Browsing Category
Umutekano
Uganda: Arikiyepiskopi wa Kampala yasanzwe mu cyumba cye yapfuye.
Arikiyepiskopi wa Arikidiyoseze ya Kampala, Cyprian Kizito Lwanga, bamusanze mu cyumba cye yapfuye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 werurwe 2021, nk’uko byanditswe mu kinyamakuru ’Daily Monitor’ cyo muri Uganda dukesha iyi!-->!-->!-->…
Rubavu: Polisi yafatanye umuturage udupfunyika tw’urumogi ibihumbi 5
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki ya 01 Mata ahagana saa moya z’ijoro abapolisi bo mu ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge(ANU) bafatiye mu cyuho Habimana Aloys w’imyaka 52 afite udupfunyika tw’urumogi ibihumbi 5. Yafatiwe!-->!-->!-->…
Nyarugenge: 43 bafatiwe mu rugo rw’umuturage barimo gusenga barenze ku mabwiriza yo kurwanya…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 02 Mata ahagana saa yine abapolisi bafatanije n’abayobozi mu nzego z’ibanze n’abaturage basanze abantu 43 mu nzu y’uwitwa Mukamunzungu Claudine barimo gusenga barenze ku mabwiriza!-->!-->!-->…
Polisi y’u Rwanda yashyize igorora abifuzaga gukorera perimi.
Polisi y'u Rwanda yashyize igorora abifuzaga urushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga.
Polisi y'u Rwanda ishami ryo mu muhanda yashyize hanze itangazo rigaragaza ingengabihe y'uko ibizamini by'uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Polisi yataye muri yombi umuryango wakoraga inzoga ya Kanyanga.
Polisi y’u Rwanda ifatanije n’abaturage n’izindi nzego zo mu Karere ka Huye mu Murenge wa Karama mu Kagari ka Kibingo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31 Werurwe bafashe uwitwa Nkundumukiza Christophe w’imyaka 39 n’umugore we!-->!-->!-->…
Kamonyi: Nsengiyumva yafatiwe mu cyuho ari gukura ibyuma bya moto yari amaze kwiba.
Mu ijoro rya tariki ya 31 Werurwe ahagana saa tatu za nijoro abapolisi bafashe uwitwa Nsengiyumva Jean Claude w’imyaka 24 arimo gukura ibyuma muri moto imwe abishyira mu yindi. Moto ifite ibirango RE 535 Y yari nshya yayikuragamo !-->!-->!-->…
Rulindo: Urupfu rw’umuturage warashwe agagahita apfa ruracyari urujijo
Ku mugoroba wo kuwa gatandatu taliki 27/3/2021 nibwo Twizerimana wari usanzwe ari umukozi ukoresha abandi (Kapita) mu ruganda rw’icyayi rwa Sorwathe (kapita) yarashwe na Polisi ahita apfa, yarasiwe mu karere ka Rulindo, Umurenge wa!-->…
RIB yafashe abatekamutwe bahimba ibyangombwa by’abantu bakagurisha imitungo yabo babiyitiriye
RIB yatangiye iperereza ku bitwa Mbarushimana Jean na Iribagiza Safiyyah, bafashwe bagiye kugurisha ubutaka bw'abandi nyuma yo guhimba ibyangombwa bya banyirabwo bakabwiyitirira.
Aba bombi bashaka amakuru ku bantu bafite imitungo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: abantu bane bafatanywe magendo y’ibitenge undi aracika
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane w'icyumweru gishize tariki ya 25 Werurwe abapolisi bo mu ishami rya Polisi y'u Rwanda rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) bafashe abantu bane umwe aracika, bafatanwe ibitenge bitatangiwe!-->!-->!-->…
Huye: RIB yataye muri yombi umugabo wishe umugore we akoresheje agafuni
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha rwataye muri yombi umugabo w'imyaka 31 nyuma y'aho yiyiciye umugore we akoresheje agafuni.
Umugabo w'imyaka 31 y'amavuko ukomoka akanatura mu murenge wa Ruhashya, umwe mu mirenge igize Akarere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Indonesia: Abantu hafi 1o bakomerekejwe n’igisasu ubwo bavaga mu misa ya mashami.
Igisasu cyaturikiye hanze ya Kiliziya Gatolika mu mujyi wa Makassar muri Indonesia, cyakomerekeje abantu batari munsi ya 10.
Polisi yavuze ko umwiyahuzi umwe cyangwa babiri biturikirizaho igisasu bari bagambiriye abantu bari barimo!-->!-->!-->!-->!-->…
Myanmar:Umunsi w’ingabo wahuriranye n’imyigaragambyo hicirwamo abantu
Abigaragambya mu mujyi mukuru Yangon barenze ku byo igisirikare cyari cyababuriye
Abashinzwe umutekano muri Myanmar barashe mu bongeye kwigaragambya, mu gihe abahiritse ubutegetsi barimo kwizihiza umunsi w'ingabo.
Abigaragambya!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara: Polisi yafashe uwinjizaga urumogi mu gihugu arutwaye mu bwatsi bw’amatungo
Mu rwego rwo gukomeza kurwanya icuruzwa n’ikwirakwizwa ry’ibiyobyabwenge mu Rwanda, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Werurwe, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Mukindo yafatiye mu rugo rwa!-->!-->!-->…
Gisagara: Babiri bacyekwaho gukwirakwiza ibiro 6 by’urumogi bafashwe
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Nyanza, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Werurwe yafashe Nsabimana François w’imyaka 43 na Nyiraneza Valentine w’imyaka 32, bafatanwe ibiro 6 by’urumogi. Bafatiwe mu!-->!-->!-->…
Koreya ya ruguru yongeye irasa ibisasu bibiri bya misile ‘ballistic’ mu nyanja
Koreya ya ruguru yarashe ibisasu bibiri bya misile zo mu bwoko bwa ballistic mu nyanja y'Ubuyapani, nkuko bivugwa n'Ubuyapani n'Amerika - ni ryo gerageza rya mbere rya misile nk'izo ribayeho kuva Joe Biden yaba Perezida w'Amerika.
Uku!-->!-->!-->…