Browsing Category
Politike
Tuyishime na Mutabazi birukanywe mu ishyaka kubera ubugambanyi
Umuyobozi w'ishyaka rya Politiki ritavuga rumwe n'ubutegetsi bw'u Rwanda Green Party, yavuze ko hari abanyamuryango babiri bamaze kwirukanwa burundu muri iryo shyaka kubera ubugambanyi.
Dr.Frank Habineza uyobora Green Party!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Gatabazi yashimiye abayobozi b’Inzego z’ibanze bashoje manda.
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney, yashimiye abayobozi b’Inzego z’Ibanze basoje manda ku bw’imbaraga, umurava, kwigomwa no kwitanga byabaranze mu gihe cy’imyaka irenga 5 bahaganye n’ibibazo bibangamiye!-->!-->!-->…
RIB yongeye ihamagaza Madame Ingabire Victoire
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rwongeye rutumiza Madame Ingabire Victoire kurwitaba
Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, Madame Ingabire Victoire, umuyobozi w'ishyaka rya Politiki DALFA Umurinzi, ishyaka ritari!-->!-->!-->!-->!-->…
Intambara y’amagambo hagati ya Cyuma Hassan na Ingabire M.Immaculee
Nyuma y'aho RMC itangarije ko Bwana Cyuma Hassan atari umunyamakuru, maze Madame Ingabire akagira icyo abivugaho, Cyuma nawe yagize icyo amusubiza.
Mu minsi mike ishize, nibwo RMC, urugaga rw'abanyamakuru bigenzura rwashyize hanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Twatsinze imirwano myinshi, intambara yo ntirarangira-Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yagaragaje uburyo urugendo rw’u Rwanada n’Abanyarwanda mu myaka igera kuri 30 ishize rwari rwuzuye urugamba rwo mu byiciro bitandukanye, avuga ko kugeza ubu batsinze imirwano myinshi ariko!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yahaye imbabazi Pierre Damien Habumuremyi
Ashingiye ku bubasha ahabwa n'itegeko, perezida wa Repunulika Paul Kagame yahaye imbabazi Dr Pierre Damien Habumuremyi wigeze kuba ministre w'intebe.
Perezida Kagame yatanze izi mbabazi ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko nk’uko!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Butaliyani
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 11 Ukwakira 2021, yakiriye mu biro bye (Village Urugwiro) Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Butaliyani, General Teo Luzi n’intumwa bari kumwe.
Ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriwe n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar
Kuri iki Cyumweru taliki ya 3 Ukwakira 2021, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame wakoreye uruzinnduko rw’akazi i Doha, yakiriwe n’Umuyobozi w’Ikirenga (Emir) wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, kuri Amiri Diwan aho!-->!-->!-->…
Sudani y’Epfo: Abapolisi bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bambitswe imidali…
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Nzeri Umuryango w'abibumbye wambitse abapolisi b'u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y'Epfo imidali y'ishimwe. Abambitswe imidali ni abapolisi b'u Rwanda 158 bagize!-->!-->!-->…
U Rwanda na Zimbabwe mu masezerano y’ubufatanye mu nzego zinyuranye
U Rwanda na Zimbabwe bimaze gushyira umukono ku masezerano y'ubufatanye mu nzego zinyuranye, zirimo guteza imbere ubuhinzi n'ubworozi,ibidukikije n'imihindagurikire y'ikirere, ikoranabuhanga, ubukerarugendo.
Inganda z'abikorera nazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 23 ikigega FARG kibayeho, birangiye gisheshwe
Nyuma y'imyaka 22 ikigega FARG cyari kimaze gifasha kikanatera inkunga abarokotse n'abacitse ku icumu rya jenoside yakorewe abatutsi, ubu icyo kigega cyaraye gikuweho.
Guverinoma y’u Rwanda yakuyeho Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika n’Ububiligi byamaganye imikirize y’urubanza rwa Bwana Paul Rusesabagina.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika n'igihugu cy'Ububiligi bwateye utwatsi imikirize y'urubanza rwa Bwana Paul Rusesabagina waraye akatiwe n'urukiko igifungo cy'imyaka 25.
Leta Zunze Ubumwe z'Amerika n'Ububiligi byamaganye urubanza rwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Central Africa: Umuyobozi w’ ihuriro ry’ingabo na Polisi bikorera mu Mujyi wa Bangui…
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Nzeri, Brig. Gen Ely M'BARECK ELKAIR, Umuyobozi w'ihuriro ry'ingabo na Polisi bakorera mu Mujyi wa Bangui Joint Task Force -Bangui (JTFB) bashinzwe kubungabunga umutekano mu Mujyi wa Bangui!-->!-->!-->…
Burundi: RED-Tabara yagabye igitero ku kibuga cy’indege cya Bujumbura.
Umutwe wa RED-Tabara utavuga rumwe na Leta y'u Burundi waraye ugabye igitero ku kibuga cy'indege i Bujumbura.
Amakuru ava i Bujumbura mu murwa mukuru w'igihugu cy'u Burundi aravuga ko umutwe utavugwa rumwe n'ubutegetsi bw'Uburundi!-->!-->!-->!-->!-->…
REG yisobanuye ku gihombo cya miliyari 10 yagize
Kuri uyu wa Kane taliki ya 9 Nzeri 2021, ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ingufu (REG Ltd) bwitabye Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Umutungo wa Leta (PAC), kugira ngo gisobanure!-->!-->!-->…