Browsing Category
Ubuzima
Abarenga 400 bamaze gucibwa amande kubera kugendera ku magare bafashe ku ma kamyo
Polisi y'u Rwanda (RNP) yihanangirije abatwara amagare, bafata ku makamyo cyane cyane iyo bageze mu mihanda izamuka ndetse ugasanga rimwe na rimwe bamwe muri bo bahasiga ubuzima.
Umuvugizi wa Polisi y’ u Rwanda Commissioner of Police!-->!-->!-->…
Gitifu uherutse kohereza Umukwikwi mu muhango wo kwibuka ari mu birukanywe ku kazi mu Karere
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwafashwe umwanzuro wo gusezera abakozi 3 barimo ba gitifu b’imirenge 2 harimo n’uwa Rugerero uheruka kohereza umukozi utekera abanyeshuri kumuhagararira mu muhango wo kwibuka abazize Jenoside yakorewe!-->…
Amarangamutima ya Perezida Kagame ku isabukuru y’umufasha we Jeannette KAGAME
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifurije isabukuru nziza y’amavuko Madamu Jeannette Kagame wujuje imyaka 60.
Yagaragaje ukunyurwa n’imyaka irenga 30 bamaze babana aho umuryango n’Igihugu bifuzaga mbere y’aho!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Eliezel wari uherutse kwica ababyeyi be abaciye amajosi, yaraye arashwe arapfa
Umugabo witwa Nzanywayimana Eliezer wo mu karere ka Nyamasheke uheruka kwica se na nyina abakase amajosi yarashwe uyu munsi na Polisi ubwo yashakaga gutoroka ubutabera.
Uyu Nzanywayimana w’imyaka 34,yishe ababyeyi be abahoye ko banze ko!-->!-->!-->…
Isengesho rigufi Israel MBONYI yasabiye Yvan Buravan urembejwe n’umubiri
Mu minsi ya vuba ishize nibwo inkuru yabaye kimomo ivuga ko umuhanzi BURAYO Yvan arembeye muri bimwe mu bitaro byo mu gihugu cya Kenya nyuma y'uko avanywe mu bitaro bya Kaminuza i Kigali bakabura uburwayi.
Nyuma y'uko inkuru isakaye,!-->!-->!-->…
Gicumbi: yakubiswe ikibando mu mutwe arapfa nyuma yo kumufatira mu cyuho asambanya umugore…
Umugabo witwa Ntabanganyimana Valens w’imyaka 26, arakekwaho kwica mugenzi we witwa Uwitonze Jean de Dieu w’imyaka 36, amusanze asambanya umugore we mu ijoro ryacyeye.
Byabereye mu Mudugudu wa Kinyinya, Akagari ka Karambo, Umurenge wa!-->!-->!-->…
Ambassade y’u Rwanda muri Uganda yinjiye mu kibazo cya Teta Sandra bivugwa yahohotewe…
Ambasade y'u Rwanda muri Uganda yatangaje ko imaze kwinjira mu kibazo cya Miss Teta Sandra bivuga ko ahohoterwa n'umugabo we Weasel.
Ambasade y’u Rwanda muri Uganda, yatangaje ko iri gukurikirana ikibazo cya Sandra Teta, umaze iminsi!-->!-->!-->…
Ubuyobozi bwa FINE FM bwemeye kwinjira mu kibazo cya Rurangirwa Louis na Regis uregwa gukoresha…
Umunyamakuru Sam Karenzi akaba n'umuyobozi wa Radio FINE yemeye kwinjira mu kibazo cya Regis Muramira ushinjwa gukoresha imvugo zitameze neza mu kiganiro aho bivugwa ko yatutse Bwana Rurangirwa Louis.
Bwana SAM KARENZI umuyobozi!-->!-->!-->…
Rubavu: Abantu 3 nibo bamaze kumenyekana ko baguye mu mpanuka y’ikamyo yagonze coaster ya…
Abantu batatu baguye mu mpanuka ikomeye ikomeye yabereye i Rubavu ubwo ikamyo bivugwa ko yabuze feri maze igonga coaster itwara abagenzi.
Mu Karere ka Rubavu habereye impanuka ikomeye mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 2 kanama!-->!-->!-->…
Rusizi: Abantu 4 bakurikiranyweho gutwika Pariki ya Nyungwe
Mu Murenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi, abantu bane bakurikiranyweho icyaha cyo gutwika Pariki y’Igihugu ya Nyungwe.
Mu ntangiriro z’iki cyumweru nibwo muri iyi Pariki ku ruhande rw’umurenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi hagaragaye!-->!-->!-->…
DRC: MONUSCO yahakanye amakuru yavugaga ko yarashe abigaragambya
Uhagarariye ingabo z'umuryango w'abibumbye MONUSCO yateye utwatsi amakuru yavugaga ko abasirikare ba MONUSCO barashe ku baturage bigaragambya.
Kuva kuri uyu wa mbere taliki ya 25 Nyakanga 2022 abaturage bo mu mujyi wa Goma muri!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugabo arakekwaho gusambanya umwana w’umuhungu
Mu Kagari ka Cyinzovu mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza, haravugwa umugabo w’imyaka 38 ukekwaho gusambanya umwana w’umuhungu bari bajyanye kuvoma ubundi bavuyeyo bageze mu ishyamba amukubita umutego wa rugondihene agwa hasi!-->…
Nyuma y’imyaka 4 abanyamakuru ba Iwacu TV bari bamaze bafunze basabiwe gufungwa imyaka 22
Hashize imyaka hafi ine abanyamakuru bakorerega umuyoboro wa Youtube witwa Iwacu TV bafunzwe bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano no gutangaza amakuru agamije guteza imvururu muri rubanda no kwangisha u Rwanda ibihugu by’amahanga.
!-->!-->!-->…
RBC yamaze impungenge abagabo batinya kuboneza urubyaro bya burundu kuko nta ngaruka bibamo
RBC ivuga ko abagabo babarirwa mu 3,856 gusa ari bo baboneje urubyaro kugera mu 2021 barakoresheje uburyo bwo kwifungisha burundu, nk’uko bitangazwa n’Ikigo cy’igihugu cyita ku Buzima (RBC), bagashishikarizwa gukomeza kwitabira ubwo buryo!-->…
Kamonyi: Nyandwi arasaba ubutabera nyuma yo gukatwa igitsina na bagenzi ariko bakaba batarafungwa
Nyandwi wo mu Murenge wa Nyarubaka, mu Karere ka Kamonyi, arasaba ubutabera nyuma y’aho akaswe igitsina n’abagabo bivugwa ko basangiraga, ariko kugeza ubu bakaba batarahanwa.
Asobanurira umunyamakuru wa Radio/TV1, yavuze ko ibi byabaye!-->!-->!-->…