Browsing Category
Umutekano
Abanyarwanda bakwiye kurindirwa umutekano, bakarindwa ubwabo byaba na ngombwa bakitangirwa.
Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko abanyarwanda bakwiye kurindirwa umutekano, bakarindwa ubwabo byaba na ngombwa bakitangirwa.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu butumwa busoza!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umurinzi wa 2 wa Bobi Wine nawe yagonzwe ahita avunika akaguru
Nyuma y’uko hagonzwe umurinzi wa Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine wiyamamariza kuyobora Uganda witwa Senteza Francis, kuri ubu hagonzwe undi witwa Ashraf, ahita avunika akaguru.
Amafoto y'umurinzi wakoze impanuka wagonzwe.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Umusore ukora umwuga wo gutwara abantu kuri moto arakekwaho kwica umukobwa yarangiza nawe…
Umusore w’imyaka 23 ukora umwuga wo gutwara abantu kuri moto, yasanzwe mu nzu arembye bikomeye irimo umurambo w’umukobwa, aho bivugwa ko uwo mumotari yaba ariwe wamwishe hanyuma akagerageza kwiyahura.
Uyu musore yari asanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
MINUSCA: Abasirikare batatu b’u Burundi baraye bishwe muri Centrafrique
Abasirikare b’Abarundi bari mu ngabo zagiye kubungabunga amahoro muri Centrafrique baraye bishwe "n’abarwanyi bitwaje intwaro bataramenyekana", nk’uko itangazo ry’Ishyirahamwe mpuzamahanga ONU ribivuga.
Ikusanyirizo ry’amakuru AFP!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Ukekwaho gusambanya abana b’abahungu 17 yasabiwe igifungo cya burundu
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gasabo ku wa 18 Ukuboza 2020 bwasabiye igihano cy’igifungo cya burundu umuntu utatangajwe amazina ariko bivugwa ko ari umusore w’imyaka 19 y’amavuko kubera icyaha akurikiranyweho cyo gusambanya!-->!-->!-->…
Kamembe: Umurambo w’umuntu utamenyekanye watoraguwe ku nkombe z’i Kivu.
Mu masaha ya saa mbili za mu gitondo kuri uyu wa Gatatu, mu Mudugudu wa Karambo, Akagari ka Cyangugu mu Murenge wa Kamembe ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu hagaragaye umurambo w’umugabo utaramenyekana wari mu mufuka.
Uyu murambo ukaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Abanyeshuri b’abahungu bari bamaze icyumweru bashimuswe barekuwe basubira mu miryango yabo.
Abanyeshuri b’abahungu barenga 300 bongeye guhura n’imiryango yabo, nyuma y’icyumweru bashimutiwe ku ishuri ryisumbuye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nigeria.
Abo bahungu bageze mu murwa mukuru Katsina wa leta ya Katsina!-->!-->!-->…
Ethiopia: Hashyizweho igihembo gituma abayobozi TPLF bahigwa bukware nyuma yimirwano imaze iminsi…
Ingabo za TPLF zikomeje guhigwa bukware.Minisiteri y'ingabo ya Ethiopia yatangaje igihembo cya miliyoni 10 z'ama-birr akoreshwa muri icyo gihugu (arenga miliyoni 253Frw) ku muntu wese watanga amakuru yatuma abakuru b'umutwe Tigrayan!-->…
Nyanza: Mme Speciose warwaraga isereri bamusanze mu murima yashizemo umwuka
Mu mudugudu wa Kadusenyi mu Kagali ka Mubuga, Umurenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza, mu murima hasanzwe umurambo w’umukecuru.
Amakuru y’urupfu rutunguranye rw’umukecuru witwa MUKANDINDA Speciose w’imyaka 66 y’amavuko wari !-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Abasore babiri barakekwaho kwiba mudasobwa z’ishuri bizeho rikabirukana kubera imyitwarire
Ndayishimiye William na Bisangwa Roberto bakekwaho kwiba mudasobwa z'ishuri bizeho bakirukanirwa imyitwarire mibi
Ku wa Kabiri tariki ya 15 Ukuboza, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Ngamba yafashe abasore!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwateye utwatsi ikifuzo by’umudepite wo muri USA wasabye KAGAME gufungura…
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye, yasubije ibaruwa ya Carolyn B. Maloney, Umudepite wo mu Nteko Ishinga Amategeko ya Amerika wandikiye Perezida Paul Kagame amusaba kurekura bwangu Paul!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi Umunyamakuru ushinjwa gufata ku ngufu umukobwa
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umunyamakuru w’imwe muri televiziyo zikorera mu Rwanda w’imyaka 26 y’amavuko akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha umukobwa imibonano mpuzabitsina ku gahato.
Amakuru yizewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Abakozi 13 b’Akarere bafunzwe bakekwaho kunyereza umutungo wa Leta bagizwe abere
Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwagize abere abakozi 13 b’Akarere ka Rutsiro na rwiyemezamirimo nyuma y’amezi bane bafunzwe bakurikiranyweho kunyereza umutungo wa Leta.
Uru rubanza rwasomwe mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ruzindana Eugene uyobora KAVUMU TVET School akurikiranyweho kunyereza arenga miliyoni 100
Bwana RUZINDANA Eugene uyobora ikigo kigisha imyuga k'i Kavumu arashinjwa gukoresha nabi umutungo w'ikigo yaragijwe no kunyereza arenga miliyoni ijana
Kuri uyu wa kane taliki ya 10 Ukuboza 2020 urukiko rukuru rwo mu Karere ka Huye!-->!-->!-->!-->!-->…