Browsing Category
Ubuzima
COVID-19 yishe 2 bashya mu Rwanda, hakize 178 handura 59.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Gicurasi 2021, mu Rwanda habonetse abarwayi bashya 59 batumye abantu bamaze gutahurwaho COVID-19 guhera muri Werurwe 2020 bagera ku 25,773, mu!-->!-->!-->…
Ibitaro bya Ruhengeri byisobanuye ku mpinja 19 zapfuye mu kwezi kumwe
Ibitaro bya Ruhengeri biherereye mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru, byasobanuye ibirebana n’ikibazo cy’imfu z’abana bavuka batagejeje igihe n’abandi bavukana ibibazo cyagaragaye muri ibi bitaro, buvuga ko byaterwaga n’aho!-->!-->!-->…
Me Buhuru Pierre uburanira Munyenyenzi ntiyishimiye umwanzuro w’urukiko
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Béatrice Munyenyezi afungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe hagikusanywa ibimenyetso ku byaha akurikiranyweho mbere y’uko atangira kuburana mu mizi. Umwunganizi we, Me Buhuru Pierre Célestin!-->!-->!-->…
India: Abaturage batangiye kwifashisha Amase y’inka mu kwivura Covid-19
Mu gihugu cy'Ubuhinde hari abaturage bamaze iminsi bisiga amase y'inka nk'umuti wa Covid-19, icyorezo kimaze iminsi kiri kwisasira ubuzma bw'abatari bake muri icyo gihugu kiri ku mwanya wa kabiri mu bituwe cyane ku isi.
U Buhinde ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Mexico: Umuhanda wa gariyamoshi unyura hejuru y’umuhanda wasenyutse uhitana abagera kuri 20
Abantu batari munsi ya 20 bapfuye naho abandi babarirwa muri za mirongo barakomereka, nyuma yuko iteme rinyura hejuru ririho umuhanda wa gariyamoshi unyura hejuru yundi risenyutse mu murwa mukuru Mexico wa Mexique, nkuko abategetsi!-->!-->!-->…
Malawi: Urukiko rwasubitse icyemezo cyo gusubiza impunzi mu nkambi.
Urukiko rukuru i Lilongwe n'i Blantyre muri Malawi ku mugoroba wo ku wa kabiri zatangaje ibyemezo byo guhagarika ishyirwa mu bikorwa ry'icyemezo cya leta cyo gusubiza mu nkambi impunzi ziba hanze y'inkambi.
Izi nkiko zatangaje ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Chilie:75 batewe urukingo rw’imbwa babaeshywa ko ari urwa covid-19.
Iperereza ryatangiye ku baganga b’amatungo babeshye abaturage ko bagiye kubatera urukingo rwa Covid-19, bakisanga bahawe urugenewe za nyarubwana.
Byabereye mu gihugu cya Chile giherereye muri Amerika y’Amajyepfo. Kuri iki Cyumweru!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yataye muri yombi Jay Polly wafashwe ari kunywa urumogi na cocaine
Umuhanzi Jay Polly ari mu bantu 12 Polisi yafashe barenze ku mabwiriza yo kwirinda covid-19 ndetse bafashwe bari kunywa ibiyobyabwenge.
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, Polisi y'u Rwanda mu Mujyi wa Kigali iri kwereka!-->!-->!-->!-->!-->…
Amarangamutima ya Anne Kansiime nyuma yo kubyara imfura ye
Nyuma y'igihe gito yibarutse imfura ye yari ategereje, Umunyarwenya Anne Kansiime yavuze ko yababariwe ibyaha bye byose.
Byari ibyishimo byinshi ku Munyarwenya ukomoka mu gihugu cya Uganda wamenyekanye cyane ku izina rya Anne!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu Rwanda habonetse abanduye bashya 76, hakira abagera ku 170
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki 24 Mata 2021, mu Rwanda habonetse abanduye bashya 76 naho abakize bakaba ari 170.Nta muntu iyo ndwara yishe, abakirwaye ni 1,341
Polisi yerekanye abantu 8 bafatiwe mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Mata Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 8 bafashwe barenze ku mabwiriza yashyizweho na Leta yo kwirinda no kurwanya icyorezo cya COVID-19. Bafashwe bari mu birori byo kwizihiza!-->!-->!-->…
Pr Lyambabaje yasabye abarimu ba UR kuba ku isonga mu kubaka u Rwanda
Umuyobozi mukuru wa Kaminuza y'u Rwanda, Prof. Ryambabaje Alexandre yasabye abarimu ba Kaminuza y’u Rwanda kwitandukanya n'imigirire yaranze bagenzi babo, bateguye bakanagira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ibi Prof!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Abantu 4 bafatanwe amabaro 15 y’imyenda ya caguwa n’imashini idoda bya magendu
Mu masaha ya saa kumi n’imwe n’igice za mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 20 Mata, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano bafashe abantu bane bari bafite imyenda ya caguwa amabaro 15 n’imashini imwe!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Abantu babiri bahitanywe n’impanuka ya fuso yari itwaye inka
Impanuka y’ikamyo yari itwaye inka izivanye mu Karere ka Bugesera izijyanye mu isoko ry’amatungo rya Rugari mu Karere ka Nyamasheke, yahitanye abantu babiri abandi barakomereka.
Abari aho iyi mpanuka yabereye babwiye IGIHE ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta yatangiye guha Mudasobwa abarimu bigisha mu mashuri ya Leta.
Ubuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) bwatangiye kohereza hirya no hino mudasobwa zo guha abarimu muri gahunda yiswe “Mudasobwa imwe ku Mwarimu”.
REB yavuze ko guhera tariki ya 16 Mata 2021,aribwo!-->!-->!-->!-->!-->…