Browsing Category
Ubuzima
Burundi: Muhimpundu Lambert wiyita Umwami w’agakiza yatawe muri yombi we n’abayoke be 19
Inzego zishinzwe umutekano mu Burundi zataye muri yombi umugabo wiyita umwami ndetse uhamya ko ubutegetsi bushingiye kuri demokarasi bwamaze gushyirwaho iherezo.
Uwo mugabo yitwa Muhimpundu Lambert. Yiyise umwami w’agakiza ariko!-->!-->!-->…
DRC: Ajida Bihira wa FDLR yaciwe umutwe na bagenzi be bamushinja ubugambanyi
Ajida Bihira wari umukozi mu bitaro bya FDLR yakatiwe urwo gupfa nyuma yaho basanze yaravuganaga na Gen.Jeva wa FLN, icyo gihano yagihawe n’urukiko rwa FDLR/FOCA ahita yicwa.
Ni amakuru yamenyekanye mu rukerera rwo kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Bruce Melody wari wafatiwe i Bujumbura agafungwa, ubu biravugwa ko yamaze kurekurwa
Polisi y’u Burundi yarekuye umuhanzi Bruce Melodie, watawe muri yombi akigera muri icyo gihugu ashinjwa ko hari amafaranga abereyemo umwe mu bashoramari bakomeye, unategura ibitaramo.
Mu mpera za 2018 ni bwo hamenyakanye amakuru y’uko!-->!-->!-->…
Muhizi Anatole ukekwaho kubeshya Perezida Kagame yatawe muri yombi
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Muhizi Anatole, ukekwaho kubeshya Perezida wa Repubulika ubwo yari mu ruzinduko mu Karere ka Nyamasheke mu Ntara y’Iburengerazuba, akaba yamubwiye ko yariganyijwe inzu ye.
Muhizi akurikiranweho!-->!-->!-->…
France: Abadereva 2 b’indege birukanywe mu kazi nyum yo guterana ibipfunsi mu ndege
Abapilote babiri ba kompanyi y'Ubufaransa yo gutwara abantu mu ndege, Air France, bahagaritswe ku kazi nyuma yo gushyamirana bakarwanira mu cyumba baba bicayemo bayitwaye, nkuko amakuru abivuga.
Umupilote mukuru (kapiteni w'indege)!-->!-->!-->…
Kirehe: Umufana w’umupira w’amaguru yibasiye umutoza amutikura urubuye mu mutwe arapfa
Umufana w'umupira w'amaguru yibasiye umutoza w'indi kipe yari ihanganye n'iyo we yari asanzwe afana amutera ibuye mu mutwe arapfa.
Kuri iki cyumweru mu Karere ka Kirehe ubwo ikipe ya les amis sportifs yahuraga n'ikipe y'Akagari ka!-->!-->!-->…
Bugesera: Umubyeyi yanyarukiye mu gasantere asize abana be babiri agarutse asanga bose bapfuye
Abana babiri bo mu Murenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera bapfuye urupfu rugiteye urujijo, nyuma yo gusigwa na nyina mu nzu iminota mike agiye mu gasantere yagaruka agasanga bose bashizemo umwuka.
Ibi byabaye ahagana saa Mbili!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umwalimu w’umugande-Kazi wari mu gikorwa cyo gukosora ibizami bya Leta yitabye Imana
Umwalimu w'umugandekazi wari uri mu gikorwa cyo gukosora ibizami bya Leta i Nyanza yitabye Imana azize uburwayi busanzwe.
Amakuru y'urupfu rw'umwalimu w'umugandekazi witwa TUMURAZYE Prossy wari uri mu gikorwa cyo gukosora ibizami!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza-Mukingo: Abaturage bubakiye mugenzi wabo utari afite aho ataha.
Abaturage bo mu Murenge wa Mukingo mu Karere ka Nyanza bishyize hamwe mu gikorwa cy'umuganda wa buri kwezi bubakira mugenzi wabo utari afite aho atura.
Mu gikorwa cy'umuganda wa buri wa gatandatu wa nyuma y'ukwezi, barangajwe imbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Perezida Kagame yahaye Meya NTAZINDA icyumweru kimwe ngo abe akemuye ibibazo…
(Picture: Credit goes to igihe.com)
Ku munsi wa kabiri ari mu rugendo mu Ntara y'amajyepfo yumva anakemura ibibazo by'abaturage, Perezida Paul KAGAME yababajwe n'ikibazo cy'umubyeyi warangaranywe igihe kirekire maze asaba Meya!-->!-->!-->…
Karongi: Abantu 2 baguye mu mpanuka y’imodoka yari yikoreye ibikoresho by’ubwubatsi
Mu Murenge Rubengera mu Karere ka Karongi, habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo yari ipakiye ibikoresho by’ubwubatsi, yaguyemo abantu babiri.
Iyi mpanuka yabereye mu Kagari ka Gacaca, Umudugudu wa Remera, ahagaa saa kumi n’igice kuri!-->!-->!-->…
Nyanza: Abaturage basabwe kudahishira ibikorwa by’ihohoterwa bikorerwa mu muryango
Abaturage bo mu Karere ka Nyanza, ho mu murenge wa Rwabicuma basabwe kudahishira ihohoterwa rikorerwa mu ngo kuko biri mu bituma ridacika.
Ku bufatanye n'umuryango NEVER AGAIN Rwanda n'umurenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza, ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Umusaza yafatiwe mu cyuho yagiye gusambana akizwa n’amaguru yambaye akenda…
Umusaza w’imyaka 70 y’amavuko wo mu Murenge wa Muko mu Karere ka Musanze, umaze igihe gito ahagaritswe mu itorero rya ADEPR kubera imyitwarire idahwitse, yafatiwe mu rugo rw’abandi yagiye gusambanya umugore w’abandi.
Uyu musaza bivugwa!-->!-->!-->…
Qatar: Leta yahambirije abimukira barenga 60 bihaye kwigaragambya ngo ni uko batari guhembwa…
Qatar yasubije iwabo abakozi b’abimukira bigaragambije kuko batishyuwe imishahara yabo, mu gihe iki gihugu kitegura kwakira igikombe cy’isi mu Ugushyingo(11).
Abakozi bagera nibura kuri 60 bakoraniye imbere y’ibiro bikuru bya Al!-->!-->!-->…
Gisagara: Abarenga 60 barembeye mu bitaro nyuma yo kunywa ikigage gihumanye
Abaturage 68 bo Mu Murenge wa Ndora mu Karere ka Gisagara barembeye mu bitaro nyuma yo kunywa ikigage gihumanye mu birori byabereye mu rugo rw’umuturanyi wabo.
Ibyo biriro byo gukomezwa kw’abana byabereye mu rugo rwo mu Kagari ka Bweya!-->!-->!-->…