Browsing Category
Ubuzima
Mozambique: 12 nibo bamaze guhitanwa n’umuyaga wiswe GOMBE
Abantu bagera kuri 12 nibo bivugwa ko bamaze guhitanwa n'umuyaga wiswe gombe mu gihugu cya Mozambique
Umuyaga uvanze n'imvura nyinshi wanyuze mu gihugu cya Mozambique muri iki cyumweru gishize biravugwa ko wasize uhitanye abagera!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Babiri bahitanywe n’impanuka y’imodoka yabishe ibasanze mu rugo
Imodoka yo mu bwoko bwa Daihatsu yakoze impanuka ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 13 Werurwe 2022, abantu babiri bahasiga ubuzima ako kanya.
Ibi byabereye mu Mudugudu wa Yorodani, Akagari ka Cyabararika, Umurenge wa Muhoza Akarere!-->!-->!-->!-->!-->…
Rupiah Banda wigeze kuyobora Zambiya yitabye Imana ku myaka 85 y’amavuko.
Rupiah BANDA wigeze kuyobora igihugu cya Zambia mu gihe cy'imyaka ine yaraye yitabye Imana azize indwara ya kanseri.
Rupiah Bwezani Banda wabaye perezida wa kane w'igihugu cya Zambiya mu gihe cy'imyaka ine yaraye yitabye Imana azize!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo wumunyamerika wahawe umutima w’ingurube yapfuye nyuma y’amezi abiri
Muganga yise uyu mugabo witwa David Bennett 'umurwayi wintwari kandi wicyubahiro' nyuma y'uko yemeye kuba uwa mbere uhaw umutima w'ingurube yahinduriwe uturemangingo
Mu mwaka ushize,abarenga ibihumbi mirongo ine na kimwe nibo!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Dr Nsabimana yasobanuriye Abadepite ibyadindije umushinga wa “Biogaz”
Minisitiri w’Ibikorwa Remezo Dr Nsabimana Ernest yasobanurire mu magambo Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite ibyadindije umushinga wa “Biogaz” agaragaza ko harimo kuba inyigo yawo itarateguwe neza.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Abanyeshuri 8 bagwiriwe n’ishuli bajyanwa mu bitaro.
Imvura nyinshi ivanzemo n'umuyaga yashenye amashuli agwira abana umunani bajyanwa kwa muganga.
Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga yaguye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 09 Werurwe 2020 mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi yasenye!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko asezeye mu gisirikare.
Gen Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko asezeye mu gisirikare.
Abicishije mu butumwa yashyize kuri twitter yagize ati ” Nyuma y’imyaka 28 ndi mu kazi mu gisirikare gifite!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umusore w’imyaka 25 yahishuye impamvu yasambanije nyina ku gahato
Umusore uri mu kigero cy'imyaka 25 akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya ku gahoto nyina wamubyaye.
Umusore w'imyaka 25 y'amavuko wo mu Murenge wa Mugina mu Karere ka Kamonyi, urukiko rwo mu Karere ka Muhanga rumukirikiranyeho!-->!-->!-->!-->!-->…
Ba banyeshuri 6 bari barakatiwe imyaka 5 barekuwe
Abanyeshuri batanu bari barakatiwe gufungwa imyaka itanu urukiko rwabagabanyirije bararekurwa.
Inkuru y’aba banyeshuri bishimiye ko barangije ibizamini bya leta bakangiza hamwe mu ho bari bacumbitse yamenyekane muri Nyakanga 2021,!-->!-->!-->!-->!-->…
Agasanduku karimo imitwe y’abantu kibiwe mu gikamyo muri leta ya Denver
Ku ya 5 Werurwe nibwo Umujura winjiye mu gikamyo gitwara ibintu i Denver muri iki cyumweru dusoje maze atwara agasanduku k'imitwe y'abantu.
Nk’uko byatangajwe n’ishami rya polisi rya Denver muri leta zunze ubumwe za Amerika, iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamagabe: imiryango 821 ntigira ubwiherero bwujuje ibisabwa.
Ubuyobozi bw’aka karere buravuga ko buhangayikishijwe n’imiryango 821 idafite ubwiherero bwujuje ibisabwa. Ubuyobozi busaba uruhare rwa buri wese mu gufasha iyi miryango kugira ngo ibone ubwiherero bumeze neza.
Ubwiherero bivugwa ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore w’imyaka 22 arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka 2
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umusore w’imyaka 22 y’amavuko wo mu Murenge wa Murunda mu Karere ka Rutsiro ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka ibiri wo mu rugo rw’aho yakoraga.
Uyu musore wo mu Kagari ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta yakemuye ibibazo by’abamotari
Nyuma y'aho abamotari bakoze igisa n'imyigaragambyo basaba ko barenganurwa, none Leta yatangiye gukemura bimwe mu bibazo bari bagaragaje.
Mu nangiriro z'ukwezi kwa mbere nibwo abamotari bakoraga ikintu kimeze nk kwigaragambya,!-->!-->!-->!-->!-->…
Dubya, umugande igihe afungiye muri CHUK kubera kubura ubwishyu
Hari umugande witwa Munondo Dubya Sulayiti umaze iminsi afungiye mu bitaro bya CHUK kubera ko yabuze ubwishyu.
Umuturage ufite ubwenegihugu bwa Uganda, Munondo Dubya Sulayiti, wari umaze igihe arwariye mu Bitaro bya Kigali(CHUK) ,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Umukozi wo kwa muganga akurikiranyweho gutanga ibyangombwa bihimbano bya Covid-19
Polisi ikorera mu Karere ka Nyagatare ku bufatanye n'izindi nzego yafashe Renzaho Jean Bosco w'imyaka 35 ukekwaho kugurisha ibisubizo bya Covid-19.
Uyu mukozi yari ashinzwe gupima ibizamini mu kigo!-->!-->!-->!-->!-->…