Browsing Category
Ubuzima
Rwanda:Umubyeyi w’imyaka 73 y’amavuko yaraye ahitanywe na Covid-19
Kuri uyu wa Kane tariki ya 05 Ukwakira 2020 hatangajwe umubyeyi w’imyaka 73 ubaye uwa 36 wishwe n’icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda, abarwayi bashya 18 n’abakize 10, bituma abamaze gukira bagera ku 4,940 bangana na 95% by’abarwayi bose!-->!-->!-->…
Abatanga serivisi za Massage bemerewe gukora
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwatangaje ko abatanga serivice za massage bemerewe kongera gukora, hubahirizwa amabwiriza ajyanye no kwirinda Covid-19.
RDB ivuga ko ahakorerwa massage hafunguwe mu rwego rwo kuzahura ubukungu!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu Rwanda habonetse 12 barwaye Covid-19 bashya ntawakize
Minisiteri y’Ubuzima , yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Ugushyingo 2020, mu Rwanda habonetse abantu 12 bashya banduye COVID-19, mu bari barwaye ntawakize .
Abanyarwanda barasabwa gukomeza gukurikiza amabwiriza yo kwirinda!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu 9Abanduye Covid-19
Umubare w’abamaze kwandura COVID-19 mu Rwanda ugera kuri 5,155, mu gihe abamaze kuyikira ari 4,922. Abakirwaye ni 198 naho abapfuye akaba ari 35.
Iri tangazo rya Minisiteri y’Ubuzima rigaragaza ko aba barwayi baturutse I Kigali:2,!-->!-->!-->…
Nyanza: Umushinga INADEO wafashije abaturage gutera ibiti by’ibuto bisaga 300
Umushinga INADEO wafashije abagenerwabikorwa bawo bo mu Karere ka Nyanza gutera ibiti by'imbuto ziribwa bigera kuri 300.
Ni umuhango wabaye kuri uyu wa 26 Ukwakira 2020 mu Karere ka Nyanza, mu murenge wa Busasamanana mu kagali ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagabo bibukijwe ko ihame ry’uburinganire nabo ribareba.
Rose Rwabuhihi, Umugenzuzi Mukuru w'Iyubahirizwa ry'Ihame ry'Uburinganire n'Ubwuzuzanye mu Rwanda GMO yibukije abagabo ko nabo barebwa ndetse na cyane n'ihame ry'uburinganire mu muryango.
Akenshi iyo havuzwe uburinganire, humvikana!-->!-->!-->!-->!-->…
Inzozi za “MWITENDE” Umunyamuzika ufite ubumuga bwo kutabona
Alexandre Mwitende umunyamuziki wo mu Rwanda, avuga ko vuba cyangwa cyera muzika ye izagera ku rwego mpuzamahanga, kuko ubumuga afite bwo kutabona budasobanuye ko adashoboye.
Asanzwe azwi muri za 'bars' i Kigali aho acuranga!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutahizamu ukomeye wa Rayon Sport yasanzwemo covid-19
Umunya-Mali Moussa Camara wari utegerejwe mu Rwanda kuwa Gatanu w’icyumweru gishize basanze yaranduye #COVID19, ashyirwa mu kato ariyo mpamvu agomba kugera mu Rwanda mu cyumweru gitaha nta gihindutse.
Umuyobozi mushya wa Rayon!-->!-->!-->!-->!-->…
Ishusho y’ibyaranze isubukurwa ry’amashuri nyuma y’amezi 8 afunze.
Nyuma y'amezi agera ku munani amashuri yarafunze mu Rwanda kubera kwirinda ikwirakwiza ry'icyorezo cya Coronavirusi, hari byinshi byaranze uyu munsi.
Agapfukamunwa, gukaraba intoki no kwirinda kwegerana ni ibishya biri ku mashuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubwongereza: Leta igiye gusubiza Abaturage muri gahunda ya #gumamurugo#
Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yatangaje ibihe bidasanzwe bya guma mu rugo bizamara ukwezi kumwe, mu rwego rwo kugabanya ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus gihangayikishije iki gihugu kubera ubwiyongere bw’ubwandu!-->!-->!-->…
METEO Rwanda yaburiye Abanyarwanda ko imvura izaba nyinshi cyane mu gihugu.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo Rwanda, cyatanze integuza ko hagati ya tariki ya 1 na 10 Ugushyingo 2020, hateganyijwe imvura nyinshi.
Mu itangazo ryasohowe ku wa 31 Ukwakira, Meteo Rwanda yatangaje ko iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Hakenewe ingamba ku bantu bahishira abasambanya abana-Mukasine Marie Claire.
Umuyobozi wa Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu mu Rwanda, Mukasine Marie Claire, avuga ko hakenewe ingamba ku bantu bahishira abasambanya abana n’ingamba zo kwigisha no kudahishira abakora ibyo byaha.
Yabivuze mu nama!-->!-->!-->!-->!-->…
Mineduc yihanangirije ibigo by’ishuli byihaye kuzamura amafranga ya minerval
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Ukwakira 2020, Ubwo Minisitiri w’Uburezi, Dr. Uwamariya Valentine yari mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Nyanza yibukije ko nubwo amashuri agiye gutangira abayobozi b’ibigo batemerewe kuzamura amafaranga!-->!-->!-->…
Nyanza: Akarere kihaye igihe cy’umwaka ngo kazibe icyuho mu gutera amashyamba.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza buvuga ko bwasigaye inyuma mu kwesa umuhigo wo gutera amashyamba kugera ku kigero cya 30% ku buso bw’ubutaka bukagize nk’uko kari karabyiyemeje.
Mu 2019 ni bwo u Rwanda rwesheje umuhigo rwari rwarihaye!-->!-->!-->!-->!-->…
FRANCE: Leta yasubije abaturage muri gahunda ya #gumamurugo#
Perezida Emmanuel Macron w'Ubufaransa yaraye atangaje ingamba za 'guma mu rugo' mu gihugu hose ku nshuro ya kabiri, kugeza nibura mu mpera y'ukwezi kwa cumi na kumwe.
Inkuru dukesha ibiro ntaramakuru by'abongereza BBC ivuga ko Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…