Browsing Category
Ubuzima
Bwana Nzayisenga Martin wasoromaga icyayi yituye hasi arapfa
Bwana NZAYISENGA Martin wo mu Karere ka Karongi wari mu murima w'icyayi ari gusoroma yituye hasi ubwo yari mu murima.
Mu murenge wa Twumba mu karere ka Karongi haravugwa inkuru y’umugabo witwa Nzayisenga Martin wituye hasi ubwo yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyemali MIRONKO Francois yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri muri gereza
Rwiyemezamirimo Mironko François yagejejwe mu Igororero rya Nyarugenge riherereye i Mageragere muri Nyarugenge, nyuma yo guhamywa icyaha cyo gutuka urukiko gikorewe mu iburanisha kuri uyu wa Gatatu tariki 22 Gashyantare 2023.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Christopher Kayumba washunjwaga gufata ku ngufu yagizwe umwere
Christopher Kayumba wahoze ari umwalimu muri kaminuza nkuru y’u Rwanda yatsinze urubanza yaregwagamo ibyaha byo gufata ku ngufu.
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatangaje ko Bwana Kayumba adahamwa n’ibyaha byo gufata ku ngufu ngo!-->!-->!-->!-->!-->…
Brazil: Abantu 40 batikiriye mu mwuzure wibasiye umurwa mukuru
Abantu bagera kuri 40 nibo bamaze kumenyekana ko bishwe n'umwuzure n'inkangu mu murwa mukuru wa Brazil Sao Polo.
Ubuyobozi bw’uyu Mujyi bwatangaje ko haguye imvura yari ku kigero cya milimetero 600, mu duce dutandukanye kuri iki!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Abaturage bariyr karungu barega Mudugudu ruswa Imbere ya Meya na Guverineri
Abaturage bo mu murenge wa Remera mu karere ka Musanze, barashinja abayobozi b’imidugudu kubaka ruswa, bagera n’ubwo bashaka kweguza umwe muri abo bayobozi, imbere ya Meya na Guverineri.
Mu gihe Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagane yihanganishije umuryango wa Depite Rwigamba
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yatanze ubutumwa bwihanganisha inshuti n’umuryango ba Nyakwigendera Depite Fidèle Rwigamba witabye Imana ku wa 15 Gashyantare azize uburwayi.
Depite Rwigamba wari ugejeje ku myaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Amayobera ku mugeni wituye hasi mbere ya padiri bikavugwa ko yarozwe
Amagambo akomeje kuba menshi nyuma y'aho umugeni yituye hasi kuri arutali imbere ya padiri ubwo yari arimo amusezeranya n'umugore we.(Photo:Igihe.com)
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 18 Gashyantare 2023 mu Karere ka Nyanza kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutangabuhamya yavuze uburyo interahamwe za Kabuga Felicien zishe abatutsi ku Kimironko
Iburanisha mu rubanza rwa Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside yabaye mu Rwanda mu 1994 ryakomeje kuri uyu wa kabiri, umutangabuhamya amushinja ko "mu gipangu cye" cyo ku Kimironko i Kigali bivugwa ko Interahamwe zahakoreraga!-->!-->!-->…
Agahinda n’umubabaro by’umwana w’umusore wanyoye nzoga yitwa “Kibamba”…
Umwana w'umusore witwa Kevin amaze imyaka irenga itatu yarahumye nyuma y'uko we na bagenzi babiri banyoye inzoga yitwa "Kibamba"
Kimwe mu bintu bishimisha umubyeyi wagiriwe amahirwe n'umugisha wo kubona urubyaro, ni ukubona abo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Hashyizwe udukingirizo ahantu hose hahurira abantu benshi
Mu rwego rwo gukumira ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA, indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina idakingiye no gukumira inda ziterwa abangavu, muri santere zihuriramo abantu benshi mu Karere ka Kirehe hatangiye gushyirwa ahantu!-->!-->!-->…
Kayonza: Imiryango 211 yasezeranye imbere y’amategeko
Mu cyumweru kimwe, mu kwezi k’ubukangurambaga bwahariwe isuku n’isukura, kurwanya igwingira mu bana no kugabanya amakimbirane mu miryango, kirangiye hasezeranye imbere y’amategeko, imiryango 211 yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko.
!-->!-->!-->!-->…
Isomwa ry’Urubanza rwa Dr Kayumba Christopher ryasubitswe
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse isomwa ry’Urubanza ruregwamo Dr Kayumba Christopher wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, ukurikiranyweho ibyaha byo gusambanya ku gahato n’ubwinjiracyaha muri icyo cyaha.
!-->!-->!-->!-->!-->…
U Buhinde: Abaturage basabwe kwizihiza ‘Saint Valentin’ bahobera inka
Ikigo cya Leta y’u Buhinde gishinzwe imibereho myiza y’inyamaswa cyasabye abaturage b’iki gihugu ko ku wa 14 Gashyantare ubwo hazaba hizihizwa Umunsi w’abakunda uzwi nka ‘Saint Valentin’ , umwanya wabo bazawukoresha bahobera inka aho!-->!-->!-->…
U Rwanda, UNHCR na EU bavuguruye amasezerano yo kwakira impunzi ziturutse muri Libya
Umuryango w'Ubumwe bw'Uburayi ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi UNHCR hamwe na Leta y’ u Rwanda, batangije icyiciro cya kabiri cy'ubufatanye ku masezerano y’imyaka 3 yo kwakira impunzi ziva muri Libya!-->!-->!-->…
Abasenateri basabye MINALOC kongera uruhare rw’abaturage mu igenamigambi ry’ibibakorerwa
Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu (MINALOC) iravugako kuva mu mwaka wa 2018 imaze kwakira ibitekerezo by'abaturage ku igenamigambi ry'ibibakorerwa, bigera ku 10,957. Ikavuga ko kuba hari ibitarakorwa kandi byaratanzwe byatewe!-->!-->!-->…