Browsing Category
Ubuzima
Kamonyi: Umusore w’imyaka 25 yahishuye impamvu yasambanije nyina ku gahato
Umusore uri mu kigero cy'imyaka 25 akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya ku gahoto nyina wamubyaye.
Umusore w'imyaka 25 y'amavuko wo mu Murenge wa Mugina mu Karere ka Kamonyi, urukiko rwo mu Karere ka Muhanga rumukirikiranyeho!-->!-->!-->!-->!-->…
Ba banyeshuri 6 bari barakatiwe imyaka 5 barekuwe
Abanyeshuri batanu bari barakatiwe gufungwa imyaka itanu urukiko rwabagabanyirije bararekurwa.
Inkuru y’aba banyeshuri bishimiye ko barangije ibizamini bya leta bakangiza hamwe mu ho bari bacumbitse yamenyekane muri Nyakanga 2021,!-->!-->!-->!-->!-->…
Agasanduku karimo imitwe y’abantu kibiwe mu gikamyo muri leta ya Denver
Ku ya 5 Werurwe nibwo Umujura winjiye mu gikamyo gitwara ibintu i Denver muri iki cyumweru dusoje maze atwara agasanduku k'imitwe y'abantu.
Nk’uko byatangajwe n’ishami rya polisi rya Denver muri leta zunze ubumwe za Amerika, iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamagabe: imiryango 821 ntigira ubwiherero bwujuje ibisabwa.
Ubuyobozi bw’aka karere buravuga ko buhangayikishijwe n’imiryango 821 idafite ubwiherero bwujuje ibisabwa. Ubuyobozi busaba uruhare rwa buri wese mu gufasha iyi miryango kugira ngo ibone ubwiherero bumeze neza.
Ubwiherero bivugwa ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore w’imyaka 22 arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka 2
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umusore w’imyaka 22 y’amavuko wo mu Murenge wa Murunda mu Karere ka Rutsiro ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka ibiri wo mu rugo rw’aho yakoraga.
Uyu musore wo mu Kagari ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta yakemuye ibibazo by’abamotari
Nyuma y'aho abamotari bakoze igisa n'imyigaragambyo basaba ko barenganurwa, none Leta yatangiye gukemura bimwe mu bibazo bari bagaragaje.
Mu nangiriro z'ukwezi kwa mbere nibwo abamotari bakoraga ikintu kimeze nk kwigaragambya,!-->!-->!-->!-->!-->…
Dubya, umugande igihe afungiye muri CHUK kubera kubura ubwishyu
Hari umugande witwa Munondo Dubya Sulayiti umaze iminsi afungiye mu bitaro bya CHUK kubera ko yabuze ubwishyu.
Umuturage ufite ubwenegihugu bwa Uganda, Munondo Dubya Sulayiti, wari umaze igihe arwariye mu Bitaro bya Kigali(CHUK) ,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Umukozi wo kwa muganga akurikiranyweho gutanga ibyangombwa bihimbano bya Covid-19
Polisi ikorera mu Karere ka Nyagatare ku bufatanye n'izindi nzego yafashe Renzaho Jean Bosco w'imyaka 35 ukekwaho kugurisha ibisubizo bya Covid-19.
Uyu mukozi yari ashinzwe gupima ibizamini mu kigo!-->!-->!-->!-->!-->…
Inyuma y’imyaka 42 yaragiye gupagasa, yagarutse asanga umugore n’abana be barapfuye.
Umusaza w'imyaka 94 y'amavuko ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kumara imyaka 42 yose yaragiye gupagasa agarutse asanga umugore we n'abana be babiri baritabye Imana.
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y'umusaza umaze iminsi uri mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II yanduye Covid-19
Umwamikazi Elizabeth II w’Ubwongereza yasanzwemo Covid-19, akaba agaragaza ibimenyetso byoroheje birimo inkorora.
Ingoro y’ubwami ya Buckingham yatangaje ko umwamikazi azakomeza gukora inshingano zoroheje.
Umwamikazi Elizabeth II!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Babiri bapfuye barohamye mu mpanuka y’ubwato
Abantu batanu bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze, barohamye mu kiyaga cya Ruhondo babiri bahasiga ubuzima, batatu barokotse bakaba bari kwitabwaho n’abaganga.
Ni impanuka yabaye saa kumi n’imwe n’iminota mirongo itanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Umuhungu wigaga muri UR-Huye bamusanze amanitse mu mugozi yapfuye
Umusore w’imyaka 21 y’amavuko, wigaga mu Ishami rya Kaminuza y’u Rwanda rya Huye, bamusanze amanitse mu mugozi yapfuye, bikaba bikekwa ko yiyahuye.
Uyu musore yasanzwe mu mugozi yapfuye mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 18!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Yararanye indaya bucya yapfuye urw’amarabiranya
Umusore wo muri Leta ya Delta muri Nigeria yapfuye amarabira nyuma yo gutahana n’indaya.
Byabaye mu ijoro rishyira ku wa Gatatu mu gace ka Jesse, mu bwami gakondo bwa Idjere nkuko ikinyamakuru The Guardian cyo muri Nigeria!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Abantu babiri bahitanywe n’ibirombe ku munsi umwe
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buratangaza ko ku wa Mbere tariki ya 14 Gashyantare 2022, ibirombe byo mu Mirenge ya Nyarusange na Mushishiro byagwiriye abantu, umuntu umwe agahita apfa undi akaba amaze iminsi itatu ashakishwa!-->!-->!-->…
Ruhango: Umwana w’imyaka 12 aherutse gukubitwa n’inkuba itagira amazi
Umwana uri mu kigero cy'imyaka 12 aherutse gukubitwa n'inkuba itagira amazi ku manywa y'ihangu ahita apfa ka mwanya.
Umwana wo mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Byimana, umwana witwa Niyodusenga Yvan uri mu kigero cy’imyaka !-->!-->!-->!-->!-->…