Browsing Category
Politike
Perezida Kagame yashimiye Macron nyuma yo gutsindira indi manda
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yifatanyije na Perezida Emmanuel Macron wongeye gutorerwa kuyobora u Bufaransa kwishimira intsinzi yegukanye nyuma yo kongera kwigaranzura Madamu Le Pen bari bahanganye.
Mu butumwa!-->!-->!-->!-->!-->…
umudepite mu Rwanda yamaganye igikorwa cyo kohereza impunzi n’abimukira mu Rwanda
Dr Frank HABINEZA uyobora ishyaka ritavuga rumwe n'ubutegetsi bw'u Rwanda, yamaganye amasezerano aherutse gushyirwaho umukono hagati y'u Rwanda n'Ubwongereza, agamije kuzana impunzi n'abimukira bari mu Bwongereza.
Nyuma yaho igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Perezida Tshisekedi yakuyeho impapuro zita muri yombi abarwanyi ba M23
Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yatanze itegeko ryo gukuraho impapuro zita muri yombi abahoze ari abayobozi n’abarwanyi b’umutwe wa M23 zari zarashizweho n’ubutegetsi bwa perrezida Joseph Kabila.
Iri!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rugiye kwakira abimukira bavuye mu Bwongereza
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Polisi, Itangazamakuru no kwakira abinjira mu Bwongereza Priti Patel, yaraye ageze i Kigali aho yaje gusinya amasezerano yemerera u Rwanda kwakira abimukira n’abasaba ubuhungiro binjiye muri icyo gihugu!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yageze muri Congo Brazzaville mu ruzinduko rw’akazi
Perezida Kagame yageze muri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu ku butumire bwa mugenzi we, Denis Sassou N’Guesso.
Perezida Kagame yageze i Brazzaville ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 11 Mata, Uruzinduko rwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya bwarakariye YOUTUBE kuko yahagaritse chanel y’inteko ishingamategeko
Abayobozi b’Uburusiya barakajwe nuko Urubuga rwa YouTube rwanze gutambutsa ibiganiro by'inteko ishinga amategeko y'Uburusiya, bavuga ko na rwo bagiye kurukomanyiriza.
Ejo kuwa Gatandatu, YouTube yatangaje ko ihagaritse guhitisha!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibihugu 93 byemeje ko Uburusiya buhagarikwa mu ka nama ka Loni gashinzwe uburenganzira bwa muntu.
Ibihugu bigera kuri 93 byemeje ko igihugu cy'Uburusiya gihagarikwa mu ka nama gashinzwe uburenganzira bwa muntu kubera ibitero bya Ukraine.
Kuri uyu wa kane inteko rusange idasanzwe y'umuryango w'abibumbye yateranye kugira yige ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye ba ambasaderi ba Tanzaniya na Libiya
Perezida Paul Kagame, mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Gatatu tariki 06 Mata 2022, yakiriye mu biro bye (Village Urugwiro), impapuro zemerera ba Ambasaderi ba Tanzania na Libya guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda.
Ku mugoroba wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Tunisia: Abadepite bashobora guhabwa igihano cy’urupfu bazira kwitabira inama itemewe
Abanyamategeko n’abanyapolitikiti batangaje ko Abadepite bo muri Tunisia bakurikiranweho icyaha gishibora guhanishwa igihano cy’urupfu, nyuma y’uko bitabiriye inama y’inteko mu buryo bw’ikoranabuhanga yari yasubitswe mu cyumweru!-->!-->!-->…
Perezida Paul Kagame yamaze kugera muri Zambia mu rugendo rw’iminsi ibiri
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yageze muri Zambia mu mujyi w’ubukerarugendo wa Livingstone, nk’uko byatangajwe na perezida w’iki gihugu.
Kagame yakiriwe na mugenzi we Hakainde Hichilema ku kibuga cy’indege cya Harry Mwaanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yageze muri Zambia mu ruzinduko rw’iminsi ibiri
Perezida w'u Rwanda Paul Kagame yageze mu Mujyi w’Ubukerarugendo wa Livingtsone muri Zambia mu ruzinduko rw’iminsi ibiri agirira muri iki gihugu.
Ni uruzinduko Umukuru w’Igihugu yatangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 4!-->!-->!-->!-->!-->…
RNC yasohoye itangazo rinenga Muhoozi wirukanye umurwanashyaka waryo ku butaka bwa Uganda
Nyuma y'aho umugaba mukuru w'ingabo zirwanira ku butaka mu gihugu cya Uganda Gen. Muhoozi Kainerugaba atangarije ko Leta ye yirukanye ikanasubizayo umurwanashyaka w'ishyaka ritavuga rumwe na Leta y'u Rwanda RNC Bwana Robert Mukombozi,!-->!-->!-->…
Perezida Paul Kagame ategerejwe muri zambiya kuri uyu wa mbere
Perezida Paul kagame arakora uruzinduko rw'akazi rumwerekeza mu gihugu cya Zambiya kuri uyu wa mbere.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, perezida wa repubulika ya Zambiya Nyakubahwa Hakainde Hichilema yatangaje ko kuri uyu munsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Bizimana yasobanuye uburyo igikorwa cyo kwibuka kizakorwa uno mwaka wa 2022
Muri iki gihe Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bitegura Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu ( MINUBUMWE) yasobanuye uko bizakorwa!-->!-->!-->…
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Putin akunzwe ku rugero rwa 83%
Hari ubushakashatsi bwakorewe mu Burusiya bwagaragaje ko Perezida Putin akunzwe n'abaturage ku ruhegero rwa 83% kuva yafata umwanzuro wo gutera igihugu cya Ukraine.
Nyuma yaho perezida vladimil Putin atangije ibitero bya gisirikare!-->!-->!-->!-->!-->…