Browsing Category
Ubuzima
Bakame yongeye atsinda Rayon Sport mu bujurire ayicisha ibindi bihumbi 800
Ndayishimiye Eric Bakame yongeye atsinda ikipe ya Rayon Sport mu rubanza rw'ubujurire bituma ikipe yongera gucibwa akandi kayabo.
Ikipe ya Rayon Sports FC yongeye gutsindwa mu rukiko rw’ubujurire n’uwahoze ari umunyezamu wayo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Leta yasubije muri gahunda ya gumamurugo tumwe mu duce tw’igihugu harimo na Nairobi.
Ubwiyongere bw'ubwandu bushya bwa Covid-19 bwatunye Leta ya Kenya isubiza tumwe mu duce tw'igihugu harimo na Nairobi muri gahunda ya gumamurugo
Leta y'igihugu cya Kenya yahagaritse ingendo ziva cyangwa zijya mu Ntara eshanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Magufuli n’abantu baguye mu muvundo bari kumusezera barashyingurirwa rimwe
Abantu batanu bo mu muryango umwe baguye mu mubyigano wo gusezera ku wahoze ari Perezida wa Tanzania, Dr.John Pombe Magufuli, uherutse kwitaba Imana, barashyingurirwa rimwe na we kuri uyu wa Kane.
The Citizen yanditse ko Susan Mtuwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Emmanuel w’umukinishi yiyahuye nyuma yo kuvuga ko arambiwe kubaho.
Umugabo witwa Emmanuel Ndayisaba w'imyaka 27 basanze yiyahuye umurambo we bawusanga ku muhanda nyuma yo kwirirwa avuga ko yumva arambiwe kubaho ku isi y'agahinda
Umusore witwa Ndayisaba Emmanuel uri mu kigero k'imyaka 27 wari utuye!-->!-->!-->!-->!-->…
Covid: Igerageza ry’urukingo rwa AstraZeneca muri USA ryemeje ko nta kibazo rufite
Ibipimo byari bitegerejwe byo muri Amerika ku rukiko rwa AstraZeneca byasohotse, byemeza ko uru rukingo rwizewe kandi rukora neza.
Abantu barenga 32,000 bakoreweho isuzuma, benshi muri Amerika, hamwe n'abo muri Chile na Peru.
Uru!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Ba “midugudu” bitezweho kunoza inshingano nyuma yo guhabwa tel zigezweho
Abakuru b'imidugudu 533 bo mu Karere ka Ruhango bahawe tel zigezweho bavuga ko zizabafasha kunoza akazi kabo mu buryo bwihuse.
Abakuru b’Imidugudu 533 igize Akarere ka Ruhango bahawe telefoni zigezweho (Smart Phones) zo kubafasha mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Rurageretse hagati y’umurenge wa Kanombe n’abakora umwuga w’uburaya nyuma…
Ruragetse hagati y'abagore bakora umwuga w'uburaya bavuga ko babangamiwe n'icyemezo cy'Umurenge kibaha igihe ntarengwa cyo kuba bimutse (Photo:Isano)
Abakora uburaya mu Murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro, mu midugudu ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Brazzaville: Umukandida ukomeye utavuga rumwe na Leta yapfuye azize covid-19
Umukandida ukomeye utavuga rumwe n'ubutegetsi muri Congo-Brazzaville yatabarutse nyuma yo kujyanwa mu bitaro mu Bufaransa kubera Covid-19, nk'uko bivugwa na radio mpuzamahanga y'Abafaransa RFI.
Ku cyumweru nimugoroba nibwo yajyanywe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Habonetse ubundi bwoko bwa Covid-19 bitera impungenge MINISANTE
Amoko mashya ya Covid-19 yabonetse bwa mbere mu Bwongereza no muri Africa y'Epfo yabonetse no mu bipimo byafashwe mu Rwanda, nk'uko byemejwe na minisitiri w'ubuzima.
Inzobere mu buzima zivuga ko amoko mashya ya Covid-19 ariyo ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Jacueline w’imyaka 70 arashimira DASSO yatangiye igikorwa cyo kumwubakira inzu.
Umukecuru w’imyaka 70, Mukampogazi Jacquéline, utuye mu murenge wa Mageragere mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, arishimira Urwego rwunganira Akarere mu Mutekano (DASSO) rwatangiye kumwubakira icumbi.
Mukampogazi!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Agahinda kenshi ku baturage basezeragaho Nyakwigendera MAGUFULI
Abanyatanzania baraye batonze imirongo mu mujyi mukuru w'ubucuruzi wa Dar es Salaam basezera ku wahoze ari Perezida wabo John Magufuli watangajwe ko yapfuye ku itariki ya 17 y'uku kwezi kwa gatatu.
Rubanda rwari rurangajwe imbere na!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwashyizwe ku rutonde rw’ibihugu bifite abaturage batishimye.
U Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu wa nyuma ku rutonde rw'ibihugu rufite abaturage batishimye
Ibihugu bya nyuma bitishimye ku isi ni Afghanistan, Zimbabwe, u Rwanda, Botswana na Lesotho, nkuko bikubiye muri raporo nshya yatewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Amwe mu magambo akomeye yavuzwe na Dr Pombe MAGUFULI
Urutonde rw'amwe mu magambo akomeye yavuzwe na Dr Pombe magufuli mbere y'uko yitaba Imana kuri uyu wa gatatu.
Perezida wa Tanzania utavugwaho rumwe John Magufuli yatabarutse ku myaka 61. Umuhungu wavutse mu muryango ukennye,!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Leta yashyize hanze igihe na gahunda yo gushyingura Pr. Magufuli
Nyuma y'iminsi 2 yitabye Imana, Leta ya Tanzaniya yashyizeho gahunda y'igihe MAGUFULI azashyingurwa.
Ku wa gatatu w'iki cyumweru ahagana mu masaha y'ijoro nibwo inkuru yabaye kimomo ko uwahoze ari prezida wa Repubulika ya Tanzaniya,!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Imiryango 30 yahawe inka mu rwego rwo kuyunganira mu mibereho.
Umufatanyabikorwa w'Akarere yatanze inka 30 ku miryango 30 mu rwego rwo kuyunganira mu mibereho.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa gatatu gikorerwa mu Murenge wa Kayumbu mu Karere ka Kamonyi gikorwa na Margrit Fuchs Fundation" ufatwa!-->!-->!-->!-->!-->…