Browsing Category
Ubuzima
Rwanda: Uruhinja rw’amezi 10 gusa barusanzemo Coronavirus
Mu Rwanda uruhinja rw'amezi 10 barusanzemo ubwandu bwa virusi yo mu bwoko bwa Corona, bikuraho urujijo ku bavugaga ko ifata abakuze gusa.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki ya 20 Werurwe 2020, ministeri y'ubuzima mu Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB iraburira Abanyarwanda kubera abatekamutwe badutse bitwikiriye Coronovirus(COVID-19)
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwasabye Abanyarwanda kwitwararika kubera abatekamutwe badutse bitwikiriye ibihe igihugu kirimo cyo guhangana n'icyorezo cya CORONOVIRUS.
U Rwanda ruherutse gufata ibyemezo bikomeye kubera iki!-->!-->!-->…
Guhera kuri uyu wa Kane, kohereza no kwakira cash hakoreshejwe tel birakorwa nta kiguzi.
Mu rwego rwo gukumira no kwirinda icyorezo cya Coronavirus, Leta y'u Rwanda yategetse ko guhera none kohereza no kwakira amafranga hifashishijwe terefoni bikorwa nta kiguzi.
Kuva kuri uyu wa gatandatu taliki ya 14 Werurwe 2020 ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
UBUSHINWA BWATANGARIJE ISI UMUTI WA CORONAVIRUS KO WABONETSE
Ubushinwa bumaze gutangariza amahanga umuti wa coronavirus wabonetse (FAVIPIRAVIR), uzajya uvura by'agateganyo
Ahagana kugicyamunsi cyo kuri uyu wa mbere mu bushinwa kumasaha yo mu Rwanda i Kigali 15h45 itsinda ry'abaganga ba!-->!-->!-->!-->!-->…
Umurwayi wa mbere wa Coronavirus yasabye imbabazi abaturage!
Isabella MWAMPAMBA wagaragayeho virusi ya Corona muri Tanzaniya yasabye imbabazi abaturage.
Mu gitondo cyo kuri uyu munsi, ari ku murongo wa terefoni madame ISABELLA MWAMPAMBA umunyaTanzaniya wa mbere wagaragayeho ubwandu bwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umurundi wa 2 yasanzwemo icyorezo cya Coronavirus muri Kenya.
Igihugu cya Kenya kimaze gutangaza ko hari Umurundi basanze afite coronavirus
Nyuma y'aho mu Rwanda hagaragariye umurwayi w'Umurundi ufite virusi ya corona kuri uyu wa Kabiri, igihugu cya Kenya nacyo kimaze gutangaza ko hari!-->!-->!-->!-->!-->…
Hongeye kuboneka undi Murwayi wa 8 ufite Coronavirus mu Rwanda
Ministeri y'ubuzima mu Rwanda imaze gutangaza ko habonetse undi murwayi wa coronavirus
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, ministeri y'ubuzima mu Rwanda imaze gutangaza ko habonetse undi murwayi wa coronavirus. Mu itangazo ministeri!-->!-->!-->!-->!-->…
Uruganda OXALIS rwafunzwe kubera uburiganya rwitwaje Coronavirus
Uruganda rwa OXALIS rwakoraga ibikoresho by'isukurwafunzwe kubera uburiganya mu gucuruza imiti y'isuku.
Ikigo k'igihugu gishinzwe ubuziranenge bw'ibiryo n'imiti mu Rwanda rwaraye rufunze uruganda rwa OXALIS ruherereye mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Abamotari bategetswe gukuraho ibirahure kuri za casques z’abagenzi
Leta yasabye Abamotari gukuraho ibirahuri kuri za casques zabo mu rwego rwo gukumira icyorezo cya Coronavirus.
Mu gihe abarwayi ba Coronavirus bamaze kuba 7, Leta irimo gukaza ingamba zo kongera ubwirinzi mu Banyarwanda mu rwego rwo!-->!-->!-->!-->!-->…
MINEDUC yemeye kwishyura ikiguzi k’ingendo z’abanyeshuri bagomba gutangira gutaha none
Abanyeshuri batangiye gutaha ku kiguzi cya Leta.
Nyuma y'aho Y'uburezi mu Rwanda isabye ko abanyeshuri bacumbikiwe mu bigo bataha kubera kwirinda ubwandu bushya bwa Coronvirus, Leta yemeye ko igiciro cy'urugendo iri bucyishure ariko!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburyo bwo gutwara Abantu bahagaze muri za bus bwabaye buhagaritswe
RURA Imaze gusohora itangazo rihagarika uburyo abagenzi bagendaga bahagaze mu modoka mu rwego rwo kuganya ubwandu bushya bwa Coronavirus.
Nyuma y'aho umuntu umwe amaze kugaragaraho ubwandu bw'agakoko ka coronavirus mu Rwanda, Leta!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukecuru w’imyaka 73 akomeje gutangaza benshi bitewe n’uburyo yakoze umubiri
Umukecuru ugeze muzabukuru ukomoka muri Canada akomeje gutangaza benshi bitewe n'uburyo yakoze umubiri ashaje.
Uyu mukecuru wahoraga ahura n'ibibazo byo kugira umubyibuho ukabije n'umuvuduko w'amaraso yaje kugirwa inama ya kujya!-->!-->!-->!-->!-->…
Igisambo cyiyambitse nk’abaganga b’icyorezo cya Coronavirus kijya kwiba
Abantu bageze muzabukuru bagiriwe inama yo kwirinda abajura baza biyambitse nk'abaganga bita kubarwayi b'icyorezo cya Coronavirus mu mujyi wa Balcelona.
Ibi bije nyuma y'aho Polisi ivumburiye ko hari abiyambika nk'abaganga bakajya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ni akumiro noneho! Bamuguye gitumo aha ibera umwana wa shebuja ngo amwanduze SIDA.
Umukozi wo mu rugo mu cyaro Cyaro cya Nyeri muri Kenya, Catherine Mbuyuka yaguwe gitumo ashaka konsa umwana wa shebuja ngo amwanduze agakoko gatera SIDA.
Uyu mukozi yabonwe na kamera zo mu rugo ku wambere w'iki cyumweru, ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministre w’Ubuzima mu Bwongereza Yishyize mu Kato nyuma yo kwandura Coronavirus
Ministre w'ubuzima mu gihugu cy'Ubwongereza yishyize mu kato mu nzu ye nyuma y'aho ibizamini bigaragaje ko yanduye indwara ya coronavirus.
Ministre w'ubuzima w'igihugu cy'Ubwongereza Madame NADINE DORRIES kuva kuri uyu wa kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…