Browsing Category
Umutekano
Ruhango: Rusumbabahizi yahamijwe icyaha cyo kwica umugore we akatirwa gufungwa burundu
Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwahamije uwitwa Rusumbabahizi wo mu Karere ka Ruhango, icyaha yo kwica umugore we n’umwana yari atwite, rumukatira igifungo cya burundu.
Mu isomwa ry’urubanza ku gicamunsi cyo ku wa 09 Kamena 2023,!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umunyamategeko ukomeye yaraye yarashwe urufaya rw’amasasu ubwo yatahaga
Umunyamategeko wari ukomeye mu gihugu cya Uganda yaraye arashwe urufaya rw'amasasu arapfa ubwo yinjiraga mu gipangu iwe.
Bwana Ronald Mukisa, umunyamategeko w'imyaka 45 y'amavuko yaraye arashwe urufaya rw'amasasu mu marembo y'urugo!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Bwana Theoneste yitabye Imana azize inkoni yakubitiwe mu nzira ataha
Mu Kagari ka Songa, Umurenge wa Muko mu Karere ka Musanze, haravugwa urupfu rw’umugabo w’imyaka 36 witwa Maniraguha Théoneste, aho bivugwa ko yishwe n’inkoni yakubiswe n’abataramenyekana.
Amakuru Umunyamabanga Nshingwabikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa musore uherutse gufatirwa mu cyuho asambanya intama y’abandi, yiyahuye
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Gicurasi 2023, mu mudugudu wa Ruzo, Akagari ka Kibali, Murenge wa Byumba, mu karere ka Gicumbi, nibwo umusore witwa Ishimwe Aimable w’imyaka 17, yiyahuye yimanitse mu mugozi ariko imbarutso akaba ari!-->!-->!-->…
Burera: Bafatanywe ibilo 16 by’urumogi bakuye muri Uganda
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’Inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Burera, ku wa Gatatu taliki ya 24 Gicurasi, yafashe abantu babiri bari bafite umufuka urimo ibilo 16 by’urumogi.
Abafashwe ni umugore w’imyaka 28 n’umugabo!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Bane bitabye Imana ubwo FDLR na FARDC bumvanaga intege bapfa amakara
Amakuru aturuka muri DRC aremeza ko mu gace Mutaho hari kubera imirwano ikaze hagati y'ingabo z'igihugu FARDC n'umutwe w'inyeshyamba wa FDLR, ngo barapfa amakara.
Hari amakuru aturuka mu gihugu cya DRC avuga ko mu gace ka Mutaho, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Abantu bane bafashwe bakekwaho kwica umuntu bakamujugunya mu musarani
Abaturage bane barimo abagore babiri n’abagabo babiri bo mu Murenge wa Rukara mu Karere ka Kayonza, bamaze gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano, nyuma yuko hagaragaye umurambo w’umusore w’imyaka 27 wishwe akajugunywa mu musarani.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umusore yatawe muri yombi nyuma yo kwica nyina akoresheje umuhini w’isuka
Mu Karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y'umusore watawe muri yombi nyuma y'uko atikuye nyina umuhini w'isuka mu mutwe agahita yitaba Imana.
Umusore witwa Ndihokubwami utuye mu Kagari ka Gihembe mu Murenge wa Kageyo mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Agakiriro ka Gisozi kongeye kibasirwa n’inkongi y’umuriro hangirika byinshi
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, Agakiriro ka Gisozi kongeye kibasirwa n'inkongi y'umuriro ku buryo umutungo utari muto wahangirikiye bikomeye.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 23 Gicurasi 2023, mu mujyi wa Kigali!-->!-->!-->!-->!-->…
Litiro 600 z’inzoga yitwa “Igisasu” zafatiwe i Muhanga na Kamonyi
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Inzego z’ibanze n’abaturage yangirije mu ruhame litiro 600 z’inzoga z’inkorano zizwi ku izina ry’Igisasu zafatanywe abagabo batanu mu Karere ka Kamonyi na Muhanga.
Batatu muri bo bafatiwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imirwano ikaze, Uburusiya bwigaruriye umujyi wa Bakhmut muri Ukraine
Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yashimiye itsinda ry’abarwanyi bo mu mutwe wa Wagner, nyuma yo kwemeza ko bigaruriye umujyi wa Bakhmut, mu Burasirazuba bwa Ukraine.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Gatandatu tariki ya 20 Gicurasi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Abiganjemo abagore n’abana bishwe n’abagizi ba nabi
Abagabo bitwaje intwaro zicira umuriro muri Nigeria bishe abantu bagera kuri 20 biganjemo abagore n’abana. Abo bantu bishwe kandi amazu menshi ashumikwa n’abagabye igitero bafite intwaro mu mudugutu wo muri Leta ya Plateau muri!-->!-->!-->…
Gisagara: Habimana ukekwaho kwica abantu 2 yatawe muri yombi
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo witwa Jean Felix Habimana, umugabo ukekwaho icyaha cyo kwica abantu babiri mu mpera z'icyumweru gishize ku italiki 13 Gicurasi 2023.
Uyu mugabo Habimana!-->!-->!-->!-->!-->…
Malawi: Abarenga 20 baburiwe irengero nyuma y’uko imvubu ikubise ubwato
Abantu nibura 20 baburiwe irengero muri Malawi nyuma y'uko ubwato bubaje mu giti bagendagamo bukubiswe n'imvubu bukibirandura mu mazi y'umugezi wa Shire mu karere ka Nsanje ko mu majyepfo y'igihugu.
Robert Nayeja, umutegetsi wo mu!-->!-->!-->!-->!-->…
MUSANZE: Polisi yafashe abagabo batatu bakekwaho kwiba moto
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage mu Karere ka Musanze, yafashe abagabo batatu bacyekwaho kwiba no gusenya moto bagamije kugurisha ibyuma byayo.
Bafatanywe ibyuma bya moto ifite nimero RE 466 X mu!-->!-->!-->!-->!-->…