Browsing Category
Ubuzima
Wilson Kenneth Umunyamerika umaze imyaka irenga 10 akinira u Rwanda yahawe ubwenegihugu
Bwana Kenneth Wilson Gasana, umunyamerika wari umaze imyaka irenga icumi akinira ikipe y'igihugu ya Basketball yahawe ubwenegihugu bw'u Rwanda.
Kuri uyu wa mbere tariki 23/05/2022 Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gasabo Umwali!-->!-->!-->!-->!-->…
Inzobere zivuga ko Ibyago virusi ya monkeypox iteje biri ku kigero cyo hasi cyane
Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) rivuga ko indwara ya monkeypox ishobora guhagarikwa mu bihugu byo hanze y'Afurika aho iyi virusi ubusanzwe idakunze kugaragara.
Abantu barenga 100 bamaze kwandura iyi virusi!-->!-->!-->!-->!-->…
Kimwe na Prince Kid, Iradukunda Elsa nawe yagejejwe mu rukiko aburanishirizwa mu muhezo
Iradukunda Elsa wigeze kuba Nyampinga w'u Rwanda mu mwaka wa 2017 yagejejwe mu rukiko aburanishirizwa mu muhezo nka Prince Kind.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 24 Gicurasi 2022, amapingu ku maboko ye abiri, mu myenda myiza bigaragara!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Vianney uherutse kwica umugore we amuziza ko atwite inda itari iye yakatiwe
Umugabo w’imyaka 40 wo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Huye, yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umugore we amukubise ifuni mu mutwe ubwo yamubwira ko inda atwite atari iye.
Uyu mugabo witwa Havugiyaremye!-->!-->!-->!-->!-->…
Caporal wo muri RDF yahamijwe icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 15
Urukiko rwa Gisirikare rukorera i Kigali, rwakatiye Umusirikare wo ku rwego rwa Caporal igihano cy’imyaka 20 kubera icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 15 y’amavuko.
Urubanza rwabereye mu Murenge wa Nyamabuye, aho Caporal Barame!-->!-->!-->!-->!-->…
Yanze ko umugabo we ashyingurwa umugozi yiyahurishije utaraboneka
Umugore w’umugabo wo mu Murenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi uherutse kwitaba Imana yiyahuye, yanze ko bamushyingura hataraboneka akagozi yimanitsemo ngo bakamushyingurane ngo kuko ari ko bisanzwe bigenda.
Umugabo witwa Ngarambe!-->!-->!-->!-->!-->…
Hari gutekerezwa uburyo Mwalimu n’abakozi b’akagali bakongerwa umushahara.
Mu gihe u Rwanda n'ibindi bihugu byakozwe mu nkokora n'icyorezo cya Covid-19 n'intambara uya Ukraine, bituma ibiciro bizamuka, ubu Guverinoma y'u Rwanda iri gushaka uburyo abakozi bo mu tugali n'abarimu bakongerwa imishahara.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Yiyahuye nyuma yo kwirukanwa n’uwahoze ari umugore we
Umugabo w’imyaka 36 wari utuye mu Karere ka Kayonza, yasanzwe mu rugo rw’uwahoze ari umugore we bikekwa ko yiyahuye, nyuma yo gusanga yimanitse ku giti kiri muri urwo rugo.
Umurambo w’uyu mugabo wagaragaye mu gitondo cyo kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Agapfukamunwa kasubijweho
Nyuma y'aho inama y'abaminisitiri yemeje ko kwambara agapfukamunwa bitakiri itegeko, RDB yo yatangaje ingeli z'abantu n'imirimo bategetswe gukomeza kukambara
Kuwa gatanu w'icyumweru gishize taliki ya 13 Gicurasi nibwo inama!-->!-->!-->!-->!-->…
Jado Castar yafunguwe nyuma y’uburoko bw’amezi umunani
Nyuma y'amezi umunani yose ari mu gihome, kuri ubu Bwana Jado Castar yafunguwe bishimisha benshi mu bakunzi be.
Nyuma y'amezi umunani Bwana BAGIRISHYA Jean De Dieu wamenyekanye cyane nka Jado Castar, kuri ubu ikiriho ni uko uyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ntibikiri itegeko kwambara Agapfukamunwa mu Rwanda
Ingamba nshya zo kwirinda icyorezo cya COVID-19 zafatiwe mu Nama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu, zivuga ko kwambara agapfukamunwa bitakiri itegeko.
Abaturarwanda bari bujuje imyaka ibiri basabwa kwambara agapfukamunwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuholandi bwataye muri yombi Maj. Karangwa ukekwaho ibyaha bya jenoside
Ubushinjacyaha bwa Leta y’u Buholandi bwatangaje ko bwataye muri yombi Maj Pierre Claver Karangwa, wahoze mu Ngabo za Leta yateguye ikanashyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi akaba akekwaho kuyigiramo uruhare.
Maj Karangwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Spain: Hari kwigwa uburyo umukobwa uri mu mihango yajya ahabwa ikiruhuko mu kazi
Espagne irateganya gushyiraho igihe cy'ikiruhuko cyemejwe na muganga ku bagore bababara bikomeye mu mihango (ubutinyanka mu Kirundi).
Umushinga w'itegeko ukubiyemo ko abagore bashobora guhabwa iminsi itatu y'ikiruhuko buri kwezi -!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwategetse ko urubanza rwa Prince Kid ruburanishwa mu muhezo.
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko urubanza rwa Ishimwe Dieudonne uzwi nka Pince Kid wateguraga Miss Rwanda rubera mu muhezo.
Kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Gicurasi 2022, nibwo Prince Kid yongeye kwitaba urukiko, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umukecuru w’imyaka 85 yaguye mu cyobo cya metero 15 arapfa
Umukecuru w’imyaka 87 y’amavuko wari utuye mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa Kagano mu Karere ka Nyamasheke, yitabye Imana nyuma yo kugwa mu cyo cya metero 15 ubwo yari yagiye gusura umuturanyi we urwaye.
Uyu mukecuru witwa!-->!-->!-->!-->!-->…