Browsing Category
Politike
Meya w’Akarere ka Kicukiro yasogongeye ku mujinya wa Perezida Kagame
Madame Solange Umutesi wari umunyamabanga nshingwabikorwa w'Akarere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali yakuwe kuri uwo mwanya nyuma yaho perezida Kagame amunenze uburangare mu gukemura ikibazo yamwibwiriye.
Ni mu itangazo ryaturutse mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Louise Mushikiwabo yaraye ahawe umudari w’ishimwe
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa Madamu Louise Mushikiwabo yambitswe umudali w’ishimwe ku bw’uruhare yagize mu Iterambere rya OIF no mu kumenyekana kwayo.
Ni umudali yambwitswe na Perezida wa Congo!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare barenga ibihumbi bibiri
Paul Kagame, Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abasirikare 2,430.
Itangazo ryatangajwe na Minisiteri y’Ingabo kuri uyu wa 29 Werurwe 2023, rivuga ko Perezida Kagame!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusesabagina yamaze kugera i Doha muri Qatar
Biravugwa ko Bwana Paul Rusesbagina uherutse guhabwa imbabazi na perezida wa Repubulika yaba amaze kugezwa muri i Doha muri Qatar imbere y'uko yerekeza muri Leta Zunze ubumwe za Amerika
Bwana Paul Rusesabagina uherutse guhabwa!-->!-->!-->!-->!-->…
“Abavuga ko twamurekuye kubera igitutu cya USA birabareba” Alain Mukurarinda
Umuvugizi wungirije wa Repubulika y'u Rwanda Bwana Alain Mukurarinda, yavuze ko nta gitutu cyabayeho mu kurekura no guha imbabazi Bwana Rusesabagina Paul wari warakatiwe n'inkiko.
Nyuma y'aho kuri uyu wa gatanu guverinoma y'u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuganga wari inzobere mu kubaga yagizwe minisitiri w’urubyiruko asimbura Rose Mary wagizwe…
Docteur Abdallah Utumatwishima wari inzobere mu kuvura indwara zo mu buhumekero no kubaga, yagizwe minisitiri w'urubyiruko.
Nyuma y'inama yaraye iyobowe na Perezida Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu, indi mu myanzuro!-->!-->!-->!-->!-->…
Ambasaderi Vincent Karega wari warirukanywe muri DRC yagizwe ambasaderi mu Bubiligi
Imwe mu mpinduka zaraye zikozwe na Leta y'u Rwanda, zasize zitanze akazi n'imyanya itandukanye harimo na Ambasaderi Vincent Karega wari uherutse kwirukanwa muri DRC.
Ku mugoroba wo kur uyu wa gatanu taliki ya 24 Werurwe 2023,!-->!-->!-->!-->!-->…
Paul Rusesabagina na Callixte Sankara bari bafunganywe bamaze kurekurwa.
Bwana Paul RUSESABAGINA n'abandi 20 bari barahamijwe ibyaha bitandukanye bamaze kurekurwa n'inkiko z'u Rwanda ku mbabazi za Perezida wa Repubulika y'u Rwanda.
Minisiteri y'ubutabera mu Rwanda imaze gusohora itangazo rivuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Tshisekedi yirukanye minisitiri w’ingabo asimbuzwa uwahoze ayobora inyeshyamba
Tshisekedi yaraye akoze impinduka zikomeye muri guverinoma ye, ashyira mu myanya bamwe mu bahoze bayobora imitwe y'inyeshyamba.
Perezida Felix Tshisekedi yakoze impinduka muri Guverinoma, aho Minisitiri w’Intebe yakomeje kuba!-->!-->!-->!-->!-->…
Tchad: Abagera kuri 441 bahamijwe icyaha cyo kwica Idris Deby bakatiwe icya burundu
Urukiko rwo muri Tchad rwahanishije igifungo cya burundu abantu 441, rumaze kubahamya uruhare mu rupfu rwa Idriss Deby wahoze ayobora icyo gihugu.
Idriss Deby yiciwe ku rugamba muri Mata 2021 ubwo yari yagiye kurwanya inyeshyamba!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Donald Trump yasabye abakunzi be kwitambika icyemezo cya Leta kigamije kumufunga
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Bwana Donald Trump yasabye abakunzi be kuzitambika icyemezo cyo kumuta muri yombi.
Perezida Donald Trump wigeze kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika yasabye abayoboke be!-->!-->!-->!-->!-->…
Afrika y’epfo: Hateguwe imyigaragambyo ikomeye kubera ikibazo cy’amashanyarazi
Ikibazo cy'amashanyarazi gitumye shyaka ritavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Ramaphosa ritegura imyigaragambyo ikomeye kuri uyu wa mbere.
Ishyaka Economic Freedom Fighters (EFF) ryavuze ko ryateguye imyigaragambyo ikomeye iteganijwe kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Kainerugaba umuhungu wa Museveni yeruye avuga ko aziyamamariza kuyobora Uganda
Umuungu wa Perezida Museveni wa Uganda yavuze ko noneho aziyamamariza kuyobora igihugu cya Uganda agasimbura ise nk'uko yagiye abisabwa kenshi.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 15 Werurwe 2023, umuhungu wa perezida!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye igihe Karasira azaburanishirizwa
Uzaramba Karasira Aimable wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda ukurikiranyweho ibyaha birimo guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi, agiye gutangira kuburanishirizwa mu Rukiko Rukuru.
Ku wa 25 Ugushyingo 2022 nibwo Urukiko!-->!-->!-->!-->!-->…
Akana k’impuguke za Loni kemrje ko u Rwanda rufasha umutwe wa M23
Akanama k'impuguke za Loni koherejwe kugenzura uruhare n'akaboko k'ingabo z'u Rwanda mu gufasha umutwe wa M23 kemeje ko U Rwanda rufasha uwo mutwe
Akanama k'impuguke z'Umuryango w'abibumbye gakuriwe na Bwana Nicolas de Rivière!-->!-->!-->!-->!-->…