwaye peterol yaturikiye mu mujyi wa Lagos muri Nigeria hapfa abantu batandatu.
Ubuyobozi bwtangaje ko iyo kamyo yagonganye n’indi bigatuma inkongi y’umuriro izangiza zombi.
Umumotari wafashwe n’ibirimi by’umuriro ni!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwahoze ari Perezida w’Uburusiya, yavuze ko ari “Ubusazi” kwibwira ko ibihano hari icyo byatwara…
Dmitry Medvedev wahoze ari perezida w’Uburusiya ubu wungirije umukuru w’inama ishinzwe umutekano w’igihugu, yavuze ko byaba ari “ubusazi” kwibaza ko ibihano by’iburengerazuba kuri business z’abarusiya hari icyo bizatwara Leta ya Moscow.
!-->!-->!-->…
Somalia: 15 barimo umudepite baguye mu bitero by’ubwiyahuzi
Abantu bagera kuri 15 barimo umugore uri mu bagize inteko ishingamategeko ya Somalia, baguye mu bitero bibiri by’ubwiyahuzi mu mujyi wa Beledweyne uri hagati muri Somalia.
Abandi baguye muri iki gitero ni uwahoze ari umudepite!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine yahawe misile 6000 na miliyoni 25 z’amayero zo guhangana n’Uburusiya
U Bwongereza bwahaye Ukraine ibindi bisasu bya misile 6 000 ndetse n’inkunga ya miliyoni 25£ (arenga Miliyari 25 Frw) kugira go iki Gihugu gikomeze guhangana n’u Burusiya bwagishojeho intambara.
Iyi ntambara imaze ukwezi itangijwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Umubyeyi yapfushije abana be bane mu mpanuka y’ubwato
Umubyeyi yabuze abana be bane nyuma yo kurohama biturutse ku mpanuka y’ubwato muri leta ya Kebi iri mu majayaruguru ya Nigeria.
Musa Labaran warokotse iyi mpanuka yavuze ko yagerageje gutabara umwana wa gatanu wari iruhande!-->!-->!-->!-->!-->…
Abashoramari b’Abagande bari kotsa igitutu Leta y’u burundi gufungura umupaka uyihuza…
Abashoramari b'Abagande bari mu nama i Burundi barasaba Leta y'u Burundi gufungura imipaka iyihuza n'igihugu cy'u Rwanda kugira ngo urujya n'uruza rw'ibicuruzwa ryorohe.
I Bujumbura mu Burundi hari kubera inama y'iminsi itatu ihuza!-->!-->!-->!-->!-->…
Goma: Abana 2 b’impanga baherutse gushimutwa babasanze mu muhanda bapfuye nyuma y’aho…
Abana b’impanga bashimutiwe mu mujyi wa Goma, ababashimuse bikekwako ari abarwanyi b’umutwe wa FDLR baka ababyeyi babo amafaranga y’umurengera kugirango babarekure bayabuze basangwa ku muhanda bishwe.
Umunyamakuru wa Rwandatribune!-->!-->!-->!-->!-->…
Afganistan: Abakobwa bemerewe gusubira ku ishuli
Abakobwa babarirwa mu bihumbi icumi biteganyijwe ko basubira mu mashuli yisumbuye muri Afuganistani, nyuma y’amezi arindwi Abatalibani basubiye ku butegetsi bagashyiraho amategeko abuza abakobwa uburenganzira bwo kwiga.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Abantu batanu barimo abasirikare babiri bishwe n’abajura b’amatungo
Leta ya Uganda yabonye imirambo y’abasirikare babiri n’abahanga batatu mu by’amabuye y’agaciro biciwe mu gace ka Karamoja mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Uganda.
Aba bashakashatsi batatu bari bagiye muri kariya gace mu butumwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria-Kaduna: Leta isaba abaturage kutava mu ngo mu masaha 24 ny’umya y’igitero cyahitanye 34
Abantu 34 barimo abapolisi babiri biciwe muri leta ya Kaduna iri mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria.
Igitero cyabaye ku Cyumweru, bivugwa ko cyagabwe n’itsinda ry’amabandi yitwaje intwaro ziremereye.
Aya mabandi!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Inkura y’ingabo yitwa Rajabu yororotse cyane yapfuye ku myaka 43
Inkura bivugwa ko ariyo ifite umuryango munini muri Afrika y’Uburasirazuba yapfuye ifite imyaka 43 muri Tanzania.
Iyi nkuru y’umukara ytitwa Rajabu, yagaragaye bwa mbere mu cyanya cya Ngorongoro mu 1979.
Yabaye muri iki cyanya!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Mali: Maïga wahoze ari minisitiri w’intebe yapfiriye muri gereza
Uwahoze ari minisitiri w’intebe wa Mali, Soumeylou Boubèye Maïga, washinjwaga ibyaha bya ruswa, yapfuye afite imyaka 67.
Umuryango wa Maïga watangaje ko yapfiriye mu murwa mukuru Bamako kuri uyu wa mbere.
Umuryango we wari uherutse!-->!-->!-->!-->!-->…
URUKIKO RWO MURI AFRICA YEPFO RWATEGETSE KO KUBAKA INZU YA AMAZON BIHAGARARA
Urukiko muri Afrika y’Epfo rwategetse ko ibikorwa byo kubaka inzu yari kuzajya ikoreramo Amazon ikazaba ariho ishyira ishami ryayo muri Afrika bihagarara ku butaka abatanze ikirego bavuga ko ari butagatifu bitewe n’abahatuye.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
China: Impanuka y’indege yagize impanuka 132 bahasiga ubuzima
Indege ya kompanyi yo mu Bushinwa yitwa China Eastern Airlines yari itwaye abagenzi 132 yahanutse igwa mu gace k’imisozi miremire mu ntara ya Guangxi, nk’uko abashinzwe iby’indege babitangaje.
Iyi ndege yari irimo abagenzi 123!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine yanze ubusabe bw’Uburusiya bwayisabaga kumanika amaboko bakarekura umujyi wa Mariupol
Leta ya Ukraine ibinyujije mu ijwi rya ministri w'intebe yavuze ko ititeguye kumanika amaboko ngo batange umujyi wa Mariupol umaze iminsi imishwaho ibisasu biremereye n'igisirikare cy'Uburusiya.
Uburusiya bwari bwabahaye amahirwe!-->!-->!-->!-->!-->…