Browsing Category
Ubuzima
RBC n’Umujyi wa Kigali batangiye gahunda yo kugeza inkingo ku baturage batagiye aho basanzwe…
Umujyi wa Kigali n’Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC), batangije gahunda yo gusangisha abaturage inkongo za Covid-19 mu buryo bwa bwa “Mobile clinic” , aho abaturage bagezwaho izi nkingo aho bari cyangwa!-->!-->!-->…
Kinshasa: Abantu 25 baguye mu iturika ry’insinga z’amashanyarazi
Abantu 25 nibo bamaze kumenyekana ko baguye mu iturika ry’insinga z’amashanyarazi ryabereye mu gace ka Matadi Kibala muri Komini Mont Ngafulu mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa.
Ibinyamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Umunyeshuri yasambanyijwe n’umuntu atazi wamusanze mu bwiherero.
Umunyeshuri w'umukobwa yavuze ko yasambanijwe n'abantu atazi ubwo yari ari mu bwiherero ariko ubuyobozi bukabihakana.
Umunyeshuri uri mu kigero cy'imyaka 16 y'amavuko wiga mu kigo cy'amashuri yisumbuye ya Ruhango, Ecole secondaire!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Meya Ntazinda yasabye abanyeshuli guharanira kuba intwali
Meya Ntazinda Erasme yasabye abanyeshuri bo mu kigo cy'amashuri cya Ecole des Sciences Saint Louis de Montfort guharanira kuba intwari bigahera ku masomo biga.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 31 Mutarama 2022 ari kumwe na!-->!-->!-->!-->!-->…
byinshi mutamenye ku mateka y’intwari z’u Rwanda tuzirikana none
Intwari z’u Rwanda ziri mu byiciro bitatu hakurikijwe ibikorwa by'indashyikirwa zakoze bikaba ari byo Imanzi, Imena n’Ingenzi nk’uko byatangajwe n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Intwari, Imidari n’Impeta by’Ishimwe.
Intwari z’Imanzi
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Polisi yataye muri yombi abagabo 2 bishe nyamweru bakajyana amagufwa ye.
Polisi y'i Burundi yataye muri yombi abagabo babiri bakurikiranyweho kwica nyamweru bakajyana amagufwa ye.
Polisi yo mu gihugu cy'u Burundi mu Ntara ya Cankuzo yataye muri yombi abagabo babiri nyuma y'uko bafatanywe igikapu kirimo!-->!-->!-->!-->!-->…
Covid-19: Abantu 175 bafatiwe mu rugo rw’umuturage bari mu masengesho muri Nyamagabe
Polisi ikorera mu Karere ka Nyamagabe yafashe abantu 175 mu rugo rwa Nyirahuku Marie Rose barimo gusenga barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19.
Bafashwe kuwa Gatandatu tariki ya 29 Mutarama, mu Mudugudu wa Gakoma,!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi 4,592 bazamuwe
Perezida Kagame w'u Rwanda yazamuye mu ntera abapolisi 4,592 (Photo Archive)
Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, yazamuye mu ntera abapolisi 4, 592 bo mu byiciro bitandukanye. Kuzamurwa mu ntera byatangajwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Abana 100 bapfa bavuka buri cyumweru-Minisitiri W’ubuzima
Minisitiri w’Ubuzima muri Zambia, Sylvia Masebo, yatangaje ko amakosa akorwa mu gihe cyo kubyaza yatumye abana barenga 100 bapfa buri cyumweru muri iki gihugu.
Minisitiri Masebo yabitangarije kuri uyu wa kabiri, ku bitaro!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukecuru w’imyaka 70 wari warabuze urubyaro yibarutse imfura ye
Umukecuru w'imyaka 70 y'amavuko wo mu gihugu cy'Ubuhinde wari warabuze urubyaro kera kabaye yibarutse imfura ye hifashishijwe uburyo bw'ikoranabuhanga.
Umukecuru witwa RABARI JUVUMBEN ufite imyaka 70 y'amavuko ukomoka ahitwa Gurujat!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Imibiri y’abana 4 yakuwe mu buvumo nyuma y’imyaka itatu baburiwe irengero
Imibiri y’abana bane bo mu Murenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu yasanzwe mu buvumo nyuma y’imyaka isaga itatu baburiwe irengero.
Aba bana babonetse mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere ubwo abasore babiri birukankaga kuri mugenzi wabo!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rugiye kurahurira amashanyarazi umujyi wa Goma.
Abanyekongo batuye mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangaje ko bishimiye umuyoboro w’amashanyarazi aturuka mu Rwanda ajya gucanira abatuye Goma.
Bavuga ko ari ikimenyetso cy’umubano mwiza u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda ruzakomeza kwakira impunzi zituruka muri Libiya kugeza muri 2023.
Guverinoma y’u Rwanda, Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) byabyongereye amasezerano yo kwakira impunzi n’abandi bantu basaba ubuhunzi baturutse muri Libya.
Biteganyijwe ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu bitaro byavuraga Covid-19 mu Rwanda ubu harimo umurwayi umwe gusa
Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima cyatangaje ko mu bitaro byose byavuraga abarwayi ba Covid-19 mu mujyi wa Kigali kuri ubu hasigayemo umurwayi umwe gusa.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kiratangaza ko mu bitaro byo mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu Rwanda bantu batatu baraye bishwe na Covid-19
Ministeri y'ubuzima mu Rwanda yaraye itangaje kko abantu batatu baraye bahitanywe n'icyorezo cya Covid-19 mu gihe abandi 17 bayanduye.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu batatu bahitanywe na COVID-19 mu Rwanda bituma umubare!-->!-->!-->!-->!-->…