Browsing Category
Ubuzima
Ubucucike mu magereza yo mu Rwanda gikomeje gutera ibibazo
Umuyobozi w’Impuzamiryango Iharanira Uburenganzira bwa Muntu (CLADHO), Dr Emmanuel Safari, avuga ko kuba n’abakora ibyaha byoroheje bafungwa, biri mu bituma ubucucike mu magereza yo mu Rwanda bukomeza kwiyongera.
Komisiyo y’Igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Bafatanywe amacupa ibihumbi 72 by’amavuta ya mukorogo
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya Magendu n’ibindi byaha mu Karere ka Rubavu, ryafashe abantu batatu bakurikiranyweho gukora ubucuruzi bwa magendu nyuma yo gufatanwa imodoka yo mu bwoko bwa Fuso ifite ibirango!-->!-->!-->…
Canada yanze kwakira BICAMUMPAKA ari muzima, yemeye kumwakira ari umurambo
Leta ya Canada yari yaranze kwakira Jérôme Bicamumpaka wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane muri Leta yiyise iy’Abatabazi, yemeye kwakira umurambo we nyuma y’ibyumweru bitatu apfiriye muri Kenya.
Uyu Jérôme Bicamumpaka!-->!-->!-->…
Urukiko rwanzuye ko Prince Kid aburana afunzwe
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko Bwana Prince Kid azakomeza gufungwa
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Kamena 2022 ,nibwo Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid Umuyobozi mukuru w’ikigo Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Covid-19 yubuye umutwe, haraye handuye abantu 55
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 02 Kamena 2022 mu Rwanda habonetse abantu 55 banduye Covid-19, bakaba babonetse mu bipimo 5,622. Abo bantu 55 barimo 28 babonetse i Kigali, abantu 10 babonetse i Gicumbi,!-->!-->!-->…
Avis d’appel d’offre d’un Psycho-clinicien à Trauma Help Rwanda (THR).
Trauma Help Rwanda (THR) voudrait recruter un(e) candidat(e) de taille, remplissant les conditions suivantes pour son projet “Prévention et traitement de traumatisme psychologique dans les Centres de Santés et dans les écoles secondaires!-->…
Nyanza: Abanyeshuri 2 ba Kavumu TVET School barakekwaho kwiba za mudasobwa
Abanyeshuri babiri biga mu kigo cy'ishuli cya Kavumu TVET school mu Karere ka Nyanza bari mu maboko y'ubugenzacyaha RIB, barakekwaho kwiba mudasobwa z'ikigo bigamo.
Guhera kuri uyu wa mbere taliki ya 23 Gicurasi 2022 Abanyeshuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umunyeshuri yakubise umutwe hasi avuye ku izamu ry’ikibuga cy’umupira ahita apfa
Umunyeshuri wari mu myitozo hamwe n'abandi yaguye mu kibuga aashiramo umwuka arapfa.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 23 Gicurasi 2022 mu Karere ka Nyanza, mu murenge wa Kigoma haravugwa amakuru y'umwana w'umunyeshuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Wilson Kenneth Umunyamerika umaze imyaka irenga 10 akinira u Rwanda yahawe ubwenegihugu
Bwana Kenneth Wilson Gasana, umunyamerika wari umaze imyaka irenga icumi akinira ikipe y'igihugu ya Basketball yahawe ubwenegihugu bw'u Rwanda.
Kuri uyu wa mbere tariki 23/05/2022 Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gasabo Umwali!-->!-->!-->!-->!-->…
Inzobere zivuga ko Ibyago virusi ya monkeypox iteje biri ku kigero cyo hasi cyane
Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) rivuga ko indwara ya monkeypox ishobora guhagarikwa mu bihugu byo hanze y'Afurika aho iyi virusi ubusanzwe idakunze kugaragara.
Abantu barenga 100 bamaze kwandura iyi virusi!-->!-->!-->!-->!-->…
Kimwe na Prince Kid, Iradukunda Elsa nawe yagejejwe mu rukiko aburanishirizwa mu muhezo
Iradukunda Elsa wigeze kuba Nyampinga w'u Rwanda mu mwaka wa 2017 yagejejwe mu rukiko aburanishirizwa mu muhezo nka Prince Kind.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 24 Gicurasi 2022, amapingu ku maboko ye abiri, mu myenda myiza bigaragara!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Vianney uherutse kwica umugore we amuziza ko atwite inda itari iye yakatiwe
Umugabo w’imyaka 40 wo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Huye, yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umugore we amukubise ifuni mu mutwe ubwo yamubwira ko inda atwite atari iye.
Uyu mugabo witwa Havugiyaremye!-->!-->!-->!-->!-->…
Caporal wo muri RDF yahamijwe icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 15
Urukiko rwa Gisirikare rukorera i Kigali, rwakatiye Umusirikare wo ku rwego rwa Caporal igihano cy’imyaka 20 kubera icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 15 y’amavuko.
Urubanza rwabereye mu Murenge wa Nyamabuye, aho Caporal Barame!-->!-->!-->!-->!-->…
Yanze ko umugabo we ashyingurwa umugozi yiyahurishije utaraboneka
Umugore w’umugabo wo mu Murenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi uherutse kwitaba Imana yiyahuye, yanze ko bamushyingura hataraboneka akagozi yimanitsemo ngo bakamushyingurane ngo kuko ari ko bisanzwe bigenda.
Umugabo witwa Ngarambe!-->!-->!-->!-->!-->…
Hari gutekerezwa uburyo Mwalimu n’abakozi b’akagali bakongerwa umushahara.
Mu gihe u Rwanda n'ibindi bihugu byakozwe mu nkokora n'icyorezo cya Covid-19 n'intambara uya Ukraine, bituma ibiciro bizamuka, ubu Guverinoma y'u Rwanda iri gushaka uburyo abakozi bo mu tugali n'abarimu bakongerwa imishahara.
!-->!-->!-->!-->!-->…