Browsing Category
Politike
Tanzaniya: Amashyaka atavuga rumwe na Leta yariye karungu, arashaka ko amatora asubirwamo.
Amashyaka abiri akomeye mu yatavuga rumwe n'ubutegetsi muri Tanzania yasabye ko habaho amatora bundi bushya, avuga ko atemera ibyavuye mu matora yo ku wa gatatu w'iki cyumweru avuga ko yabayemo uburiganya.
Mu kiganiro n'abanyamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Lissou utavuga rumwe na Leta aravuga ko amatora yarabayemo uburiganya bukabije
Umwe mu bakomeye batavuga rumwe n'ubutegetsi muri Tanzania avuga ko habayeho uburiganya ahantu hose "butarimo no kugira isoni", mu matora yabaye ejo ku wa gatatu.
Ariko akanama k'amatora kavuga ko ibyo birego nta shingiro bifite.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyarwanda wafatiwe mu Buholande kubera ibyaha bya genoside yamenyekanye.
Itsinda ryihariye rya Polisi y’u Buholandi rishinzwe gukurikirana ibyaha mpuzamahanga, ryataye muri yombi umunyarwanda w’imyaka 71 ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Biravugwa ko uwo Munyarwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi y’u Buholandi yataye muri yombi Umunyarwanda w’imyaka 71 ushinjwa Jenoside
Amakuru aturuka mu Buholandi aravuga ko Polisi y’iki gihugu yataye muri yombi Umunyarwanda ariko utavugwa amazina, ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ni Umunyarwanda wa kabiri utawe muri yombi mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinée-Conakry: Abantu 21 bamaze kugwa mu mvururu zakurikiye amatora
Abantu bagera kuri 21 nibo bamaze gutakaza ubuzima bwabo mu mvururu zakurikiye amatora ya Perezida yabaye muri uku kwezi mu gihugu cya Guinée-Conakry.
Imvururu hagati y’abatavuga rumwe na Leta n’inzego z’umutekano zarakomeje mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Zanzibar: Ukuriye abatavugarumwe na Leta yatawe muri yombi habura umunsi umwe amatora abe
Bwana Maalim Seif, umukuru w'ishyaka ACT Wazalendo ritavuga rumwe na Leta mu birwa bya Zanzibar yahagaritswe nk'uko byemezwa na bamwe bo mu ishyaka rye mu gihe habura umunsi umwe gusa hakaba amatora y'umukuru w'igihugu.
amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Biden yatangaje ikintu gikomeye Donald Trump ashobora kurisha kigatuma yegukana intsinzi.
Umukandida uhagarariye Ishyaka ry’Aba- démocrate mu matora ya Leta Zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko Perezida Donald Trump uhagarariye ishyaka ry’Aba- républicain ashobora kuzongera gutsinda amatora yo muri uyu mwaka bitewe!-->!-->!-->…
Prezida Trump Donald yitabiriye amatora y’umukuru w’igihugu.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kuri uyu wa Gatandatu yitabiriye itora ry’Umukuru w’Igihugu, avuye mu cyumba cy’itora abwira abanyamakuru ko yatoye “umuntu witwa Trump”.
Amatora nyir’izina y’Umukuru w’Igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye uburyo Col Emmanuel Rugema wayoboraga RUD-Urunana yishwemo na bagenzi be.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu nibwo hamenyekanye inkuru y'urupfu rwa Col. RUGEMA Emmanuel wayoboraga umutwe w'inyeshyamba urwanya ubutegetsi bw'u Rwanda.
Nyuma y'icyo gihe, hagiye hacicikana amakuru atandukanye avuga uburyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinea: Ibarura ry’ibanze ryerekanye ko Alpfa Konde azayobora manda ya gatatu
Alpfa Konde afite amahirwe menshi yo kuyobora manda ya gatatu
Ibyavuye mu ibarura ry’ibanze mu matora yo muri Guinea Conakry yabaye kuwa 18 Ukwakira, byerekanye ko Perezida Aplha Konde w’imyaka 82 azatsindira manda ya gatatu.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida KAGAME yasabye abasenateri kuba ijisho rya rubanda no guhora bazirikana ibibazo…
Ubwo yakiraga indahiro z'aba senateri bashya, Prezida Paul KAGAME yibibukije ko bagomba kujya bazirikaa ibibazo by'abaturage kuko aribo bashyiriweho.
Mu muhango wabereye ku Kimihurura ahari ikicaro k'inteko ishingamategeko, uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu marira menshi, Rutahizamu wa Manchester united Odian Ighalo aratabariza abanya Nigeria
Ighalo aratabaza UN ku bwicanyi bukomeje gukorerwa abaturage muri Nigeria
Kumugoroba wo kuri uyu wa kabiri nibwo ingabo za Nigeria mu mugi wa Lagosz ahukaga mu bigaragambyaga barwanya ubuhubutsi bw'abapolisi bumaze iminsi bugaragara!-->!-->!-->…
Burundi: Pierre Buyoya yahamijwe kwica Ndadaye akatirwa gufungwa burundu
Maj. Pierre BUYOYA wahoze ari Perezida w’u Burundi mu (1987 – 1993), na (1996 – 2003), Urukiko rwo mu gihugu ke rwamukatiye igifungo cya Burundu nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo kwica Perezida Melchior Ndadaye.
Pierre Buyoya usanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Italia: Icyoba cyatumye Leta y’Ubutaliyani yongera gukaza ingamba zo kwirinda coronavirus.
Leta y’u Butaliyani yafashe icyemezo cyo kongera gukaza zimwe mu ngamba zo kwirinda Covid-19 zari zagiye zoroshywa. Ni umugambi abayobozi b’iki gihugu bavuga ko ugamije kwirinda ko cyasubira mu bihe bya Guma mu Rugo kuko byateza!-->!-->!-->…
Umunya-Eritrea wari impunzi muri Nouvelle-Zélande yabaye umudepite
Ibrahim Omer yabaye umudepite muri Nouvelle-Zélande
Ibrahim Omer ukomoka muri Ertrea yabaye umudepite muri Nouvelle-Zélande ubwo ishyaka arimo ryabonaga insinzi mu matora yo kuwa gatandatu taliki 17 Ukwakira.
Ishyaka Ibrahim Omer!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…