Browsing Category
Ubuzima
Umuhanzi Rihanna ari mu byishimo byinshi nyuma yo kwibaruka ubuheta.
Umuhanzikazi Robyn Rihanna Fenty wamamaye mu muziki ku izina rya Rihanna n’umugabo we ASAP Rocky bibarutse umwana wabo wa kabiri w’umukobwa.
Amakuru yashyizwe hanze nibinyamakuru bitandukanye avuga ko uyu muhanzikazi ukomoka. uri!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwateye inda uwo yigisha n’abamufashije mu mugambi wo kuyikuramo bakatiwe gufungwa by’agateganyo
Abakozi bane b’Ikigo cy’Amashuri cya Sainte Trinité de Nyanza, bakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe bategereje kuburanishwa mu mizi ku byaha bakurikiranyweho bifitanye isano n’umwarimu bikekwa ko yateye inda umunyeshuri.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Inzara iravuza ubuhuha ku buryo hari abaturage batangiye gusuhuka
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyanza baravuga ko inzara ibamereye nabi ku buryo hari abatangiye gusuhukira muri bimwe mu bihugu by'ibituranyi.
Hari abaturage bo mu Karere ka Nyanza biganje muri imwe mu mirenge ituriye igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Meya yasabye abagore kuba umusemburo w’iterambere, anabizeza telefone kugira ngo…
Ibi umuyobozi wa karere ka Bugesera Bwana Mutabazi Richard yabigarutseho kuri uyu wa gatatu tariki 2 Kanama 2023 mu nzu mberabyombi ya Sunrise guest house iherereye mu Murenge wa Nyamata mu nteko rusange y'inama y'igihugu y'abagore ku!-->!-->!-->…
Byari amarira n’agahinda mu gusezera bwa nyuma Junior Multisystem
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu nibwo nyakwigendera Junior Multisystem yasezeweho bwa nyuma mu muhango waranzwe n'agahinda avanze n'amarira.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 2 Nyakanga 2023 ahagana saa kumi nibwo inshuti,!-->!-->!-->…
Minisitiri w’intebe wa Canada yatandukanye n’umugore we bari bamaranye imyaka 18
Minisitiri w'intebe wa Canada Justin Trudeau n'umugore we Sophie batandukanye nyuma y'imyaka 18 bari bamaranye mu rushako, nyuma yo kugirana "ibiganiro bifite ireme kandi bigoye".
Bombi bavuze ko bazaguma ari "umuryango wa hafi!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Umugore yafatiwe mu cyuho ari gukopera ikizami cya Leta yifashishije whatsapp
Umugore yatawe muri yombi nyuma yo gufatwa akekwaho icyaha cyo gukopera ikizamini cya Leta yakoraga, yifashishije telefone.
Uyu wakoraga ikizamini cya Leta nk’umukandida wigenga, ubwo yarimo agikorera ku Kigo cy’Ishuri cya ESIR!-->!-->!-->!-->!-->…
New Zealand: Minisitiri w’ubutabera yeguye nyuma yo gufatwa ‘atwaye yasinze’
Minisitiri w’ubutabera wa New Zealand yeguye ku mwanya we nyuma yo gupimwa inzoga bagasanga yanyweye izirengeje igipimo cyemewe.
Kiri Allan w’imyaka 39, yashinjwe uburangare mu gutwara no kunaniza abaje kumufata.
Uyu mugore ni!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushakashatsi: Abanywi b’inzoga n’abafite umubyibuho ukabije bari kwiyongera cyane
Minisiteri y'Ubuzima yagaragaje ko abafite umubyibuho ukabije biyongereye bava ku ijanisha bariho rya 2.8% muri 2013 bagera ku ijanisha rya 4.3% muri 2022.
Iyi minisiteri ivuga kandi ko abanywa inzoga biyongereye bava ku ijanisha!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Abubakaga isoko rya Rango bazindukiye mu myigaragambyo
Abakozi bari kubaka isoko rya Rango riherereye mu Karere ka Huye baramukiye mu gisa nk'imyagaragambyo bavuga ko badashobora gukomeza iyo mirimo y'ubwubatsi nyuma y'aho rwiyemezamirimo watsindiye isoko ryo kubaka iryo soko rya Rango!-->!-->!-->…
Rulindo: Umwalimu witwa Josue yiyahuje supanet n’umuti wica imbeba.
Umwalimu witwa Josue bamusanze yapfuye mu nzu yari acumbitsemo, birakekwa ko yaba yiyahuye akoresheje umuti wica imbeba.
Umwalimu witwa Josue ABIKUNDA wigishaga kuri GS Kanyinya, mu Karere ka Rulindo yasanzwe mu nzu yari acumbitsemo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasirikare 3,000 ba RDF basoje inyitozo ihanitse
Abasirikare barenga 3,000 mu Ngabo z’u Rwanda barimo Abofisiye Bakuru, Abofisiye Bato n’andi mapeti, basoje amahugurwa yo ku rwego ruhanitse ahabwa ingabo zirwanira ku butaka, mu Kigo cy’imyitozo y’ibanze ya Gisirikare cya Nasho!-->!-->!-->…
Gasabo: Umunyerondo yatewe urubuye mu mutwe ahita apfa ako kanya
Umunyerondo yatewe urubuye mu mutwe arapfa ubwo we na bagenzi be bageragezaga gutesha abajura bari bavuye kwiba.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu taliki ya 28 Kamena abajura bishe umugabo witwa Nkeshimana Celestin wari usanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Mugisha Frank wamamaye nka VD Frank yitabye Imana azize indwara y’umwijima
Umuhanzi akaba n’umukinnyi wa filime Mugisha Frank wamamaye ku mazina ya VD Frank muri muzika yitabye Imana.
Inkuru y'urupfu rw'uyu mukinnyi wa za filime ndetse wakanyujijeho muri muzika nyarwanda yamenyekanye ku mugoroba wo kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: Umugabo yiyahuranye n’umwana we kubera gufuhira umugore we
Umugabo w’imyaka 23 wo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Mugesera, yiyahuranye n’umwana we w’amezi arindwi mu kiyaga cya Mugesera nyuma yo kurwana n’umugore we amuziza kumufuhira ku bandi bagabo.
Ibi byabereye mu Mudugudu w’Inunga mu!-->!-->!-->!-->!-->…