Browsing Category
Umutekano
Rusizi: Umwana w’imyaka 16 yahamijwe icyaha cyo kwica abagore babiri nyuma yo kubasambanya.
Umwana w'umusore w'imyaka 16 y'amavuko yakatiwe igifungo k'imyaka 15 nyuma yo guhamnywa icyaha cyo kwica abagore babiri nyuma yo kubasambanya ku gahato.
Ku wa 10 Gashyantare 2021 Urukiko rwisumbuye rwa Rusizi rwaciye urubanza!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Robert w’imyaka 34 akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu umukobwa warererwaga…
Maniriho Jean Pierre w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Rubavu, Akagari ka Gikombe, Umudugudu wa Rebero yatawe muri yombi akurikiranweho icyaha cyo gufata ku ngufu umukobwa warererwaga mu rugo rwabo.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Abantu18 batawe muri yombi bakekwaho kwigomeka ku bashinzwe umutekano basanzwe mu kabari
Mu mudugudu wa Gashangiro, Akagari ka Kabeza mu murenge wa Cyuve akarere ka Musanze
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Gashyantare 2021, abantu 18 batawe muri yombi bakekwaho kuba ba nyirabayazana b’abigometse ku nzego!-->!-->!-->…
Padiri Habimfura wakekwagaho gusambanya umuhungu yafatiwe ku rusumo ashaka guhunga
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umupadiri wo muri Paruwasi ya Ntarabana, muri Diyosezi Gatolika ya Kabgayi akekwaho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 17. Yafatiwe ku Rusumo atorotse.
Uyu mupadiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: RIB yataye muri yombi umukozi w’ibitaro ukekwaho gusambanya ku gahato umwangavu.
Abagabo babiri basanzwe bakora ku bitaro by'Akarere ka Nyanza bari mu maboko y'ubugezacyaha nyuma y'aho bafashwe bakekwaho gusambanya umwana w'umwangavu.
Amakuru aturuka mu karere ka Nyanza aravuga ifatwa ry'umusore umwe wari!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi uwitwa SEMAJELI wari ushinzwe imishahara y’abarimu kubera ubuhemu.
Urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwemeje ko rwataye muri yombi Bwana SEMAJELI wari umukozi w'Akarere ushinzwe imishahara y'abarimu.
Amakuru y'itabwa muri yombi ya Bwana Semajeli Pierre Celestin hamwe n'abandi!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Amarira n’agahinda by’umuturage wasenyewe inzu ye nziza kubera ko yanze gutanga…
Ubuyobazi bw’Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali bwakuyeho urujijo ku makuru amaze iminsi atangajwe, y’umuturage Twagiramungu Jean Baptiste utuye mu Murenge wa Kigarama, wasenyewe inzu yari amazemo amezi atandatu.
Twagiramungu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Bwana Ibrahim w’imyaka 36 yafatanywe amafranga y’amahimbano agera ku bihumbi…
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Ntara y'Uburasirazuba mu Karere ka Nyagatare yataye muri yombi umugabo witwa Ibrahim MUGISHA nyuma yo kumufatana amafranga y'amahimbano.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Bwana Wilson yishe umugore we wamubuzaga kugurisha ibigori by’umuryango.
Umugabo witwa Wilson Koech yiyiciye umugore we nyuma y'uko amubujije kugurisha ibigori bari bahinze.
Umugabo witwa Wilson Koech wo mu gihugu cya Kenya, amakuru dukesha ibitangazamakuru byo muri icyo gihugu avuga kko ibi byabaye kuwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara: Yibye moto afatwa arimo kuyishakira umukiriya
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gisagara ku wa Mbere tatiki ya 8 Gashyantare 2021 yafashe moto ifite ibirango RE882Y yari yibwe uwitwa Mugenzi Mayisha ufite imyaka 21 wari usanzwe akora akazi ko gutwara abantu n’ibintu!-->!-->!-->…
Kamonyi: Bwana Ntigurirwa arahigishwa uruhindu nyuma yo kwicisha umugore isuka.
Umugabo witwa Ntigurirwa Daniel wo mu Murenge wa Kayenzi mu Karere ka Kamonyi, ari gushakishwa n’ubugenzacyaha kubera icyaha akekwaho cyo kwica umugore we amukubise isuka mu mutwe.
Uwo mugabo w’imyaka 42 y’amavuko yari asanzwe abana!-->!-->!-->!-->!-->…
Umujura yateshejwe kwiba yirutse akubita umutwe ku ibuye arapfa
Mu ijoro ryakeye abajura babiri bagiye kwiba ihene mu rugo rw’umuturage mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi, batema abanyerondo bari batabaye umwe muri bo arirukanka ari gucika yitura hasi arapfa.
Byabereye mu Mudugudu wa!-->!-->!-->…
Agahinda ku nshuti n’abavandimwe ba Igihozo Gentille umaze Icyumweru aburiwe irengero
Amarira avanzemo n’agahinda nibyo wakiranwa n’inshuti z’umukobwa witwa Gentille IGIHOZO bivugwa ko amaze iminsi igera kuri irindwi yaraburiwe irengero, bikavugwa ko yaba yarashimuswe n’abantu bataramenyekana, ndetse na terefono ye!-->!-->!-->…
Umugi wa Kigali watanze gasopo abafana bazica amabwiriza ya Gumamurugo bitwaje gufana Amavubi.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali uri muri gahunda ya Guma mu Rugo, bwasabye abawutuye kuzubahiriza amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira ry’ubwandu bwa COVID-19 ubwo u Rwanda ruzaba rukina na Guinea ku Cyumweru, bubihanangiriza ko!-->!-->!-->…
Musanze: Yafatanywe urumogi mu rugo rwe avuga ko yahawe uburenganzira na RDB!
Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki 25 Mutarama 2021, inzego z’umutekano zataye muri yombi umugabo witwa MANIRIHO Desiré nyuma yo gusanga iwe mu rugo, hatewe ingemwe z’Urumogi zigera kuri 62 zari mu bihoho.
Uyu mugabo utuye mu!-->!-->!-->!-->!-->…