Browsing Category
Politike
Abategetsi ba Africa muri gariyamoshi ijya i Kyiv, na Moscow, gushaka amahoro
Abategetsi barindwi b’ibihugu bya Africa bari mu nzira berekeza muri Ukraine no mu Burusiya mu ntego yo kugerageza guhosha no kurangiza intambara.
Amashusho ku mbuga nkoranyambaga yerekanye abarimo Perezida Cyril Ramaphosa wa Africa!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan: Umutwe wa RSF urashinjwa kwica Guverineri wa West Darfur
Abategetsi bo muri Sudan bavuga ko Guverineri w'akarere ka West Darfur yishwe n'umutwe witwara gisirikare witwa Rapid Support Forces (RSF), umaze igihe urwana n'igisirikare cya Sudan.
Amasaha mbere yuko yicwa, Khamis Abbakar yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Donald Trump wahoze ayobora Amerika yitabye urukiko
Donald Trump yabaye umuntu wa Mbere wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika witabye urukiko ku byaha birimo gufata nabi amabanga y’igihugu, bishobora kumufungisha imyaka myinshi biramutse bimuhamye.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yirukanye aba generali babiri mu ngabo z’u Rwanda
Nyuma y'impinduka zikomeye mu gisirikare cy'u Rwanda zatangiye kumenyekana mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri ushize taliki ya 6 Nyakanga 2023 aho uwari minisitiri w'ingabo yasimbujwe, ndetse n'uwari umugaba mukuru w'ingabo!-->!-->!-->…
Perezida Museveni yasabye Gen. Muhoozi kudatandukanya abanya Uganda
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko amaze igihe agiranye ibiganiro n’umuhungu we akaba n’Umujyanama we mu by’umutekano, Gen Muhoozi Kainerugaba, amusaba kwirinda kugirana amakimbirane n’ishyaka rya NRM kuko bose!-->!-->!-->…
Perezida Museveni yakuriye inzira ku murima abamusaba gukuraho itegeko rihana abatinganyi
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yabwiye ibihugu bimusaba guhindura itegeko rihana abaryamana bahuje igitsina bazwi nk’abatinganyi aherutse gusinya, ko bitashoboka kuko ari ikintu cyamaze kurangira.
Ibi abitangaje nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
IPRCs zashimwe uruhare zikomeje gutanga mu iterambere
Minisitiri w'uburezi mu Rwanda Dr Uwamaliya yashimiye uruhare rukomeye ishuri rikuru ry'ubumenyingiro rikomeje kugaragaza mu iterambere ry'igihugu.
Minisitiri w’Uburezi, Dr. Uwamariya Valentine arashima uruhare ishuri rikuru ry’u!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutwe wa CNRD/FLN urwanya u Rwanda wiyemeje gukorana na FARDC
Mu kiganiro yagiranye n’Umunyamakuru Mugwaneza Rafiki ushinzwe ibiganiro kuri radiyo ivugira uyu mutwe, Jean cyangwa se Yohani Urukundo umwe mu Bayobozi bakomeye ba CNRD/FLN igice cya Gen Maj Hakizimana Antoine Jeva, yatangaje ko!-->!-->!-->…
U Rwanda rwamaganye amagambo aherutse gutangazwa n’umuyobozi wa USAID
Leta y’u Rwanda iranenga amagambo y’umuyobozi mukuru w’Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Gishinzwe Iterambere Mpuzamahanga (USAID), Samantha Power, wasabye u Rwanda guhagarika gushyigikira umutwe w’abarwanyi ba M23 urwanya!-->!-->!-->…
Kigame arashinja Perezida Ruto kugira ubwibone no kugira abajyanama babi.
Umuririmbyi akaba n’umuvugabutumwa muri Kenya, bwana Reuben Kigame, washatse kwiyamamariza intebe y’umukuru w’igihugu yageneye butumwa Perezida.
Ibinyamakuru muri Kenya byanditse ko bwana Kigame utaragize amahirwe yo kujya ku!-->!-->!-->!-->!-->…
U Burusiya bwashyizeho impapuro zo guta muri yombu umusenateri wa Amerika
U Burusiya bwashyizeho impapuro zo guta muri yombi Umusenateri wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lindsey Graham, nyuma y’amashusho yafashwe amugaragaza yishimira urupfu rw’Abasirikare b’u Burusiya.
Ayo mashusho yashyizwe hanze na!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Tshisekedi yongeye gushinja ingabo za EAC gukorana na M23
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi yongeye gushinja ingabo za EAC zimaze igihe zaragiye kugarura amahoro muri DRC kub azikorana n'umutwe wa M23 mu buryo butaziguye
Perezida wa Repubulika!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwerekanye uko ruhagaze muri Dipolomasi ya Gisirikare
Itsinda riyobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen. Jean Bosco Kazura, riri mu ruzinduko rw’akazi mu Misiri, ahagaragajwe uko u Rwanda rwifashisha ubushobozi bwa gisirikare mu butwererane n’amahanga.
Muri urwo ruzinduko,!-->!-->!-->!-->!-->…
SENA yemeje umushinga wo kuvugurura Itegeko Nshinga
Sena y’u Rwanda yemeje ishingiro ry'umushinga wo kuvugurura Itegeko Nshinga watangijwe na Perezida wa Repubulika, hagamijwe guhuza amatora y'umukuru w'igihugu n'ay' Abadepite azaba muri 2024.
Umushinga w’itegeko ryo kuvugura itegeko!-->!-->!-->!-->!-->…