Browsing Category
Umutekano
Uganda: Ministri w’umurimo arashinjwa kurasa abayoboke ba mukeba we mu matora
Ministre w'umurimo mu Gihugu cy'Ubugande akurikiranyweho icyaha cyo kurasa abayoboke ba mukeba we bahanganiye mu matora.
Bwana MWESIGWA RUKUTANA byitezwe ko ari bwitabe urukiko kuri uyu wa mbere nyuma yo gutabwa muri yombi n'inzego!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Umukobwa w’imyaka 21 yasanzwe ku gasozi yapfuye
Abaturage bavuga ko uriya mukobwa yageze muri kariya gace yaguyemo (mu Mudugudu wa Kabeza, Akagali ka Kibirizi, mu Murenge wa Rubengera) ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, ngo bamusanze mu nzira ababwira amagambo asa n’aterekeranye.
!-->!-->!-->!-->…
Nyaruguru: Madame Francine akurikiranyweho kubyara umawna agahita amwica
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruheru, Bwana Pierre Uwimana avuga ko abaturanyi buriya mugore bari basanzwe bazi ko atwite inda nkuru nyuma baza kumubona atagitwite kandi atanonsa babyibazaho.
Nyuma y’igihe runaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Bategetswe kwambara ubusa buri buri ku karubanda nyuma yo gufatwa bari gusambana
Mu gihugu cy’Ubuhinde haravugwa inkuru y’umusore wafashwe asambana na nyirasenge bituma agace batuyemo kabategeka kwambara ubusa ku karubanda bagakaraba umubiri wose mu rwego rwo kwiyeza cyane ko ngo bakoze ikizira.
Abatuye mu cyaro!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Samuel yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo kwica umwana w’umugore we
Umugabo witwa Ngarukiye Samuel utuye mu Karere ka Nyanza yaraye atawe muri yombi kuri uyu wa Gatatu tariki 2 Nzeri 2020 akurikiranyweho kwica umwana avuga ko atari uwe, ngo umugore yatahanye inda ye.
Iri shyano ryabereye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo:Umuturage yatemye inka y’umuyobozi ushinzwe umutekano mu mudugudu atuyemo.
Mu murenge wa Rusororo mu kagari ka Mbandazi mu mudugudu wa Samuduha umuturage yatemye inka y'umuyobozi ushinzwe umutekano muri uyu mudugudu
Ibi byabaye kuri uyu wa 31 Kanama 2020 aho umuturage witwa BABONANGENDA Jean Claude!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuturage yafashwe yarenze ku mabwiriza ashaka guha ruswa umupolisi
Mu mpera z’iki cyumweru dusaza nibwo Uwimana Antoine yafashwe yarenze ku mabwiriza ya Leta yo kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19, yarimo gucuruza inzoga muri resitora ye. Abapolisi bakorera mu karere ka Rutsiro mu murenge wa!-->!-->!-->…
Karongi: Yishyikirije inzego z’ubutabera nyuma yo kwica se akoresheje agafuni
Umugabo w'imyaka 43 y'amavuko wo mu Karere ka Karongi uherutse kwica ise umubyara w’imyaka 81 ndetse n’umugore w’imyaka 61 bari baturanye, yaraye yishyikirije inzego z’ubutabera.
Ku cyumweru taliki ya 30 Kanama 2020 nibwo Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yerekanye Paul RUSESABAGINA washinze umutwe wa MRCD wigambye ibitero by’i Nyabimata
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rweretse itangazamakuru n'Abanyarwanda Bwana RUSESABAGINA Paul washinze umutwe wa MRCD urwanya Leta, umutwe wigambye ibitero by'i Nyabimata.
RUSESABAGINA Paul!-->!-->!-->!-->!-->…
NKUBITO Emmanuel wamuburaga rubanda abeshya ko ari umusirikare yatawe muri yombi
Polisi ikorera mu karere ka Kayonza mu murenge wa Mukarange mu kagari ka Kayonza ku makuru yatanzwe n’abaturage, abapolisi bafashe Nkubito Emmanuel w’imyaka 22 ukomoka mu karere ka Gatsibo, uyu yafashwe arimo kugenda afata abaturage!-->!-->!-->…
Ngoma: Bwana Evariste yarasiwe mu kabare arapfa nyuma yo gushaka kurwanya polisi.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Ngoma yarashe umusore witwa Nsengiyumva Evariste wari utuye mu Murenge wa Zaza wafatiwe mu kabari n’abandi bantu bari kunywa inzoga barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 ndetse n’ayo gutaha!-->!-->!-->…
Rubavu: Abantu batatu bakurikiranyweho ibyaha byo gukubita no gukomeretsa batawe muri yombi
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu yatangaje ko yataye abagabo batatu aribo Habimana Jean Pierre, Ndayisabimana Pierre na Hakizimana Jean bo mu karere ka Rubavu, mu murenge wa Kanama. Bakurikiranyweho gukubita no gukomeretsa!-->!-->!-->…
Nyagatare: Umushoferi yafatanywe ibiro 350 by’amabuye y’agaciro ya magendu.
Ku mugoroba wa tariki ya 19 Kanama Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Matimba yafashe uwitwa Twerekane Dieudonne w’imyaka 33. Yari apakiye amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa gasegereti ibiro 350, yari mu!-->!-->!-->…
Muhanga: Abajura bapfumuye ibiro by’umurenge bibamo byinshi harimo na mudasobwa Enye
Mu rukerera rwo kuri uyu wa kane tariki 20 Kanama 2020 ahagana saa cyenda z’ijoro, abajura bapfumuye ibiro by’Umurenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga biba mudasobwa enye ndetse n’ikarito yari irimo imiti yo kuvura inka zo muri gahunda!-->!-->!-->…
Ngoma: NIYONSABA wakoraga irondo ry’umwuga yaraye atewe icyuma arapfa
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Kanama 2020 ,mu Mudugudu wa Cyeru mu Kagari ka Kigabiro mu Murenge wa Murama mu Karere ka Ngoma, Uwitwa Niyonsaba Jean d’Amour wakoraga irondo ry’umwuga yatewe icyuma n’umusore w’imyaka 17!-->!-->!-->…