Browsing Category
Ubuzima
Gisagara: Umusore w’imyaka 25 akurikiranyweho gufata ku ngufu umugore w’imyaka 45…
Umuhungu w’umyaka 25 y’amavuko wo mu Murenge wa Kigembe mu Karere ka Gisagara, ukurikiranyweho gufata ku ngufu umugore w’imyaka 45 no kwangiza imyanya ndangagitsina ye, yiyemereye icyaha, avuga ko yangije imyanya ndangagitsina y’uwo!-->!-->!-->…
RUBAVU: Polisi yafashe magendu y’inzoga zifite agaciro ka miliyoni 50Frw
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC) ryafatiye mu murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu; magendu y’inzoga zirimo likeri, imivinyu n’izindi zitandukanye zifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda!-->!-->!-->…
Minisitiri Bayisenge yihanganishije umuryango waburiye abana 3 wari ufite mu mpanuka ku Kinamba.
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof Bayisenge Jeannette, yihanganishije umuryango wa Sikubwabo wapfushije abana batatu umunsi umwe baguye mu mpanuka y’imodoka.
Iyi ni ya mpanuka yamenyekanye cyane nyuma yo kuba!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yashyikirije Ubushinjacyaha dosiye y’ikirego cy’abantu 12 bakekwaho ibyaha byakorewe muri IPRC…
Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB, rwamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha dosiye y’ikirego kiregwamo abakurikiranyweho ibyaha byo kunyereza umutungo n’ubujura, bifitanye isano n’ibikoresho byibwe mu Ishuri rya IPRC-Kigali.
RIB yashyikirije!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umusore wagerageje kwiyahura inshuro eshatu, yasanzwe yapfuye.
Akazwinimana Eric w’imyaka 27 birakekwa ko yiyahuye yimanitse mu mugozi, nyuma yo kubigerageza inshuro eshatu ntibikunde.
Ibi byabaye ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri tariki ya 25 Ukwakira 2022, mu Murenge wa Mukarange, Akagari ka!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwanyomoje amakuru yavugaga ko abanyarwanda batemerewe kwinjira i Dubai
Guverinoma y'u Rwanda yanyomoje amakuru amaze iminsi avuga ko u Rwanda ruri ku rutonde rw'ibihugu aho abaturage barwo batemerewe kwinjira i Dubai.
Guverinoma y'u Rwanda ibinyujije muri Ambassade yayo mur Leta Zunze ubumwe z'Abarabu!-->!-->!-->!-->!-->…
Uncle Austin ntazongera kumvikana kuri mikoro za radiyo Power Fm yakoragaho.
Umunyamakuru usanzwe abifatanya n’ubuhanzi wamenyekanye nka Uncle Austin yatandukanye na Radio Power Fm yari amazeho amezi agera mu munani nyuma yo gusezera Kiss Fm.
Amakuru yizewe dukura ku kinyamakuru Igihe.com avuga ko Uncle!-->!-->!-->!-->!-->…
Amou Haji wari umaze imyaka irenga 50 atoga yapfuye nyuma gato y’uko bamwogeje ku gahato
Umunya Iran wari umaze igihe kinini atoga yitabye Imana ku myaka ye 94 nyuma y'amezi make gusa abaturage bihaye kumwoza ku ngufu.
Umunya Iran Amou Haj yamenyekanye cyane nk'umuntu wari umaze imyaka irenga 50 atazi icyo aricyo amazi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana Mulindahabi Diogene wayoboraga IPRC-Kgl amaze gutabwa muri yombi
Bwana Mulindahabi Diogene wayobora IPRC-Kigali amaze gutabwa muri yombi nyuma y'aho bigaragaye ko habaye ubujura bw'ibikoresho muri icyo kigo.
Ingenieur Mulindahabi Diogene wari usanzwe ayobora ishuri rya IPRC-Kigali riherereye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Amarangamutima ya Jeannette K. ku isabukuru ya perezida Kagame wujuje 65 ye
Kuri uyu wa 23 Ukwakira 2022, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yujuje imyaka 65 y’amavuko ndetse abantu ibihumbi n’ibihumbi bakomeje kwishimana na we bamwifuriza kurama.
Madamu Jeannette Kagame na we yifashishije!-->!-->!-->!-->!-->…
Aba Rayons bakoze akarasisi kuri Sitade bifuriza isabukuru Perezida Kagame wujuje imyaka 65
abafana b'ikipe ya Rayon sport bakoze akarasisi mu mukino hagati bifuriza isabukuru nziza y'amavuko perezida Kagame.
Abakunzi n'abafana b'ikipe ya Rayon Sport bakoze agashya ubwo bari muri sitade ya Kigali mu mukino wo ku munsi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Straton wahoze ari V/Perezida wa FDLR yagejejwe mu Rwanda nyuma yo kurangiza igifungo
Bwana Straton MUSONI wahoze ari visi perezida w'umutwe wa FDLR yaraye agejejwe mu Rwanda nyuma yo kurangiza igifungo cye mu gihugu cy'Ubudagi.
Straton Musoni wahoze ari visi perezida w’umutwe wa FDLR yagejejwe mu Rwanda aho agomba!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Murwanashyaka wishe umugore we amutemye yakatiwe gufungwa burundu
Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwakatiye igifungo cya burundu Murwanashyaka Charles bitaga Gacumba, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica umugore we Yankurije Vestine yabigambiriye, bakaba bari bafitanye umwana umwe.
Ni umwanzuro!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Minisitiri yahatiwe guhisha umubiri we nyuma yo gusembura abadepite kubera ikanzu ye
Minisitiri w’ubuzima wa Zambia Sylvia Masebo yahatiwe gupfuka intungu ze n’umugongo akoresheje igitambaro ari mu Nteko Ishingamategeko nyuma y’uko umudepite w’umugabo abwiye umukuru w’inteko ko uko yambaye birimo gutera “urusaku mu!-->!-->!-->…
Rwamagana: Abarimu n’abaganga barinubira amafaranga bakwa ku ngufu ngo ni ayo gufasha ikipe ya…
Hari bamwe mu barimu n'abaganga bakorera mu Karere ka Rwamagana bavuga ko batishimiye icyemezo cy'Akarere kibategeka gutanga umusanzu wo gufasha ikipe ya Rwamagana FC
Nyuma y'aho ubuyobozi bw'Akarere ka Rwamagana butegetse ko buri!-->!-->!-->!-->!-->…