Browsing Category
Politike
Sudani y’Epfo: Salva Kiir na Riek Machar bemeye leta y’ubumwe
Perezida wa Sudani y'Epfo, Salva Kiir, n'uwo bahanganye Riek Machar bemeranyije gushyiraho leta y'ubumwe ku wa gatandatu.
Ibi bikurikiye inama bagiranye mu biro by'umukuru w'igihugu i Juba ku wa Kane.
Perezida Kiir yiyemeje!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta ya UGANDA yohereje abagabo 2 bakekwaho kugaba igitero mu Kinigi umwaka ushize
Bwana SELEMANI na Bwana FIDELE bamwe mu bakekwaho kugaba ibitero mu mwaka ushize mu Murenge wa Kinigi bari mu boherejwe mu Rwanda
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu nibwo Abanyarwanda bagera kuri 15 bari bafungiwe mu magereza yo!-->!-->!-->!-->!-->…
Human Rights Watch Yasabye U Rwanda gutanga ibisobanuro ku rupfu rwa KIZITO MIHIGO
Human Right Watch iravuga ko ibyo u Rwanda rivuga ku rupfu rwa Kizito MIHIGO bidasobanutse igasaba Leta y'u Rwanda gutanga ubusobanuro
Nyuma y'aho polisi isohoye itangazo ku munsi w'ejo rivuga ko Bwana KIZITO MIHIGO yiyahuye arapfa,!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda yarekuye abandi Banyarwanda 13 bari bafungiyeyo
Igihugu cy'Ubugande cyongeye kurekura abandi Banyarwanda 13 bari bafungiye muri za kasho z'i Kampala.
Igihugu cy'Ubugande cyongeye kirekura abandi Banyarwanda bagera kuri 13 bari bafungiwe muri za kasho zo muu gihugu cya Uganda mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye ingano ya “RUSWA” Dr ISAAC MUNYAKAZI yariye mbere yuko yegura.
Hamenyekanye ingano y'amafranga uwahoze ari umunyabanga wa Leta muri ministeri y'uburezi Dr ISAAC MUNYAKAZI yakiriye nka ruswa kugira azamure mu mwanya ikigo cyari mu myanya ya nyuma
Mu minsi ishize nibwo hamenyekanye inkuru ijyanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Dr DIANE GASHUMBA wari ministre w’ubuzima nawe amaze kwegura.
Dr GASHUMBA DIANE wari ugiye kumara hafi imyaka ine ayobora ministeri y'ubuzima nawe amaze kwegura ku mirimo ye nyuma yo kugaragarwahog imikorere idahwitse.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki ya 14 nibwo ibiro bya ministre!-->!-->!-->!-->!-->…
Intumwa z’u Rwanda na Uganda zigiye kongera guhurira I Kigali mu biganiro by’amahoro
Biteganijwe ko intumwa z'U Rwanda n'izo mu gihugu cya Uganda zongera guhurira I Kigali mu biganiro byo gushaka amahoro.
Uyu munsi kuwa gatanu nibwo biteganijwe ko intumwa za Uganda ziza I Kigali zigahura n'intumwa zo ku ruhande rw'u!-->!-->!-->!-->!-->…
Biravugwa ko KIZITO MIHIGO yagerageje guha agatubutse abaturage ngo bamwambutse bamubera ibamba
Abaturage bo mu Murenge wa Nyabimata baravuga ko KIZITO yaba yagerageje kubaha amafranga ibihumbi 300 ngo bamwambutse barabyanga.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 13 Gashyantare 2020 byinshi mu binyamakuru byo mu Rwanda byari bifite!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Byari amarira n’agahinda ubwo abakozi b’Akarere basezeragaho uwahoze ari visi…
Uwahoze arI visi meya UMUTESI SOLANGE yasezeye ku buyobozi yerekeza mu nshingano nshya mu mugi wa Kigali.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 11Gashyantare 2020 mu cyumba cy'Inama cy'Akarere ka Nyanza habereye umuhango wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidatunguranye Umutwe wa Sena wagize umwere Donald Trump ku birego byose yaregwaga.
Umutwe wa SENA wiganjemo n'aba Republicains wakomeye ku mukandida wabo Donald TRUMP umugira umwere
Ku ugoroba wo kuru uyu wa gatatu nibwo inteko ishingamategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika umutwe wa Sena wagombaga gufata!-->!-->!-->!-->!-->…
Malawi: Urukiko rwatesheje agaciro intsinzi ya PETER MUTHARIKA
Urukiko rukuru mu gihugu rwatesheje agaciro intsinzi ya Prezida rutegeka ko hakorwa andi matora mu mezi atanu.
Nyuma y'imvururu nyinshi n'imyigaragambyo myinshi y'abaturage batemeye ibyavuye mu matora ya Prezida wa Repubulika yabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yavuze ko igiye guhagurukira ikibazo cya Ministre Evode uherutse guhutaza umusekirite
Ku mugoroba w'ejo kuwa mbere nibwo mu bitangazamakuru ndetse no ku mbuga nkoranyambaga hiriwe impaka nyinshi zishingiye ku kuba Ministre Evode yarahiritse umukobwa ushinzwe gusaka abantu binjira muri imwe mu magorofa yitwa Pension!-->!-->!-->…
Burundi: Visi prezida GASTON SINDIMWO amaze kwemezwa n’ishyaka rye guhatanira umwanya wo…
Bwana SINDIMWO Gaston wari visi prezida w'igihugu cy'u Burundi amaze gutorwa n'ishyaka rye nk'umukandida mu matora ya Prezida muri Icyo gihugu.
Mu nama rukokoma y'ishyaka rya Politiki rya UPRONA yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’iminsi 1,317 birangiye Ubwongereza bwikuye mu Muryango w’Ubumwe…
Nyuma y'imyaka irenga itatu babiharanira, kera kabaye Ubwongereza bwashyize businya gatanya n'umuryango w'ubumwe bwa Bulayi
Impundu z'ibyishimo ni kimwe mu byaranze umubare munini w'abatuye mu mugi wa Londres nyuma y'aho hashyizwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Ejo ku cyumweru Prezida KAGAME arongera guhurira na Prezida MUSEVENI I Luanda mu biganiro…
Ba Prezida Yoweri Kaguta MUSEVENI na Prezida Paul KAGAME barongera bahurire mu biganiro by'amahoro muri Angola.
Abinyujije kuri Twitter ye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu, umunyamabanga wa Leta muri ministeri y'ububanyi!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…