Browsing Category
Mu Mahanga
Somaliya: Urusaku rw’imbunda ziremereye rwumvikanye mu murwa mukuru Mogadishu
Ubuyobozi muri Somaliya bwatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu, abarwanyi ba Al-Shabab bagabye igitero kuri sitasiyo za polisi no kuri za bariyeri mu murwa mukuru, Mogadishu.
Urusaku rw’imbunda ziremereye n’ibiturika!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: “Leo ni Leo”-Indirimbo Raila Odinga uri kwiyamamariza kuyobora kenya yasohoye
https://twitter.com/RailaOdinga/status/1493498811427311616?s=20&t=18RU5Ay3eP9YgIBJ1ckF_w
Raila Odinga uri kwiyamamaza ku myanya wa perezida wa Kenya mu matora azaba mukwa munani(Kanama) yakoze mu nganzo asohora indirimbo ye.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan: Babiri mu bigaragambya barashwe barapfa
Ihuriro ry’abaganga muri Sudan ryatangaje ko abashinzwe umutekano barashe abantu babiri mu bigaragambyaga bagapfa.
Ibi byatumye umubare w’abamaze gupfa kuva haba ihirikwa ry’ubutegetsi muri iki gihugu mu Kwakira 2021, ugera ku bantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Intambara yatutumbaga hagati ya Ukraine na Russia ubanza itakibaye
Minisiteri y'ingabo y'Uburusiya yatangaje ko irimo kuvana zimwe mu ngabo zayo ku mupaka wa Ukraine.
Mu butumwa bwa Igor Konashenkov, umuvuguzi w'iyo minisiteri, bwatangajwe n'ibiro ntaramakuru Interfax, yavuze ko;
"Unite zo mu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Tuniziya: Impunzi zigaragambije zisaba kwimurwa
Impunzi nyinshi muri Tuniziya zigaragambije zivuga ko zifatwa nabi, zinasaba ko zakwimurwa zikajyanwa ahandi.
Aba bimukira bakomoka cyane cyane muri Sudani, no mu bihugu byo munsi y’ubutayu bwa Sahara, bigaragambije bajya kwicara ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia : Leta yakuyeho ibihe bidasanzwe by’intambara
Inteko ishingamategeko y’iki gihugu yahagaritse ibihe bidasanzwe byari byashyizweho mu Ugushyingo ubwo inyeshyamba za Tigray zari zari zikomeje gusatira umurwa mukuru Addis Abeba, nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ububanyi n’amahanga!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Yiyubakiye imva azashyingurwamo mu kwanga kuzagora umuryango we
Umunya-Tanzaniya yatunguye abantu bo mu gace atuyemo nyuma yo kwicukurira imva mu kwitegura urupfu rwe.
Patrick Kimaro w’imyaka 59, avuga ko umuryango ugenda wumva umwanzuro we buhoro buhoro, ibyo yakoze mu gace atuyemo bifatwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwo muri Algeriya rwakatiye uwahoze ari Minisitiri gufunwa imyaka 20
Urukiko rwo muri Algeriya rwakatiye uwahoze ari Minisitiri w’ingufu imyaka 20 y’igifungo n’ihazabu y’amadorari ibihumbi 14,200(arenga miliyoni 14,700Rwf).
Chakib Khelil w’imyaka 82, yahamwe n’icyaha cya ruswa, yakoraga ku ngoma!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: ikamyo yari itwaye amacupa ya Gaz yaturitse itwika imodoka 4 zirakongoka
Imodoka zigera kuri enye zahiriye mu mpanuka y’ikamyo yari itwaye amacupa ya Gaz, igaturikira mu muhanda wa Mai Mahiu - Nairobi.
Umuriro ugurumana n’imyotsi myinshi byaturukaga mu modoka ziri gushya, mu gihe abaturage benshi bari!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC-Kivu y’Epfo: Abana barenga 470 binjijwe mu nyeshyamba mu 2021-MONUSCO
Imibare yatangajwe na MONUSCO Kuwa gatandatu taliki 12 Gashyantare, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe abasirikare b’abana(Internation Child Solders), igaragaza ko mu mwaka wa 2021, abana barenga 470 binjijwe mu mitwe!-->!-->!-->…
RDC: Ingabo zirinda perezida Tshisekedi zakoze urugendo rwo kumushyigikira
Abasirikare ibihumbi n'ibihumbi ba Repubulika ya Demokarasi ya Kongo biraye mu mihanda ku murwa mukuru Kinshasa, mu rugendo rwo gushyigikira perzida Antoine Félix Tshisekedi, nyuma y'imisi mike havuzwe ibijyanye no kumuhirika ku!-->!-->!-->…
“Uburusiya bushobora gutera Ukraine igihe cyose gishoboka”- Umuburo wa USA
Leta ya Amerika yatanze umuburo ko umunsi uwo ari wose Uburusiya bushobora kugaba igitero kuri Ukraine, iburira abaturage bayo bari muri Ukraine kuhava byihutirwa.
Ibiro by’umukuru w’Amerika, White House, byatangaje ko igitero!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Ingabo za Congo ziri kwifashishije FDLR mu guhashya M23
Biravugwa ko ingabo za FARDC zifashishije ingabo z'umutwe wa FDLR ziwuha imbunda n'imyambaro ngo zibafashe gutsimbura no guhashya ingabo z'umutwe wa M23
Umuvugizi wa M23 Willy Ngoma atangaza ko ibirindiro byabo byagoswe n’umutwe!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Yashatse kurasa idubu arahusha yica umuvandimwe we nawe ariyahura
Polisi ivuga ko umugabo wo muri leta ya Oregon yiyahuye nyuma y'uko arashe umuvandimwe we by'impanuka arimo gutunganya imbunda ngo arase idubu ryari ribateye mu rugo rwabo.
Ibi Byabaye kuwa kabiri mu gitondo ahitwa Sunny Valley mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Zimbabwe yahagaritse abarimu bigaragambirije umushahara muto
Minisitiri w’uburezi muri Zimbabwe yahagaritse abarimu bigaragambije ko bahembwa make, ntibanze gutangira igihembwe kuwa mbere.
Umubare munini w’abarimu bo mu mashuli ya leta bari kwigaragambiriza umushahara muto.
Iyi minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…