Browsing Category
Politike
Abanyarwanda 9 bari bafungiye I Bugande baraye batashye mu Rwanda
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu Abanyarwanda icyenda barekuwe na Leta ya Uganda baraye batashye mu rwa Gasabo.
Nyuma y'aho ubushinjacyaha bwa Leta ya Uganda buhagaritse gukurikirana Abanyarwanda icyenda bari bafungiye muri za gereza!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida TRUMP DONALD yavuze ko ata musirikare n’umwe wa Amerika wahitanywe n’ibitero bya…
Prezida Donald TRUMP yanyomoje amakuru yavugaga ko hari abasirikare bahitanywe n'ibitero bya IRAN.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 7 Mutarama 2020 igihugu cya Iran cyagabye ibitero bya misile ku birindiro by'ingabo za!-->!-->!-->!-->!-->…
HUYE: Abaturage barashinja abayobozi gutekinika imibare bigatuma iterambere ryabo ridindira
Abaturage bo mu Murenge wa Simbi mu Karere ka HUYE barashinja Gitifu w'Umurenge gutanga imibare y'ibinyoma bigatuma umuturage adindira mu iterambere
Bamwe mu ntumwa za Rubanda bari mu Ntara y'amagepfo kugira ngo bumve ibibazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibihugu by’u Rwanda n’u Burundi bikomeje kwitana “bamwana”
U Rwanda n'u Burundi bikomeje kwitana bamwana, buri kimwe kiravuga ko cyagiye gitera ikindi mu bihe bitandukanye.
Mu mpera z'umwaka ushize perezida w'igihugu cy'Uburundi PIERRE NKURUNZIZA yashinje igihugu cy'u Rwanda ko cyagize!-->!-->!-->!-->!-->…
“LA ROUSSE” ishobora gushyirwa mu nkiko kubera gupfobya Genoside yakorewe Abatutsi
Inzu ikomeye cyane icapa, ikandika ikanagurisha ibitabo yo mu Gihugu cy'Ubufaransa irashinjwa gupfobya genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
LAROUSSE ni inzu icapa, ikandika ndetse ikanacuruza ibitabo mu gihugu cy'Ubufaransa, ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Mme MUKANTABANA Séraphine yakuwe ku mwanya wa Komisiyo ya Demobilisation
Ministre w'intebe yaraye yirukanye Mme MUKANTABANA SERAPHINE ku mwanya w'umuyobozi wa Komisiyo ishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare
Ministre w'intebe Dr NGURENTE EDOUARD yasezereye ku mirimo ye Madame!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida NKURUNZIZA yongeye gushimangira ko ari U RWANDA ruhora rutera u Burundi
Prezida w'Uburundi Pierre NKURUNZIZA yongeye ashimamangira ko U Rwanda arirwo ruhora rutera igihugu cy'U Burundi
Mu kiganiro prezida w'u Burundi PIERRE NKURUNZIZA yagiranye n'itangazamakuru kuri uyu munsi taliki ya 26 ukuboza 2019!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rusubitse urubanza rwa SANKARA uregwa ibyaha 16 byose
Urugereko rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imbibe rumaze gusubika urubanza rwa SANKARA
Kuri uyu munsi taliki ya 24 Ukuboza 2019 urugereko rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imbibe!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyapolitiki ukomeye muri RDC yasabye ko igihugu cye gitera u Rwanda
Bwana MUZITO ADOLPHE arasanga igisubizo cy'umutekano wa Congo cyakemurwa no gutera u Rwanda
Umuhuzabikorwa ry'ihuriro ry'amashyaka atavuga rumwe na Leta ya Repubulika iharanira Demokrasi ya Congo "LAMUKA" bwana MUZITO ADOLPHE yavuze!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Paul Kagame yifuza gusimburwa n’umugore
Atangiza inama y'igihugu y'umushyikirano, Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yavuze ko 'rimwe ajya yifuza ko umwanya ariho yazakurikirwa n'umugore', ndetse ko bishoboka ko n'abagabo ariko babyifuza.
Yavugaga ashima ibyo igihugu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yatinze ku gusenyera abaturage biri gukorwa atangiza inama ya 17…
Perezida Paul Kagame w'u Rwanda atangiza inama ya 17 y'umushyikirano yafashe umwanya munini avuga ku biri kuba byo gusenya ku ngufu z'ubutegetsi inzu z'abaturage ziri mu manegaka n'ibishanga.
Yavuze ko iki ari ikibazo gishobora!-->!-->!-->!-->!-->…
MINALOC yatangajeko Imiryango 1500 yasenyewe imaze gufashwa mu buryo bwo gukodesherezwa
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), ifatanije n’izindi Minisiteri zirimo iy’Ibidukikije, iy’Ibikorwa remezo ndetse n’iy’Imicungire y’Ibiza, abayobozi b’Intara n’Umujyi wa Kigali, yagaragaje ko imiryango 6.000 yari ituye mu!-->…
USA: Inteko Ishingamategeko yeguje Donald TRUMP
Inteko ishingamategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaraye itoreye icyemezo cyo Kweguza Prezida Trump.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu ahagana saa 1h30 GMT nibwo inteko rusange y'umutwe w'abadepite bo mu gihugu cya Leta zunze!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 15 LONI yacyuye ingabo zayo zabarizwaga muri HAITI
Nyuma y'imyaka 15 iri mu bikorwa byo kubungabunga no kugarura amahoro mu gihugu cya HAITI, LONI yiyemeje gucyura ingabo zayo.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 15 Ukwakira 2019, umunyamabanga mukuru w'umuryango w'abibumbye LONI…
Imyaka ibiri irashize uwabaye umwami wa Nyuma w’u Rwanda Atanze
Imyaka imaze kuba ibiri uwahoze ari umwami w'u Rwanda atangiye mu gihugu cya Leta Zunze ubumwe za Amerika, igihugu yari amazemo imyaka isaga 25.
Ku italiki ya 16 Ukwakira umwaka w'i 2017 nibwo inkuru mbi yasakaye urwa Gasabo ivuga ko…