Browsing Category
Politike
Ngororero: Akarere kasabiye umuvugizi w’ishyaka DALFA-Umurinzi gukurwa ku rutonde rw’abafashwa na…
Mahoro Jean, umuvugizi w’ishyaka rya DALFA-UMURINZI (Development and Liberty For All) ritavuga rumwe n’ubutegetsi buriho mu Rwanda unasanzwe ari mu bagenerwabikorwa b’Ikigega cya Leta gishinzwe gufasha abacitse ku icumu rya Jenoside!-->!-->!-->…
Havutse Intambara y’amagambo hagati ya Donald Trump na Barrack Obama wigeze kuyobora Amerika
Barack Obama yashinje Donald Trump wamusimbuye ku butegetsi avuga ko afata kuba perezida w'Amerika nk'"ikindi kiganiro cyo kwigaragaza kuri televiziyo", mu ijambo risesereza yavugiye mu nama nkuru y'ishyaka ry'abademokarate isoza!-->!-->!-->…
Mali: Ni bande bacuze umugambi wo guhirika ubutegetsi mu gihugu cya Mali?
Abacuze umugambi wo guhirika ku butegetsi Perezida Ibrahim Boubacar Keïta ejo ku wa kabiri barimo n'uwungirije umukuru w'ikigo cya gisirikare ndetse na Jenerali wize mu Bufaransa.
Ikinyamakuru Indorerwamo.com cyabakoreye inkuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Mali: Nyuma yo gutabwa muri yombi n’abasirikare be, prezida yahatiwe kurekura ubutegetsi
Nyuma yo gutabwa muri yombi n'a gatsiko ka gisirikare mu gihugu cya Mali, prezida KEITA yahatiwe kurekura ubutegetsi abushyira mu maboko y'abasirikare.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 18 Kanama 2020 nibwo agatsiko ka gisirikare gafashe!-->!-->!-->!-->!-->…
Joe Biden arahabwa amahirwe yo kwegukana intsinzi mu matora ya Prezida muri Amerika
Isuzuma ry’uburyo amahirwe arutana hagati y’abakandida Perezida Donald Trump na Joe Biden wigeze kuba visi perezida w’icyo gihugu, rigaragaza ko Biden ubu arusha mugenzi we amanota icyenda.
Ni amajwi yashyizwe hamwe na CNN ishingiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Michelle OBAMA arasanga Trump atari akwiye kuyobora igihugu nka Amerika
Michelle Obama yibasiye bikomeye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, mu gihe abademokarate bari kwitegura gutangaza ku mugaragaro Joe Biden nk'uwo bazahatana mu matora.
Mu butumwa bwuzuye imbamutima, Michelle!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Komisiyo ishinzwe kurwanya ruswa irashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi
Prezida w'igihugu cya Zambiya arashinja komisiyo ishinzwe kurwanya ruswa gushaka kumuhirika ku butegetsi.
Perezida w'igihugu cya Zambia, Bwana Edgar Lungu yashyize mu majwi abahagarariye komisiyo yo kurwanya ruswa mu gihugu cye!-->!-->!-->!-->!-->…
Afrika y’epfo: Umugabo wakekwagaho icyaha cyo kwica abagore benshi yiyahuye mbere y’uko…
Minisitiri ushinzwe polisi muri Afurika y'Epfo yatangaje ko umugabo wiyahuriye muri kasho ya polisi yari yemeye ko yishe abagore benshi mu cyaro cyo mu ntara ya KwaZulu-Natal.
Amagana y'abantu uyu munsi kuwa mbere yagiye imbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Mogadishu: Abasirikare ba Somalia babohoje Elite Hotel yari yigaruriwe na al-Shabab
Itsinda ry'abasirikare kabuhariwe ba Somalia rivuga ko ryasoje ihagarara ry'ubuzima kuri hoteli yo mu murwa mukuru Mogadishu yari yagabweho igitero n'intagondwa za al-Shabab zigendera ku mahame akaze ya kisilamu.
Abantu batari munsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida Kagame yongeye agirira ikizere Mme UWACU Julienne wari umaze igihe ashomereye
Madame UWACU Julienne yongeye agirirwa ikizere na guverinoma agirwa umuyobozi w'ikigega kita ku mpfubyi za genoside yakorerwe abatutsi FARG
Mu itangazo ry'Ibyemezo by'Inama y'Abaminisitiri yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 16 irashize Abanyamulenge 166 biciwe bunyamaswa i Bujumbura, barasaba ubutabera
Imyaka ibaye 16 Abanyamulenge 166 bari bahungiye mu nkambi yo mu Gatumba zishwe mu buryo bwa kinyamaswa n'inyeshyamba za FNL
Mu mwaka wa 2004 mu rukerera rwo ku italik 13 z'ukwezi kwa munani abanyekongo bo mu bwoko bw'Abanyamulenge!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ntitwifuza gukorana n’abantu b’indyarya” Prezida Evariste
Ubwo yavugaga ku kibazo cy'impunzi z'Abarundi, Perezida Evariste Ndayishimiye yatangaje ko igihugu cye kitazagirana imigenderanire n'igihugu gikoresha uburyarya, yemeza ko impunzi zandikiye leta ngo izifashe gutahuka bazi neza ko!-->!-->!-->…
Facebook na twitter zafunze konti za Trump kubera amakuru bise ay’ibinyoma yari yanyujijeho.
Imbuga za Facebook na Twitter zaraye zihannye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika ndetse n'itsinda rishinzwe kumwamamaza mu matora yimirije, kubera kuvuga ko abana ari "nkaho badakorwaho" na coronavirus.
Facebook!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Abakozi 16 harimo na ba Gitifu b’imirenge 5 birukanywe ku kazi kubera kurya imihanda…
Abakozi bagera kuri 16 bo mu Karere ka Rutsiro harimo n'abanyamabanga nshingwabikorwa b'Imirenge 5 birukanywe ku kazi by'agateganyo
Ubuyobozi bw'Akarere ka Rutsiro bwemeje ko bwahagaritse by'agateganyo abakozi b'ako Karere bagera!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikifuzo cya Trump cyo kwigizayo amatora cyatewe utwatsi
Abayobozi muri Perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, White House, batangaje ko amatora ya Perezida azaba kuwa 3 Ugushyingo 2020 nk’uko byateguwe, nyuma y’uko Perezida Donald Trump, yifuje ko yigizwa inyuma.
Mu cyumweru!-->!-->!-->!-->!-->…