Browsing Category
Mu Mahanga
Ubushinwa bwiyunze ku Burusiya mu kwamagana ko NATO yagura ibikorwa byayo
Ubushinwa bwifatanije n’Uburusiya mu rugamba rwo kurwanya ko umuryango uhuza ingabo z’ibihugu byo ku mugabane w’Iburayi n’Amerika ya ruguru(OTAN/NATO), ukomeza kwagura ibikorwa byawo.
Ibi bihugu kandi byanunze ubumwe mu guhangana!-->!-->!-->!-->!-->…
ONU yasabye iperereza ryihutirwa ku bikorwa by’Ubugiriki byo guhohotera abimukira
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpuzi(UNHCR), ryasabye iperereza ryihutirwa ku mfu 19 z’abimukira zaturutse ku gukonjeshwa, nyuma y’uko bambuwe imyenda yabo bakajugunywa ku nkombe z’Ubugereki.
Aganira n’ibiro ntaramakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeriya yavumbuye abatera inkunga iterabwoba muri iki gihugu
Nigeriya yatangaje ko yatahuye ibigo birenga 120 n’abantu 96 bafitanye isano no gutera inkunga itarabwoba
Minisitiri w’itangazmakuru ,Lai Mohammed, yavuze ko abantu 45 bashinjwa gushyigikira iterabwoba bamaze gutabwa muri !-->!-->!-->!-->!-->…
CAN2021: Misiri isezereye Cameroun muri ½ isanga Senegal ku mukino wa nyuma
Umukino wa ½ k’igikombe cy’Afrika wahuzaga ikipe y’igihugu ya Cameroun na Misiri, urangiye Misiri itsinze kuri penaliti 3-1 ya Cameroun, bituma Misiri isanga Senegal ku mukino wa nyuma w'iri rushanwa.
Iminota isanzwe y’umukino(90)!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa ISIS yahitanywe n’igitero kidasanzwe cya USA
Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika JOE BIDEN yemeje ko igisirikare cye cyahitanye umuyobozi wa ISIS ku itegeko rye.
Perezida Joe Biden yatangaje ko yashimishijwe cyane n'igikorwa cy'ndashyikirwa cyakozwe n'igisirikare cya!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Abagera kuri 60 bishwe n’inyeshyamba mu ntara ya Ituri
Abagera kuri 60 bishwe n’inyeshyamba mu gitongo cyo kuri uyu wa gatatu tali 02 Gashyantare, mu nkambi ya Savo iri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo.
Amakuru Reuters yahawe n’abageze aho byabereye, avuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Uvira: Imirambo 9 y’abasirikare b’u Burundi yatoraguwe ku musozi isubizwa mu Burundi
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Gashyantare 2022, imirambo 9 y’abasirikare b’Abarundi barimo n’abofisiye yambukijwe uruzi rwa Ruzizi ishyikirizwa ubuyobozi mu gace ka Nyamitanga ivanywe muri Teritwari ya Uvira muri Repubulika!-->!-->!-->…
Kinshasa: Abantu 25 baguye mu iturika ry’insinga z’amashanyarazi
Abantu 25 nibo bamaze kumenyekana ko baguye mu iturika ry’insinga z’amashanyarazi ryabereye mu gace ka Matadi Kibala muri Komini Mont Ngafulu mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa.
Ibinyamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubugiriki:“Sinshobora koga”-Amagambo ya nyuma yavuzwe n’umwimukira nyuma yo gusunikwa mu nyanja…
Umwe mu bimukira yavuze ko mubyara we yarohamye mu nyanja nyuma y’uko we n’umuryango we basunitswe mu nyanja n’Umugiriki uri mu bashinzwe umutekano wo ku nkombe.
Minisitiri w’umutekano muri Turkiya yemeje aya makuru, avuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Maroc: Igisirikare cyatabaye abimukira benshi bari bagiye kurohama
Ingabo za Maroke zirwanira mu mazi, kuri uyu wa kabiri, zatabaye abimukira 63 barimo abagore 15 n’abana 3, igihe ubwato barimo bari hafi kwinjira muri Esipanye bwari bugiye kurohama.
Abimukira, ahanini bava mu karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Brazil: Urupfu rw’umukongomani rwateye uburakari muri rubanda
Polisi ya Brazil yataye muri yombi abagabo batatu bijyanye n'iyicwa bunyamaswa ry'umwimukira w'umugabo ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryabereye mu mujyi wa Rio de Janeiro.
Iyicwa rye, ryafashwe kuri videwo, ryateje!-->!-->!-->!-->!-->…
perezida Putin w’Uburusiya arashinja USA gushaka kuyishora mu ntambara muri Ukraine
Perezida w'Uburusiya Vladmir Putin arasanga Leta Zunze ubumwe za Amerika zishaka kwinjiza igihugu cye mu ntambara yeruye n'igihugu cya Ukraine.
Mu magambo ya mbere akomeye avuze mu byumweru byinshi byari bishize, yavuze ko intego!-->!-->!-->!-->!-->…
USA yatumije inama y’igitaraganya yigirwamo ikibazo cya Koreya ya Ruguru
Leta zuunze ubumwe za Amerika yatumije inama y'igitaraganya igomba kwigira hamwe ikibazo cya Koreya ya Ruguru iherutse kugerageza igisasu karahabutaka.
Reta zunze ubumwe za Amerika yatumyeho inama y'igitaganya igomba kuba kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinea-Bissau naho hatangiye guhwihwiswa ihirikwa ry’ubutegetsi
Ibitangazamakuru bitandukanye biravuga ko mu murwa mukuru wa Guinne Bissau humvikanye urusaku rw’imbunda ziremereye hafi y’ikicaro cy’ingoro ya leta, aho bikekwa ko habaye ihirikwa ry'ubutegetsi.
Hari amakuru ko muri Guinee Bissau,!-->!-->!-->!-->!-->…
Burkina Faso: abakekwaho kwica Thomas Sankara urubanza rwabo rwasubitswe
Muri Burkina Faso, urubanza rw’abakekwaho kwica Thomas Sankara ndetse na bagenzi be 12 mu Ukwakira 1987, rwasubitswe kubera ihirikwa ry’ubutegetsi riherutse kuba muri icyo gihugu.
www.indorerwamo.com
Umuryango wa Nyakwigendera niwo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…