Browsing Category
Ubuzima
U Rwanda rwakiriye doze 108,000 z’urukingo rwa Johnson&Johnson
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane taliki ya 02 Nzeri 2021, u Rwanda rwakiriye doze 108,000 z’urukingo rwa COVID-19 rwo mu bwoko bwa Johnson & Johnson (J&J) rutangwa muri doze imwe.
Ni icyiciro cya mbere cy’inkingo 2,191,000!-->!-->!-->!-->!-->…
Akurikiranyweho kwica umucuruzi amuziza amafaranga 200 yagombaga kumugarurira
Amakuru dukesha Kigali Today nayo ikesha Ubushinjacyaha avuga ko uwo mugabo wavutse mu 1988 yari afungiye muri sitasiyo ya Polisi ya Gacurabwenge, akaba akekwaho kuba ku itariki ya 10/8/2021, ubwo yari ari mu Mudugudu wa Nyarunyinya,!-->!-->!-->…
Rwanda: MINISANTE irahakana ruswa yayivugwagamo mu gutanga akazi.
Minisiteri y’Ubuzima yanyomoje amakuru yatangajwe ku rubuga rwa YouTube ku wa 27 Kanama 2021 ivuga ko muri Minisiteri y’Ubuzima hari ruswa mu gushyira abaganga (Docteurs) mu myanya, ishimangira ko nta ruswa irangwa mu gikorwa cyo guha!-->!-->!-->…
Kaminuza y’u Rwanda yatanze impamyabumenyi ku banyeshuri 8,908 harimo…
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 27 Kanama 2021, Kaminuza y’u Rwanda yahaye impamyabumenyi abanyeshuri 8,908 barangije amasomo mu byiciro bitandukanye barimo na batanu bahawe impamyabumenyi z’ikirenga (PhD).
Minisitiri w’Uburezi Dr.!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yashimiye BioNTech izakorera inkingo mu Rwanda na Senegal
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimiye Ikigo BioNTech cyemeye gukorera inkingo za mRNA mu Rwanda no muri Senegal. Uretse inkingo za COVID-19, biteganyijwe ko inganda zizubakwa mu Rwanda no muri Senegal zizabasha!-->!-->!-->…
Wa mwalimu wakekwagaho kwiyahura kubera kubengwa n’umukobwa, bamusanze ku nshuti ye
Umusore w’umwarimu w’imyaka 29 wo mu Karere ka Nyamasheke, wigeze kwandika urwandiko asa n’uwerekana ko agiye kwiyahura kubera kubengwa n’umukobwa w’inshuti ye biteguraga kubana, ubuyobozi bwamubonye mu rugo rw’undi mukobwa w’inshuti!-->!-->!-->…
Nyanza: Hatashywe Ibiro by’Umurenge wa Kigoma byubatswe ku kayabo ka miliyoni zirenga 260.
Guverineri w'intara y'Amajyepfo ari kumwe n'Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza batashye inyubako nshya iteye amabengeza y'Umurenge wa Kigoma.
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 25 Kamena 2021, ari kumwe n'umuyobozi w'Akarere ka Nyanza Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Janet Museveni yategetse abarimu bose kwikingiza COVID-19 bitaba ibyo bakirukanwa
Minisitiri w’Uburezi muri Uganda, Janet Museveni yasabye abarimu bose muri iki gihugu kwikingiza COVID-19 cyangwa ntibazemererwe kongera gukandagira mu ishuri mu gihe amasomo azaba asubukuwe.
Janet Museveni yavuze ko umwarimu wese!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Hatwitswe ibiro 627 by’urumogi na litiro 11 za Kanyanga n’inzoga zitemewe
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Kanama Polisi y’u Rwanda ku bafatanye n’izindi nzego batwitse ibiro 627 by’urumogi, litiro 11 za Kanyanga n’amacupa 523 y’ikinyobwa kitujuje ubuziranenge kitwa Simba. Ibi byose byafashwe!-->!-->!-->…
Abantu batatu baraye bahitanywe ya Covid-19
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 18 Kanama 2021, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje abarwayi bashya 635 b’icyorezo cya COVID-19 batumye umubare w’abamaze gutahurwaho icyo cyorezo kuva cyagera mu Rwanda ugera ku 81,339 barimo abagera ku!-->!-->!-->…
U Rwanda rwakiriye Inkingo 489,060 za Pfizer rwahawe n’Amerika.
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 18 Kanama 2021, Minisiteri y’Ubuzima yakiriye doze 489,060 z’urukingo rwa COVID-19 rwo mu bwoko bwa Pfizer zatanzwe na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) muri gahunda ziyemeje yo gufatanya n’isi guhangana!-->!-->!-->…
Abantu 56 bagiye kugeragerezwaho urukingo rwa SIDA.
Kompanyi y’Abanyamerika Moderna iherereye muri Leta ya Massachusetts muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika, ikora ibijyanye n’imiti ni imwe mu zakoze inkingo z’icyorezo cya COVID-19, yatangaje ko igiye kugeragereza ku bantu 56 urukingo!-->!-->!-->…
Kuri uyu wa gatatu Leta y’Ubushinwa bwoherereje u Rwanda inkingo za COVID-19
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, indege itwaye icyiciro cya mbere cy’inkingo u Bushinwa bwageneye u Rwanda yahagurutse yerekeza i Kigali, mu gihe mu cyumweru gishize Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangaje ko u Rwanda rugiye!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri idasanzwe
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yiga ku ngingo zitandukanye zirimo kugenzura gahunda yo gukingira icyorezo cya Covid-19 n’izindi ngingo zirimo ijyanye n’ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu!-->!-->!-->…
RIB yatangaje ko Bwana Emmanuel waraye wiyahuriye Nyabugogo yari arwaye mu mutwe
Mu gitondo cyo ku wa Gatanu tariki 13 Kanama 2021, Kigali Today yabagejejeho inkuru y’umugabo utahise amenyekana amazina wasimbutse mu igorofa ry’Inyubako yitwa Inkundamahoro icururizwamo ibintu bitandukanye i Nyabugogo mu Mujyi wa!-->!-->!-->…