Browsing Category
Umutekano
Ni iyihe mpamvu irigutuma ibihugu bikomeje kuvana ingabo zabyo muri Mali na Côte d’Ivoire bavuyeyo?
Nyuma y’u Bwogereza, Guverinoma ya Côte d’Ivoire yatangaje ko igiye kuvana abasirikare bayo mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Mali, MINUSMA.
Nibura icyo gihugu cyari gifiteyo abasirikare 850 guhera mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Afungiwe kwigabiza ishyamba Leta agatemamo ibiti
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Rulindo, tarlki ya 15 Ugushyingo, yafashe uwitwa Tuyisenge Elias ufite w’imyaka 28 y’amavuko ukurikiranyweho kwigabiza ishyamba rya Leta akaritemamo ibiti byo!-->!-->!-->…
Ngoma: Umukozi wo mu rugo yafatanywe arenga miliyoni 1Frw yari yibye umukoresha we i Kigali
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage mu karere ka Ngoma, ku wa Kabiri tariki ya 15 Ugushyingo, yagaruje amafaranga y’u Rwanda 1,096,000 agize amwe mu yo umukozi wo mu rugo yari yibye uwo yakoreraga mu!-->!-->!-->…
Polisi yafashe babiri barimo ucyekwaho icyaha cyo gukwirakwiza ibihuha
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda (TRS), ryafashe abagabo babiri bafatiwe mu bikorwa bitandukanye mu Mujyi wa Kigali, aho umwe akurikiranyweho gukwirakwiza ibihuha mu gihe undi yafatiwe guhisha nimero iranga!-->!-->!-->…
Biravugwa ko M23 yaba ugeze mu marembo ya Goma, abasirikare ba Leta bari gukizwa n’amaguru
Biri kuvugwa ko kuri ubu ingabo z'umutwe wa M23 zaba zimaze kwinjira mu marembo y'umujyi wa Goma mu gihe abaturage n'abasirikare ba Leta batagiye guhunga.
Imirwano yongeye kubura hagati y'umutwe wa M23 n'ingabo za Leta guhera mu!-->!-->!-->…
DRC: Kenyatta yerekeje mu mujyi wa Goma mu gihe imirwano ikomeje hagati ya FARDC na M23
Bwana Uhuru Kenyatta wahoze ayobora igihugu cya Kenya akaba ari nawe muhuza ku bibazo bya Leta ya Congo imaze igihe iri guhangana n'umutwe wa M23, ubu arabarizwa mu mujyi wa Goma hafi y'aho imirwano y'impande zombi iri kubera.
Uhuru!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 wafashe umujyi wa Kamuhanga uri mu birometero 30 bike ugana i Goma
Inyeshyamba za M23 zirwanya Leta ya Kongo zafashe umujyi wa Kamuhanga uri mu birometero 30 uvuye i Goma umurwa mukuru w’intara ya Kivu ya Ruguru.
Uyu mujyi uri ku mupaka w’u Rwanda na Kongo mu karere ka Nyiragongo, wafashwe nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Yafashwe agiye kongeresha Perimi y’impimbano yari amaranye imyaka 11 yose.
Imyaka irenga 10 yari yihiritse umushoferi witwa Turahirwa Phocas agendera kuri Perimi y’inyiganano, ariko iminsi y’igisambo yarangiranye n’uko Perimi yari irangije Igihe igomba kongererwa agaciro.
Nyiri Perimi n’uwayimucuriye!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umugabo w’imyaka 19 arakekwaho gusambanya umuhungu we w’umwaka umwe
Umugabo wo muri Uganda mu Karere ka Serere yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana we w’umuhungu w’amezi 19.
Uyu mugabo w’imyaka 19 yatawe muri yombi nyuma y’amakuru yatanzwe n’abaturanyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Kicukiro: Abagabo 2 bariyemerera ko bishe bateye ibyuma umukecuru wari ubacumbikiye
Abagabo babiri bo mu Karere ka Kicukiro biyemereye ko aribo bishe umukecuru wari ubacumbikiye bakamwica bamuteye ibyuma mu gatuza.
Kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2022 Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwareze mu buryo!-->!-->!-->!-->!-->…
Somalia: Abagera ku 100 baguye mu gitero cy’ubwiyahuzi.
Abantu 100 barimo umunyamakuru n’umupolisi baburiye ubuzima mu gitero cy’ubwiyahuze cyagabwe mu murwa mukuru Mogadishu muri Somalia, aho imodoka ebyiri zaturikirijwemo ibisasu n’ibyihebe.
Ni igitero cyemejwe na Perezida wa Somalia,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Polisi iri guhiga bukware umugabo uherutse kuvuna umwana we akaboko amuziza kumubuza…
Polisi n'abayobozi bo muri Leta ya Imo muri Nigeria bari gushakisha hasi no hejuru umugabo wavunnye akaboko k’umwana we w’uruhinja rw’amezi abiri, amuziza ko yamubujije amahwemo yogusinzira
BBC dukesha iyi nkuru yavuze ko uwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Murenge yatawe muri yombi, arakekwaho kwaka ruswa abaturage
Umuyobozi Ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Murenge wa Mukarange, Akarere ka Kayonza yahagariswe akekwaho kwaka ruswa abaturage by’umwihariko abageze mu zabukuru kugira ngo abashyire ku rutonde rw’abazajya bahabwa amafaranga!-->…
Gatsibo: Yafatiwe mu kiyaga cya Muhazi atwaye magendu
Polisi y’u Rwanda, ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi (Marine Unit) kuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Ukwakira, ryafashe uwitwa Nizigiyimana Francois, ufite imyaka 24 y’amavuko, wari utwaye magendu y’ibiro 18 by’amabuye y’agaciro ya!-->!-->!-->…
Bwana Mulindahabi Diogene wayoboraga IPRC-Kgl amaze gutabwa muri yombi
Bwana Mulindahabi Diogene wayobora IPRC-Kigali amaze gutabwa muri yombi nyuma y'aho bigaragaye ko habaye ubujura bw'ibikoresho muri icyo kigo.
Ingenieur Mulindahabi Diogene wari usanzwe ayobora ishuri rya IPRC-Kigali riherereye mu!-->!-->!-->!-->!-->…