Browsing Category
Mu Mahanga
Kenya: Umunyamakuru w’imikino yasanzwe mu nzu ye yapfuye nyuma yo kwiyahura
Umurambo w’umunyamakuru wakoraga ibiganiro by’imikino kuri imwe muri radio zo muri Kenya wabonetse mu nzu ye, mu gace ka Kakamega, iminsi itatu nyuma y’uko bivuzwe ko yiyahuye.
Nyakwigendera, Titus Maero, utuye mu cyaro cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa USA aravuga ko afite ibihamya ko Putin azatera Ukraine vuba aha.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje ko yizeye nta gushidikanya ko Vladimir Putin w’u Burusiya yamaze gufata umwanzuro wo gutera Ukraine, ndetse ko icyo gitero gishobora kuba mu minsi mike.
Biden yavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Imodoka itwaye peteroli yaturitse yica abantu 12
Imodoka itwaye peteroli yaturikiye muri leta ya Ogun iri mu majyepfo y’uburengerazuba bwa Nigeria ihitana abantu 12 abandi benshi barakomereka.
Umuvugizi w’ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda yabwiye BBC ko iri turika ryabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuhinde: Abantu 38 bakatiwe urwo gupfa kubw’uruhare rwabo mu iturika ry’ibisasu muri Ahmedabad
Urukiko rwo mu Buhinde rwakatiye urwo gupfa abantu 38 bazira uruhare bagize mu iturika ryabaye muri leta ya Gujarat iri mu burengerazuba bw’igihugu, mu 2008.
Abantu 57 barapfuye abandi amagana barakomereka muri ibyo bisasu!-->!-->!-->!-->!-->…
Brezil: imibare y’abishwe n’inkangu igeze ku bantu 110, naho 134 baburiwe irengero
Imibare y’abamaze kwicwa n’inkangu n’imyuzure byaturutse ku musozi wo mu mjyi wa Petropolis muri Brezil yazamutse igera ku bantu 110, mu gihe ubuyobozi butangaza ko imibare ishobora gukomeza gutumbagira kuko hari abarenga 130!-->!-->!-->…
Ubufaransa buratangira gukura ingabo zabwo muri Mali
Ubufaransa n’abo bari bafatanjije mu kurwanya intwagondwa z’iyitirira idina ya Islam muri Mali, kuri uyu wa kane bavuze ko baratangira gukura ingabo zabo muri iki gihugu, gusa perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yahamije ko uku!-->!-->!-->…
Nigeria: Yararanye indaya bucya yapfuye urw’amarabiranya
Umusore wo muri Leta ya Delta muri Nigeria yapfuye amarabira nyuma yo gutahana n’indaya.
Byabaye mu ijoro rishyira ku wa Gatatu mu gace ka Jesse, mu bwami gakondo bwa Idjere nkuko ikinyamakuru The Guardian cyo muri Nigeria!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeriya: Abantu 8 baguye mu gitero cyagabwe ku isoko ry’amatungo, inka 51 nazo zishwe.
Abantu bitwaje intwaro bishe barashe abantu umunani n’inka 51, mu isoko ry’inka(igiterane) riherereye muri leta ya Abia mu Burasirazuba bw’amajyepfo ya Nigeria.
Umuvugizi wa Polisi muri ako gace, Geoffrey Ogbona, yabwiye BBC dukesha!-->!-->!-->!-->!-->…
Brezil: Inkangu n’imyuzure byishe abagera ku 100 mu mujyi wa Petrópolis
Ubuyobozi muri Brezil butangaza ko nibura abagera ku 100 bishwe n’inkangu n’imyuzure byibasiye umujyi wa Petrópolis.
Uyu mujyi uherereye mu misozi yo mu majyaruguru ya Rio de Janairo wibasiwe n’imvura idasanzwe yateje imyuzure.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Algeria: Abashomeri bagiye kujya bahembwa buri kwezi
Perezida wa Algeria yatangaje ko igihugu kigiye gushyiraho umushahara uzajya uhabwa abadafite akazi, mu gihe Algeria ihanganye n’ikibazo cy’ubushomeri.
Mu kiganiro n’itangazamakuru, Perezida Abdelmadjid Tebboune yavuze ko kwishyura!-->!-->!-->!-->!-->…
Somaliya: Urusaku rw’imbunda ziremereye rwumvikanye mu murwa mukuru Mogadishu
Ubuyobozi muri Somaliya bwatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu, abarwanyi ba Al-Shabab bagabye igitero kuri sitasiyo za polisi no kuri za bariyeri mu murwa mukuru, Mogadishu.
Urusaku rw’imbunda ziremereye n’ibiturika!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: “Leo ni Leo”-Indirimbo Raila Odinga uri kwiyamamariza kuyobora kenya yasohoye
https://twitter.com/RailaOdinga/status/1493498811427311616?s=20&t=18RU5Ay3eP9YgIBJ1ckF_w
Raila Odinga uri kwiyamamaza ku myanya wa perezida wa Kenya mu matora azaba mukwa munani(Kanama) yakoze mu nganzo asohora indirimbo ye.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan: Babiri mu bigaragambya barashwe barapfa
Ihuriro ry’abaganga muri Sudan ryatangaje ko abashinzwe umutekano barashe abantu babiri mu bigaragambyaga bagapfa.
Ibi byatumye umubare w’abamaze gupfa kuva haba ihirikwa ry’ubutegetsi muri iki gihugu mu Kwakira 2021, ugera ku bantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Intambara yatutumbaga hagati ya Ukraine na Russia ubanza itakibaye
Minisiteri y'ingabo y'Uburusiya yatangaje ko irimo kuvana zimwe mu ngabo zayo ku mupaka wa Ukraine.
Mu butumwa bwa Igor Konashenkov, umuvuguzi w'iyo minisiteri, bwatangajwe n'ibiro ntaramakuru Interfax, yavuze ko;
"Unite zo mu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Tuniziya: Impunzi zigaragambije zisaba kwimurwa
Impunzi nyinshi muri Tuniziya zigaragambije zivuga ko zifatwa nabi, zinasaba ko zakwimurwa zikajyanwa ahandi.
Aba bimukira bakomoka cyane cyane muri Sudani, no mu bihugu byo munsi y’ubutayu bwa Sahara, bigaragambije bajya kwicara ku!-->!-->!-->!-->!-->…