Browsing Category
Ubuzima
Coronavirus yatumye agace kose gasenywa abagera kuri 70 bahaburira ubuzima
Icyorezo cya coronavirus cyatumye agace kabura umutekano inyubako zirasenywa abagera kuri 70 bahaburira ubuzima mu Bushinwa.
Amashusho yiriwe azenguruka ku mbuga nkoranyambaga kuwa gatandatu yagaragaje imwe mu nyubako zo mu gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
KENYA:Umunyeshuri yafatiwe mu cyuho ari gusambanya Umugore wa Mwalimu we.
Umunyeshuri umwe wo muri Kaminuza ya Nairobi muri Kenya, yafatiwe mu cyuho, afatwa na mwarimu we ari kumusambaniriza umugore.
Iyi ni inkuru yakomeje gutambutswa ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere,!-->!-->!-->!-->!-->…
Icyoba ni cyose ku Banyarwanda nyuma y’aho umuntu wa 1 ufite Coronavirus abonetse muri RDC.
Ubwoba bumaze kuba bwinshi nyuma y'aho icyorezo cya "Coronavirus" kimaze kugera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.
Ministre w'ubuzima muri Repubulika iharanira demokrasi ya Congo yatangaje ko kuri uyu wa wakabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukecuru n’umusaza bamaze imyaka 80 babana basobanuye ibanga bakoresheje ridasanzwe
Dogiteri Thomas Freeman na Clarise umwe afite imyaka 100 undi 99 ariko bose baracyakundana nkabana bato kuva mu 1943.
Uyu musaza nuyu mukecuru batuye Houston muri Amerika batangaje ko ibanga ryo kuba barambanye bigeze hano ari uko!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubukingirizo bwashize mu maguriro kuberako abaturage bari kubukoresha ku ntoki birinda Coronavirus
Mu gihe icyorezo cya Coronavirus gikomeje gukwirakwira hirya no hino kw'isi abaturage bo mu bihu bimwe na bimwe batangiye kwifashisha udukingirizo mu kwirinda mu gihe bagiye mu cyuma gifasha abantu kuzamuka cyangwa kumanuka mu nyubako!-->!-->!-->…
Umugabo yishe umwana we amuziza ko atakoze umukoro wo kwishuri(Homework)
Polisi yo mu gace ka Kawempe yatangaje ko yataye muri yombi umugabo witwa Alex Ssebuliba utuye mu gace imuziza kuba yakubise umwa we akarinda apfa amuziza kudakora umukoro w'ishuri.
Uyu mugabo Alex Ssebuliba atuye Jinjakalori ho!-->!-->!-->!-->!-->…
Abashinwa noneho bahisemo kuzajya basuhuzanya bakoresheje ibirenge kubera ubwoba bwa Coronavirus.
Mu gace ka Wuhan ahiganje icyorezo cya Coronavirus bahisemo kuzajya basuhuzanya bakoresheje ibirenge aho gukoresha ibiganza.
Amashusho y'abagabo basuhuzanyaga mu buryo budasanzwe bumenyerewe mu Bushinwa yiriwe atambagira ku mbuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ubukangurambaga bwatumye umwaka wose ushira nta wishwe na Malariya
Abayobozi n'abaturage bo mu Karere ka Nyanza barashima ubukangurambaga bwakozwe ku ndwara ya malariya, ikintu cyatumye umwaka wose ushira nta wuhitanywe nayo.
Kuri uyu wa mbere Akarere ka Nyanza katangiye igikorwa cyo gutera imiti!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuherwe Bill Gates yatangaje ikintu agiye gukora agaca burundu Coronavirus yazengereje isi
Umuherwe Bill Gates yatangaje hatagize igikorwa mu maguru mashya icyorezo cya Coronavirus gikomeje guhitana imbaga cyajegeza isi mu gihe haba hakomeje kubaho kurebera,anatanga n'inama.
Ni umutwe w'inkuru wagira uti nigute twarwanya!-->!-->!-->!-->!-->…
Guhana amahoro ya Kristu byahagaze muri kiliziya kubera Coronavirus, byasimbujwe gukoresha amazi…
Mu mujyi wa Lagos muri kiliziya gatolika kubera ubwoba bw'icyorezo cya Coronavirus guhana "amahoro ya kristu" bakoresheje ibiganza byahagaritswe.
Nyuma y'aho iki cyorezo kigaragaye bwambere mu mujyi wa LAGOS mu gihugu cya Nigeriya,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ihere ijisho abaganga babiri babyinnye ivumbi riratumuka nyuma yuko bavuye abarwayi bari barwaye…
Mu gihugu cy'ubushinwa abaganga babiri biriwe kumbuga nkoranyambaga nyuma yaho batabaye ubuzima bwabantu batandu bari barwaye cya cyorezo cya Coronavirus.
Uwafashe aya mashusho yaba baganga acyiyashyira hanze yahise arebwa!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Biracyekwako Papa Francis yaba yanduye cya cyorezo cya Coronavirus(Amafoto)
Papa Francis nyuma yuko agize uburwayi butunguranye byatumye asubika misa yagombaga gusoma bikekwa ko yaba yanduye cya cyorezo cya Coronavirus.
Ku myaka ye 83 yasubitse Misa yagomaga gusoma abitewe n'uburwayi butunguranye kuruyu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Imiti yongera ubushake bwo kurongora yahitanye umugabo w’imyaka 40
Umugabo w'imyaka 40 witwa Paul Okwudili yaguye muri Hoteli azize imiti yongera ubushake bwo kurongora.
Umuvugizi wa Polisi muri leta ya Anambra yatangajeko ayo makuru ari impamo nkuko umuyobozi wiriya hoteli uriya mugabo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ibitaro by’Akarere ka Nyanza byizihije ibirori byo kwakira abakozi bashya.
Ibyishimo byari byinshi mu birori byo kwakira abakozi bashya mu bitaro by'Akarere ka Nyanza.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 21 Gashyantare 2020 nibwo abakozi bose b'ibitaro by'Akarere ka Nyanza n'abandi batumirwa batandukanye bahuriye!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore yaciwe amaguru n’amaboko nyuma yo kurumwa n’isiha
Umugore uherutse kurumwa n'isiha agacibwa amaguru n'amaboko n'abaganga arashima Imana yamutabaye no kuba akiriho.
Umugore witwa Shan Visser ukomoka muri Afrika y'epfo mu gace ka KwaZulu Natal,yarumwe n'isiha nyuma y'iminsi ibiri!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…