Browsing Category
Politike
Russia: Perezida Putin arashaka kongera abarenga ibihumbi ijana mu gisrikare cye
Perezida w'Uburusiya yashyize umukono ku itegeko-teka rizatuma mu mezi ari imbere abasirikare b'iki gihugu bashobora kongerwaho abandi 137,000.
Kuri ubu, Uburusiya bufite abasirikare barengaho gato miliyoni imwe, hamwe n'abakozi!-->!-->!-->…
Kenya: Yifashishije ikoranabuhanga, Raila Odinga yashyikirije ikirego cye urukiko rw’ikirenga
Mu gihe haburaga amasaha make gusa ngo igihe kimusige, Raila Odinga uherutse gutsindwa amatora muri Kenya yatangaje ko amaze gushyikiriza ikirego cye urukiko rw'ikirega.
Bwana Railla Odinga uherutse gutsindwa mu matora ya perezida mu!-->!-->!-->…
Odinga Raila yizeye ko urukiko ruzatesha agaciro ibyavuye mu matora kuko amaze gukusanya ibimenyetso…
Umunyapolitiki Raila Odinga uherutse gutsindwa mu matora yo muri Kenya, yatangarije abarwanashyaka be ko yizeye ubushishozi bw'urukiko rw'ikirenga mu gutesha agaciro ibyavuye mu matora kuko ubu amaze gukusanya ibimeyetso byose bigaragaza!-->…
Umukobwa w’umugabo w’inshuti ya Putin yapfiriye mu modoka yaturikiye hafi ya Moscow.
Umukobwa w’inshuti ya hafi ya Perezida Vladimir Putin w’Uburiya yaguye mu bikekwa ko ari igisasu cyatezwe imodoka.
Darya Dugina yapfuye nyuma y’uko iyi modoka iturikiye mu muhanda hanze ya Moscow, nk’uko ikigo cy’iperereza mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibihugu byo mu muryango wa SADC byijeje DRC ubufasha ku bushotoranyi bw’u Rwanda
Mu nama y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango w’ubukungu w’Afurika y’amajyepfo (SADC), havugiwemo amagambo yo kwikoma u Rwanda rushinjwa ubushotoranyi kuri DRC, ndetse ko Ibihugu bigize uyu Muryango bigomba gufasha Congo kwigobotora!-->!-->!-->…
Martin FAYULU arashinja guverinoma ya Tshisekedi integenke n’ubugwari byatumye Leta inanirwa…
Martin Fayulu ,Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi yatangaje ko guverinoma ya Perezida Felix Thisekedi ikomeje kugaragaza imbaraga nkeya mu kurwanya umutwe wa M23.
Akomeza avugako uburyo umutwe!-->!-->!-->…
Nk’abandi Banyarwanda bose, perezida KAGAME N’umuryango we babaruwe mu gikorwa…
Umuryango wa Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, wabaruwe mu ibarura rusange rya gatanu ry’abaturage n’imiturire.
Perezidansi y’u Rwanda yatangaje ko “Perezida Kagame Paul na Madamu Jeannette Kagame, babaruwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana Blinken yanze kurya iminwa avuga ko RUSESABAGINA atahawe ubutabera bubereye
Umunyamabanga wa Leta muri USA ushinzwe ububanyi n'amahanga yanze kurya iminwa ku kibazo cya Paul RUSESABAGINA yemeza ko atahawe ubutabera bubereye n'inkiko zo mu Rwanda.
Antony Blinken wageze mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu!-->!-->!-->…
Perezida KAGAME yakiriye Blinken baganira ku mubano w’ibihugu byombi no ku mutekano ya DRC
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za America, Antony Blinken bagirana ikiganiro cyagarutse ku mubano usanzwe hagati y’Ibihugu byombi ndetse n’ibibazo by’umutekano biri mu burasirazuba bwa DRC.
!-->!-->!-->…
“Ntimugire ubwoba, hari ibidashobora gukorwa bityo hano” Perezida Kagame yatanze…
Perezida Paul KAGAME yatanze ubutumwa bukomeye kubakeka ko ari buterwe igitutu na Amerika akaba yafungura Rusesabagina.
Mu gihe hasigaye amasaha make gusa umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n'amahanga Anthony Blinken akagera mu!-->!-->!-->…
Abadepite basabye Antony Blinken kugondoza Kagame akarekura Rusesabagina
Abadepite babiri bo mu ishyaka riyoboye Leta zunze ubumwe za Amerika basabye umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n'amahanga gukoresha imbaraga ze akagondoza perezida Kagame akarekura Bwana Rusesabagina.
Abadepite babiri bo mu!-->!-->!-->…
DRC: Imirwano yongeye kubura hagati ya M23 na FARDC
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR, bagabye igitero gikomeye ku birindiro bya M23 mu gace ka Kigoma.
Iyi mirwano ihanganishije FARDC na M23 yongeye kubura mu!-->!-->!-->…
Hashyizwe hanze indi raporo ya paji 131 aho LONI ishinja u Rwanda gutera DR Congo no gufasha M23
Itsinda ry’inzobere za ONU rivuga ko rifite “ibimenyetso bikomeye” ko ingabo z’u Rwanda zarwanye hamwe n’inyeshyamba za M23 mu burasirazuba bwa DR Congo zinabaha intwaro.
Biri muri raporo ikiri ibanga y’impapuro 131 ibiro!-->!-->!-->…
Colonel BISAMAZA wari mu gisirikare cya FARDC yacitse ingabo za Leta yisangira M23
Umusirikare ufite ipeti rya Colonel muri Gisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaragitorotse ajya kwifatanya na M23 ayisanga mu Mujyi wa Bunagana umaze iminsi uri mu maboko y’uyu mutwe.
Col Bisamaza Kayonde Richard!-->!-->!-->…
“Nutareka ubwo butekamutwe bwawe nzagukubita” Mukankiko abwira Padiri Thomas
MUKANKIKO Sylvie, umwe mu batavuga rumwe n'ubutegetsi bw'u Rwanda, yabwiye Padiri NAHIMANA THOMAS ko nakomeza ubutekamutwe bwe azamukubita.
Intambara y'amagambo irakomeje hagati ya bamwe mu bavuga ko batajya imbizi n'ubutegetsi bwo mu!-->!-->!-->…