Browsing Category
Umutekano
Nyanza: Hari abaturage basaba ubuyobozi kubakiza urugomo bakorerwa n’abiyita ABAZUKE
Hari abaturage bo mu Karere ka Nyanza bavuga ko babangamiwe bikomeye n'insoresore ziyita Abazuke zibakorera urugomo rukabambura utwabo nyuma yo kubata ku munigo.
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyanza cyane cyane mu mujyi barasaba!-->!-->!-->…
Rubavu: Gitifu ushinjwa gukuramo amenyo umukobwa wanze ko baryamana yisobanuye avuga ko ari kuzira…
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kanzenze w’akarere ka Rubavu uvugwaho gukubita no gukomeretsa umukobwa ukora mu kabare avuga ko ari akagambane yagiriwe n’umukozi bakorana ushaka kumusebya mu itangazamakuru.
None ku cyumweru!-->!-->!-->…
DRC: Hari abasirikare bagaragaye mu bikorwa byo gusahura ibikoresho bya MONUSCO
Ku munsi wa kabiri w'imyigaragambyo igamije kwamagana MONUSCO muri Repubulika uharanira demokarasi ya Congo, abasirikare nabo bagaragaye bari mu bikorwa byo gusahura.
Guhera ku munsi w'ejo hashize taliki ya 25 Nyakanga 2022 mu mujyi wa!-->!-->!-->…
RWAMAGANA: Bwana Anaclet ukekwaho gukwirakwiza amafaranga y’amahimbano yatawe muri yombi
Polisi y'u Rwanda, kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Nyakanga, yafashe uwitwa Habirora Anaclet w’imyaka 30, wafatanwe amafaranga y’ u Rwanda, ibihumbi mirongo inani na bibiri (82.000) by’amahimbano afatirwa mu karere ka Rwamagana, mu!-->…
“Niduterwa tuzitabara” Willy Ngoma umuvugizi wa M23
Umuvugizi w'umutwe wa M23 yatangaje ko nibaramuka batewe nabo bazirwanaho kuko n'ubundi batiteze kuva mu birindiro byabo no mu duce bafashe.
Umuvugizi w'umutwe w'inyeshyamba wa M23 avuga ko witeguye kwirwanaho mu gihe waba ugabweho!-->!-->!-->!-->!-->…
Bane bafatanywe amasashe asaga 73,000 atemewe mu Rwanda
Ku Gatanu taliki ya 8 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda mu Turere twa Nyabihu na Burera, yafashe abantu bane bacuruza amasashe atemewe gukoreshwa mu Rwanda, bose hamwe bafatanywe amasashe ibihumbi 73.
Abafashwe ni Munyaneza Benon, Izabayo!-->!-->!-->…
Japan: Tetsuya Yamagami wishe uwahoze ari minisitiri w’intebe yasobanuye icyabimuteye
Nyuma yo kuraswa amasasu abiri mu gituza akajyanwa kwa muganga, byarangiye Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe apfuye. Uwamurashe ni umugabo w’imyaka 41, amazina ye ni Tetsuya Yamagami.
Yabwiye Polisi ko ubwo Shinzo Abe yari!-->!-->!-->…
DRC: Imirwano yongeye kubura hagati ya M23 n’ingabo za Leta FARDC
Nyuma y'iminsi ibiri gusa ba Perezida Kagame na Felix Tshisekedi bahuriye i Luanda, biravugwa ko imirwano hagati y'umutwe wa M23 na FARDC yongeye kubura.
Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo avuga ko imirwano!-->!-->!-->…
Nigeria: Gereza yari irinzwe cyane yatewe abagororwa 900 baratoroka
Ku wa Gatatu tariki 6 Nyakanga 2022, Abayobozi bo muri Nigeria batangaje ko imfungwa zigera hafi kuri 900, zatorotse gereza ubundi irinzwe cyane iherereye mu Mujyi wa Abuja, ubwo yagabwagaho igitero n’inyeshyamba zigendera ku mahame!-->…
AU yasabye Ethiopia na Sudan kugana inzira y’ibiganiro bakareka kurwana
Umukuru w’akanama k’umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU/UA) yasabye ko habaho kwifata, ituze n’ibiganiro, mu gihe ubushyamirane bwo ku mupaka hagati ya Ethiopia na Sudan buri guteza inkeke yuko bushobora gufata indi ntera.
Mu itangazo,!-->!-->!-->…
RIB yashyikirije ubushinjacyaha dosiye iregwamo Muhire wari umunyamabanga wa FERWAFA
Dosiye iregwamo abantu batatu barimo uwari Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA bakurikiranyweho ibyaha birimo gukoresha inyandiko mpimbano, yamaze kugezwa mu Bushinjacyaha.
Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry wavuze!-->!-->!-->…
Uganda: Minisitiri Musa Ecweru yakubitiwe urushyi mu Kiliziya
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibikorwa remezo mu gihugu cya Uganda yakubitiwe urushyi mu kiliziya.
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibikorwa remezo mu gihugu cya Uganda aherutse guubitirwa mu kiliziya kuri iki cyumweru taliki ya 26!-->!-->!-->…
Sudan irashinja Ethiopia kuyicira abasirikare ikabamurikira rubanda
Igihugu cya Sudan kirashinja igihugu cya Etiyopiya kucyicira abasirikare bayo bari barinze umupaka, cyarangiza kikabanika bakamurikirwa abaturage, mu gihe Etiyopiya ihakana aya makuru.
Igihugu cya Sudan kirashinja Ethiopia kwica!-->!-->!-->…
Impuguke za Loni zabuze ibimenyetso bishinja u Rwanda gufasha M23
Umuryango w’Abibumbye watangaje ko kugeza ubu Akanama gahuriweho gashinzwe gukurikirana ibibazo bihuza imipaka (EJVM) katarabona ikimenyetso na kimwe gihamya ko hari igihugu cy’amahanga cyaba cyaragize uruhare mu kubura imirwano k’umutwe!-->…
DRC: M23 yabeshyuje amakuru yavugaga ko Gen. Sultan Makenga yapfuye.
Umutwe wa M23 urabeshyuza amakuru yavugaga ko umuyobozi wayo Gen Sultan Makenga ndetse n'umwungirije baba barasiwe ku rugamba kuri kino cyumweru.
Umutwe wa M23 urabeshyuza amakuru yari yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga n'umunyamakuru!-->!-->!-->…