Browsing Category
Ubuzima
Uganda: Amashuri n’ibindi bikorwa by’ubucuruzi bigiye kongera gufungura
Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko amashri ndetse n’ibindi bikorwa by’ubucuruzi byari byarafunze kubera covid-19 bizafungurwa muri Mutarama umwaka wa 2022, asaba abanya-uganda kwitabira ibikorwa byo kwingiza iki!-->!-->!-->…
Miliyari zisaga 60 zigiye gukoreshwa mu kuzahura ubucuruzi bwangijwe na Covid-19
Ubucuruzi bwo mu Rwanda bwazahajwe n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19 bwagenewe inkunga ya miliyoni 55 z’Amayero, asaga miliyari 63.8 z’amafaranga y’u Rwanda, zatanzwe na Banki y’Ishoramari y’u Burayi zikazacungwa na Banki ya Kigali!-->!-->!-->…
bagabo 3 batawe muri yombi bakurikiranyweho gutwika umugore bakoresheje lisansi
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha bwataye muri yombi abantu bagera kuri batatu, bose bakurikiranyweho icyaha cyo gutwikisha lisansi umuntu kugeza ashizemo umwuka.
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rwatangaje ko rwataye muri yombi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Abantu 5 bo mu muryango bafashwe n’indwara imeze nk’ibisazi
Abantu batanu bo mu muryango umwe, bose bo mu Karere ka Ruhango bafashwe n'indwara idasanzwe ku buryo bamwe mu baturanyi bakeka ko yaba ari amarozi.
Mu Karere ka Ruhango, mu Murenge wa Ruhango mu Kagali ka Mbuye, hari umuryango!-->!-->!-->!-->!-->…
#COVID19: Nta muntu witabye Imana, abanduye baraye babonetse ni 46
Mu mibare yarayee ishyizwe hanze na ministeri y'ubuzima mu Rwanda, igaragaza ko mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa mbere taliki ya 11 Ukwakira 2021 nta muntu waraye uhitanywe na covid-19 mu gihe abaraye banduye icyo cyorezo zri 46 mu!-->!-->!-->…
Hashyizwe hanze amazina n’amafoto y’abahamijwe icyaha cyo gusambanya ku gahato
Abantu basaga 300 ni bo bamaze gutangazwa ku rutonde rw'ubushinjacyaha bukuru ko bahamijwe ibyaha bishingiye ku gitsina nko gusambanya ku gahato.
Abasohowe ku rutonde ni abahamijwe ibyaha n'inkiko ku buryo budasubirwaho ndetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Intara y’Uburasirazuba niyo iri ku isonga ku byaha byo gusambanya abana
Kuva mu mwaka wa 2018 kugera mu 2021 Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwakiriye ibirego byo gusambanya abana bigera ku 12.840. Ibi birego byazamutseho 55% mu myaka itatu ishize, aho Intara y’Iburasirazuba iza ku isonga mu bwiganze!-->!-->!-->…
Gahunda yo gusibiza abanyeshuri badashoboye izakomeza- MINEDUC
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko gusibira ku banyeshuri batatsinze atari umwihariko w’abanyeshuri basoza icyiro runaka ahubwo ari intangiriro, kuko guhera uyu mwaka w’amashuri bizakomereza no mu yindi myaka, nta mwana uzongera kwimuka!-->!-->!-->…
Umupasitoro yateye inda abayoboke be 20 avuga ko ari umwuka wera wabimutegetse
Pasitoro Timoteyo yiyemereye kuba yarateye inda abayoboke be bagera kuri 20 avuga ko ari itegeko yahawe na Mwuka wera.
Abantu beshi bakunze kubaha abitwa abapasiteri ndetse bamwe bakabumvira kuruta uko bumvira inzego za Leta, ni!-->!-->!-->!-->!-->…
NESA yahinduye ingengabihe y’uburyo abanyeshuli bazasubira ku ishuri
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), cyatangaje gahunda ivuguruye y’ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa, bagiye gusubira ku ishuri guhera ku wa Gatanu tariki 8 Ukwakira 2021, aho guhera ku wa Kane!-->!-->!-->…
Ecuador: Abarenga ijana baguye mu mirwano yamishyamiranije abafungwa.
Abantu batari munsi ya 116 ubu ni bo bazwi ko bapfiriye mu mirwano y'ibico by'abacyeba muri gereza yo muri Ecuador (Équateur), nkuko abategetsi babivuga, uru rukaba ari rwo rugomo rwa mbere rwiciwemo abantu benshi muri gereza mu mateka!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga yasenye ibyumba by’amashuri.
Ibisenge by'ibyumba bitatu by'amashuri mu Karere ka Nyamasheke byaraye bitwaye n'imvura nyinshi yari ivazemo n'umuyaga yaraye iguye kuri uyu wa kabiri .
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 28 Nzeli 2021 mu Karere ka Nyamasheke haraye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kicukiro:Abantu 11 bafatiwe mu buvumo barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19
Kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Nzeri abantu 11 bafatiwe mu Karere ka Kicukiro barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19, bafashwe barimo gusenga binyuranijwe n'amabwiriza yo kurwanya COVID-19.
Ni mu gihe amasengesho agomba kubera mu!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi Umunyemari uzwi nka ‘Gaposho’
Umunyamari Gahunde Jean uzwi nka ‘Gaposho’ yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) mu gihe hari gukurikiranwa ikibazo cy’imbwa ze bivugwa ko zisagarira ndetse zikarya abaturanyi.
Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Polisi yataye muri yombi uwitwa Samweli wiyitaga umukozi w’Akarere akambura…
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Nzeri ku bufatanye n’abaturage bo mu Karere ka Nyagatare Polisi yafashe Maniriho Samuel w’imyaka 19 nyuma yo kwambura abacuruzi amafaranga ababwira ko ari umukozi w’Akarere ushinzwe imisoro. Yafatiwe mu!-->!-->!-->…