Browsing Category
Umutekano
Nyaruguru:Hari Abarwanyi baturutse i Burundi bateye u Rwanda mu ijoro ryakeye basubizwayo bamwe…
Minisiteri y’Ingabo y’u Rwanda(MINADEF) iravuga ko mu ijoro ryakeye ahagana saa sita n’iminota 20, hari abantu bitwaje intwaro bagabye igitero ku Ngabo z’u Rwanda(RDF) mu murenge wa Ruheru mu karere ka Nyaruguru.
Nyaruguru aho abo!-->!-->!-->…
Abapolisi 2,282 bazamuwe mu ntera, abagera kuri 261 boherezwa mu kiruhuko k’izabukuru
Kuri uyu wa 26 kamena, prezida wa Repubulika yazamuye mu ntera abapolisi bagera kuri 2,282 mu gihe abandi bagera kuri 261 bagiye mukiruhuko k'izabukuru. (Photo archive)
Nk'uko abyemererwa n'itegekonshinga rya Repubulika y'U Rwanda,!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera:Umujura wamburaga abantu abizeza kubaha akazi ku kibuga cy’indege cyiri kubakwa muri aka…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Kamena yafashe Nsabimana Jean w’imyaka 37. Uyu yagendaga yaka abaturage amafaranga abizeza ko azabaha akazi aharimo kubakwa ikibuga cy’indege mu Bugesera.
!-->!-->!-->…
Bugesera: Umubyeyi yatwitse umwana we amuziza kwiba ibishyimbo akaguramo ubushera n’amandazi
Umubyeyi wo mu Murenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera yatwitse umwana we nyuma y'aho yibye ibishyimbo mu rugo maze amafranga yavanyemo ajya kuyagura ubushera n'amandazi.
Mu gitondo cyo ku wa 22 Kamena 2020, ahagana saa Yine nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Meya w’Akarere bwahakanye ibyavugwaga ko bahishe amakuru y’ahajugunywe imibiri…
Meya w'Akarere ka Ruhango yateye utwatsi amakuru yavugaga ko ubuyobozi bw'akarere bwari buzi ko mu mbuga z'ibitaro bya Gitwe hajugunywe imibiri y'abishwe muri jenoside yakorewe abatutsi
Bamwe barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abantu bagera kuri 23 bafashwe bari gusengera mu rugo rumwe
Abantu 23 bafshwe bari gusengera mu rugo rwabo nyuma yo kurenga ku mabwirizwa ya Leta yo kwirinda ikwirakwizwa ry'icyorezo cya covid-19
Abantu 23 bose harimo abagore 12, n'abagabo 11 basengera mu idini rya ADEPR bafungiwe kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Habonetse imibiri y’abantu mu mbuga z’ikigo k’ishuri, birakekwa ko ari…
Habonetse imibiri itatu mu mbuga y'amashuri bikekwa ko ari iy'abatutsi bazize jenoside yakorewe abatutsi
Mu kigo cy'amashuri abanza cya Ecole Primaire Kavumu Adventist giherereyeye mu murenge wa Busasamana mu Karere ka Huye kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Yatawe muri yombi yuma yo gufatanwa ibiro 15 by’urumogi
Polisi ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano bafashe uwitwa Maniraguha Jean w’imyaka 32 y’amavuko, afatanwa ibiro 15 by’urumogi. Yafashwe ku wa Gatanu tariki ya 19 Kamena 2020 afatirwa mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Rubavu mu Kagari!-->!-->!-->…
Abiyitaga abapolisi bakuru bakiba abaturage batawe muri yombi
Aba bagabo bafashwe uko ari batanu, barimo abiyitiriraga kuba abapolisi bakuru. Ngo batumaga bagenzi babo kubashakira abantu bakeneye perimi bakabahuza nabo biyita abapolisi bakabasaba amafaranga babizeza kubabonera perimi. Nyamara ngo!-->!-->!-->…
Yatawe muri yombi nyuma yo kwica umugore akamumanika mu giti
Tshegofatso Pule wari umaze iminsi ine aburiwe irengero, umubiri we wasanzwe umanitse
Polisi yo mugihugu cya africa yepfo yataye muri yombi umugabo w'imyaka 31,ukurikiranweho kwicisha ibyuma umugore uherutse gusangwa amanitse mugiti.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamagabe: Abasambanya Abana bakomeje gutabwa muri yombi none umuyobozi w’ikigo nderabuzima nawe…
Umuyobozi w’Ikigo Nderabuzima cya Kibilizi mu murenge wa Kibilizi mu karere ka Nyamagabe yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 17 wari uje kuri iki kigo kwipimisha inda.
Akarere ka Nyamagabe mu Ntara ya majyepfo
Iki!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’iminsi 3 agerageje kwicisha umugore we umuhoro, Bwana Uwiringiyimana yatemye mugenzi…
Nyuma y'iminsi itatu gusa agerageje kwicisha umuhoro umugore bikanga, Bwana Uwiringiyimana yaraye yishe mugenzi we bakora umwuga umwe wo kurinda umutekano.
Umugabo w'imyaka 27 y'amavuko witwa UWIRINGIYIMANA usanzwe ukora akazi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngororero: Yishyize mu maboko y’abashinzwe umutekano nyuma yo kwicisha umugore we agafuni
Umugabo witwa Hakuzimana yishyikirije RIB nyuma yo kwica umugore we akoresheje agafuni
Umugabo witwa HAVUGIMANA Medard wo mu Karere ka Ngororero, mu Murenge wa Nyange, ufite imyaka 46 y'amavuko wari uherutse kwica umugore we!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Police yabashije kugaruza moto yari imaze iminsi yaribwe
Ku bufatanye n'abamotari, Polisi ikorera mu Karere ka Huye yabashije kugaruza moto yari imaze iminsi yaribwe
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 12 Kamena, Polisi y'U Rwanda ikorera mu Karere ka Huye yabashije kugaruza moto ya bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Abandi basirikare ba RDF bakurikiranyweho ibyaha byo guhohotera abaturage.
Abandi basirikare babiri ba RDF Bakurikiranyweho ibyaha byo guhohotera abaturage bo mu Murenge wa Nyamata
Ministeri y'Ingabo z'igihugu mu Rwanda yatangaje ko hari abandi basirikare bayo babiri bakurikiranyweho ibyaha byo guhohotera!-->!-->!-->!-->!-->…